Month: <span>August 2013</span>

Dorcas Consolation Family yateguye ijoro ryo guhimbaza Imana no gutanga

Dorcas Consolation Family yateguye ijoro ryo guhimbaza no gutanga ubuhamya (Night of Praise and Testimonies), gahunda yateguwe kubw’imyaka umunani uyu muryango wa Dorcas umaze ushinzwe, bikazaba kuwa gatanu, tariki ya 16/8/2013 kuri Lemigo Hotel, kuva saa moya z’ijoro, aho<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/dorcas-consolation-family-yateguye-ijoro-ryo-guhimbaza-imana-no-gutanga-ubuhamya/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Batangiye ari abahinzi none bafite uruganda rukora divayi

Mu mudugudu wa Birambo, Akagari ka Gaseke, mu Murenge wa Nyange ho mu Karere ka Ngororero, abaturage batangiye bahinga umurima w’inanasi, bibafasha kwiteza imbere none ubu bageze ku ruganda rukora divayi bise “Inyange”.   Uhagarariye uruganda rw’aba baturage bise<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/batangiye-ari-abahinzi-none-bafite-uruganda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amajyepfo: Abayobozi mu nzego z’ibanze baratungwa agatoki mu ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge

Ku wa gatanu mu isozwa ry’amahugurwa y’iminsi ibiri yaberaga mu Karere ka Muhanga yari yahuje abayobozi b’inzego zo kwicungira umutekano za Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, amahugurwa yari agamije kurebera hamwe ibyaha bihungabanya umutekano bigenda bigaragara hirya no hino mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amajyepfo-abayobozi-mu-nzego-zibanze-baratungwa-agatoki-mu-ikwirakwizwa-ryibiyobyabwenge/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Nyuma y’imyaka 40 yaraburiwe irengero we n’umuhungu we babonetse

Nyuma y’aho umufasha we ndetse n’abana be babiri baburiye ubuzima mu ntambara yahuzaga Vietnam na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, umugabo w’umuvietnam yahise yomongana n’agahungu ke kubera agahinda, none nyuma y’imyaka 40 bakuwe mu kigonyi biberagamo mu ishyamba. Umugabo Ho<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nyuma-yimyaka-40-yaraburiwe-irengero-we-numuhungu-we-babonetse/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Uwegukanye 24,000,000 za PGGSS III ni Riderman

Emery Gatsinzi uzwi cyane nka Riderman niwe wegukanye miliyoni 24 z’irushanwa rimaze amezi arenga abiri ribera mu Rwanda. Igihembo agihawe ahize abandi 10 bahatanye, na batanu basigaye bahuriye kuri Final none kuwa 10 Kanama 2013 kuri stade Amahoro i<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/uwegukanye-24000000-pggss-iii-ni-riderman/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Burera: Nsekerabanzi w’imyaka 91 yasezeranye na Nyiranzayino w’imyaka 71

Umusaza witwa Nsekerabanzi Daniel, ufite imyaka 91 y’amavuko, utuye mu murenge wa Cyanika akarere ka Burera, yasezeranye imbere y’amategeko n’umugore we ufite imyaka 71 y’amavuko kugira ngo babane byemewe n’amategeko. Ku wa Gatanu tariki 9 Kanama 2013 nibwo uyu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/burera-nsekerabanzi-wimyaka-91-yasezeranye-na-nyiranzayino-wimyaka-71/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Isabukuru nziza kuri Jeanette Kagame wizihiza imyaka 51 y’amavuko

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Kanama 2013, Madamu Jeannette Kagame, Umugore wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yujuje imyaka 51 amaze avutse. Jeannette Kagame yavutse tariki ya 10 Kanama 1962 ubwo ababyeyi be bari mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/isabukuru-nziza-kuri-jeanette-kagame-wizihiza-imyaka-51-yamavuko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abanyarwanda 51 bagarutse mu Rwanda bavuye muri Congo

Abanyarwanda 51 bagaze mu Rwanda bavuye mu gihugu cya Congo, aho bamaze imyaka 19 mu buhunzi. Bemeza ko byatewe no kutamenya amakuru y’ukuri ku bibera mu gihugu cyabo. Uwitwa Claudine yatangaje ko kubura amakuru y’ibibera mu Rwanda aribyo byababujije<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abanyarwanda-51-bagarutse-mu-rwanda-bavuye-muri-congo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

“Amasaha y’abirabura” byaje bite mu Kinyarwanda

Ijambo “amasaha y’abirabura” rimaze gusakara mu mvugo yacu y’ikinyarwanda, urahura n’umuntu wategereje undi akamubura ati :”iby’amasaha y’abirabura ntawabishobora” ;ugahura n’undi yakererewe akazi ati”dukora mu masaha y’abirabura”. Hari n’umwanditsi wigeze kwandika yibaza ati :”Ayo masaha y’abirabura agurirwa he ? Icyo kibazo nanjye nakunze kukibaza,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amasaha-yabirabura-byaje-bite-mu-kinyarwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 10 Kanama 2013

Ku munsi mukuru wa Eid (irayidi) uyu yaje kureba niba hari icyo bamuha. Photo/C Ndegeya Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM-- USEKE.RWIrambuye

en_USEnglish