Month: <span>August 2013</span>

Irushanwa rya Tusker Project Fame icyiciro cya 6 riraje.

Tusker Project Fame ni rimwe mu irushanwa rihuza abahanzi bakomoka mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba aho buri wese yerekana ubuhanga mu miririmbire ye, nyuma y’aho rimaze kuba inshuro zigera kuri eshanu (5) riragarutse ku nshuro ya gatandatu. Inkuru dukesha urubuga<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/irushanw-tusker-project-famme-icyiciro-cya-6-riraje/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuvugwa nabi kenshi bica intege ariko biba bigutegurira ibyiza –

Umuhanzi Gisa James umaze kumeneyekanya cyane nka Gisa cy’Inganzo nyuma y’aho akomeje gushyira hanze amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, aratangaza ko yari amaze igihe avugwa nabi ariko abona byaramuteye ishaba ryo guhirwa n’ibyo yifuzaga gukora. Mu kiganiro na<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kuvugwa-nabi-kenshi-bica-intege-ariko-biba-bigutegurira-ibyiza-gisa-2/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

22 nibo NSHIMIYIMANA Eric azifashisha mu gutegura umukino wa MALAWI

 Umutoza Eric NSHIMIYIMANA yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 22 bagomba gutangira imyitozo uyu munsi, mu rwego rwo kwitegura umukino wa gicuti ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi izakina na Malawi kuwa gatatu tariki ya 14 Kanama. Uyu mukino uri mu rwego<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/22-nibo-nshimiyimana-eric-azifashisha-mu-gutegura-umukino-wa-malawi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga: Umuziki mu kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko

 Inzu itunganya umuziki mu mujyi wa Muhanga ‘Touch Light Music’, ifatanyije n’itsinda ry’urubyiruko ‘Icyizere Group’ n’umuhanzi Bartheremy, bategura igitaramo kigamije kugaragaza impano z’urubyiruko muri mu zikika, insanganyamatsiko ni “Rubyiruko turwanye ibiyobyabwenge bitazatubuza kuzamura impano ziturimo.” Iki gitaramo cyari mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-umuziki-mu-kurwanya-ibiyobyabwenge-mu-rubyiruko/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Bénin: Abaminisitiri 26 bari muri guverinoma bose birukanwe!

Perezida wa Benin Boni Yayi yatunguye benshi ku mugoroba wo kuri uyu wakane ubwo yasohoraga itangazo ryirukana abaminisitiri bose bari muri guverinoma. Itangazo ryasohotse rigira riti “Guverinoma iraseshwe mu gihe hagitegerejwe gushyiraho indi.” Ubusanzwe guverinoma yarimo abaminisitiri 26, hasigaye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/benin-abaminisitiri-26-bari-muri-guverinoma-bose-birukanwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Rehoboth Ministries yongeye gutegura igitaramo “Praise and worship Explosion”

Ku nshuro ya gatatu, Rehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion”, kizaba ku cyumweru, tariki ya Kanama 2013, muri salle ya Christian Life Assemble(CLA) kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro. Abo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rehoboth-ministries-yongeye-gutegura-igitaramo-praise-and-worship-explosion/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

ISAE Busogo igiye guha impamyabumenyi abasaga 400

Ishuri rikuru ry’ubuhinzi n’ubworozi rya ISAE Busogo riherereye mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze riritegura gutanga impamyabumenyi ku nshuro ya karindwi ku banyeshuri bagera kuri 400 barirangijemo mu mashami atandukanye. Ubuyobozi bwa ISAE, bwatangaza ko aba banyeshuri bagiye<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/isae-busogo-igiye-guha-impamyabumenyi-abasaga-400/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Bamwe mu bahanzi b’abisilamu barishimira kuba bashoje igisibo

Mu gihe kuri iyi tariki ya 8 Kamena 2013 abisilamu basoje ukwezi kw’igisibo aho umuntu aba atemerewe kugira ikintu na kimwe ufata cyo kurya cyangwa cyo kunywa igihe ushakiye, bamwe mu bahanzi b’abayoboke b’idini yra Isilamu mu Rwanda barishimira<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/bamwe-mu-bahanzi-babisilamu-barishimira-kuba-bashoje-igisibo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Mr D yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘My Number One’ yakozwe

Umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,  Ntakirutimana Didace uzwi cyane ku izina rya Mr D yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ‘My Number One’ yakozwe na producer Licklick nyuma y’aho avuye muri ‘Press One’ yerekeza muri ‘More Records’.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mr-d-yashyize-hanze-amashusho-yindirimbo-my-number-one-yakozwe-na-licklick/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

U Rwanda rusanga impapuro zo gufata abahoze ari abayobozi ba

Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Johnston Busingye yatangaje ko impapuro zo guta muri yombi abahoze mu buyobozi bw’umutwe wa M23 bahungiye mu Rwanda zituzuye, ahubwo atumira mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) mu biganiro<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-rurasanga-impapuro-zo-gufata-abahoze-ari-abayobozi-ba-m23-zituzuye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish