Month: <span>August 2013</span>

Mbabajwe cyane n’umugabo wanjye ushobora kuba anca inyuma bikabije

Mbanje kubasuhuza,nimugire  amahoro y’Imana. Nkuko nkunda gusoma ibyo muugezaho nkanakunda kubona ababagana bagisha inama abasomyi bakabuganira mu buryo butandukanyenanye niyemeje kubegera ngo mungire inama,ariko ndabinginze ngo mutambutse ikibazo cyanjye kuko nkeneye inama zabantu batandukanye kandi badafite aho babogamiye bityo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/mbabajwe-cyane-numugabo-wanjye-ushobora-kuba-anca-inyuma-bikabije/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ngiye kubaka studio ‘Ibisumizi’ muri aya mafaranga nahawe- Riderman

Gatsinzi Emery, Riderman, nyuma y’aho hari hashize amezi agera kuri abiri n’indi minsi arikumwe na bagenzi be 10 akaza kwegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 ku nsuro ya 3 rimaze ritangiye, aratangaza ko amafaranga yatsindiye agera kuri<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ngiye-kubaka-studio-ibisumizi-muri-aya-mafaranga-nahawe-riderman/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ndasaba imbabazi buri muhanzi wese navuze nsezererwa muri PGGSS3- Kamichi

Umuhanzi Kamichi ubwo yasezerwaga mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 yavuze amazina ya bamwe mu bahanzi avuga bakomeje mu kiciro cya nyuma atahaga amahirwe ndetse yibanda ku muhanzikazi Knowless, ubu aratangaza ko asaba imbabazi kuri buri muhanzi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ndasaba-imbabazi-buri-muhanzi-wese-navuze-nsezererwa-muri-pggss3-kamichi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umunsi w’umuganura ntugihabwa agaciro nk’ako wahoranye

Buri mwaka tariki  ya 1 Kanama mu mateka y’u Rwanda abantu bashyiraga hamwe gashaka amasaka bagashigisha  ikigage bagasangira, ariko ubu ntabwo uyu muco ukibaho. Umusaza Karambizi w’imyaka 74 ubwo yagiranaga ikiganiro na UM-- USEKE ku bijyanye n’umuco wo kuganura, yadutangarije<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umunsi-wumuganura-ntugihabwa-agaciro-nkako-wahoranye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Iyo Knowless aririmba atya kuva mbere iki gikombe yajyaga kugitwara-

Umwe mu bakemurampaka bari bashinzwe gukurikirana imiririmbire y’abahanzi ndetse n’imyitwarire yabo kuri stage mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star3 ariwe Aimable Twahirwa, aratangaza ko uburyo Knowless yitwaye mu gitaramo cyo gusoza PGGSS3 ku itariki ya 10 Kanama<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/iyo-knowless-aririmba-atya-kuva-mbere-iki-gikombe-yajyaga-kugitwara-twahirwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Abanyarwanda bari kuva muri Tanzania bararaswa imyambi bakananyagwa inka

Rurangwa Alexis umwe mu batashye kuri iki cyumweru avuga ko Ben Celestin w’imyaka 26, yarashwe umwambi  mu mugongo n’abatanzaniya babarwanyaga babambura inka kuri iki cyumweru ubwo bari mu nzira bataha, Celestin ubu ari mu bitaro bya Kirehe. Rurangwa yagize<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/abanyarwanda-bari-kuva-muri-tanzania-bararaswa-imyambi-bakananyagwa-inka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Musanze: Umwe mu bayobozi b’ibitaro bya Ruhengeri arafunze, abandi babiri

Polisi yo mu Ntara y’amajyaruguru yataye muri yombi umwe mubabozi b’ibitaro bya Ruhengeri ushinzwe ubutegetsi n’imicungire witwa Muvunyi Jean Chrisostome akekwaho gucunga nabi ubukungu bw’ikigo, naho umucungamari Munyanziza Joseph. Uyu muyobozi yatawe muri yombi hagati muri iki cyumweru dusoje(kuwa<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/musanze-umwe-mu-bayobozi-bibitaro-bya-ruhengeri-arafunze-abandi-babiri-barashakishwa/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Urubyiruko rwungutse byinshi mu imurikagurisha ry’uyu mwaka

Bamwe mu rubyiruko rwitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga ryabereye mu Rwanda mu byumweru bibiri bishize,  ruratangaza ko rwungitse byinshi mu bijyanye no kumurika ibicuruzwa n’umubare w’abakiliya wariyongereye. Imurikagurisha ryaberaga i Gikondo kuva tariki ya 24 Nyakanga kugera ku ya 7 Knama.<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/urubyiruko-rwungutse-byinshi-mu-imurikagurisha-ryuyu-mwaka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kimihurura-Amazu ye yatejwe cyamunara ahitamo kwibera muri shitingi

Umuryango ugizwe n’umugabo, umugore ndetse n’abana 6, atuye mu mudugudu w’Ituze mu murenge wa Kimihurura, akarere ka Gasabo bamaze ukwezi kurenga muri shitingi kubera ko amazu yabo yatejwe cyamunara, baravuga ko itakozwe mu mucyo. Binama Esdor w’imyaka 48 y’amavuko,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/kimihurura-amazu-ye-yatejwe-cyamunara-ahitamo-kwibera-muri-shitingi/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish