Month: <span>August 2013</span>

Gen Kabarebe arasaba urubyiruko rwiga hanze kwita ku nyungu z’igihugu

Minisitiri w’Ingabo, Gen James Kabarebe yasabye Itorero ry’urubyiruko rw’Abanyarwanda rwiga mu mahanga rukurikirana inyigisho z’uburere mboneragihugu mu kigo cya gisirikare i Gako, gukoresha ubumenyi n’ubushobozi bagakomereza aho u Rwanda rugeze mu nzira yo kwibohora.   Gen James Kaberebe na<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/gen-kabarebe-arasaba-urubyiruko-rwiga-hanze-kwita-ku-nyungu-zigihugu/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Nyarugenge: Imikwabo ya Polisi yafashe 117 bakekwaho ibyaha bitandukanye

Mu ijoro rishyira kuwa gatatu tariki ya 7 Kanama, Polisi ikorera mu Karere ka Nyarugenge yakoze umukwabo mu Mujyi rwagati wo gushaka abanyabyaha batandukanye, ifata 117 bakekwaho kuba inyuma y’ibyaha bitandukanye bikorerwa mu Mujyi birimo ubujura, ubwambuzi n’ibindi. Mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nyarugenge-imikwabo-ya-polisi-yafashe-117-bakekwaho-ibyaha-bitandukanye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umunyabugeni wahize abandi muri EXPO2013 ni HIRWA DIANE

Ubwo EXPO 2013 yasozwaga kuri uyu wa 07 Kanama 2013 hahembwe abitwaye neza mu kumurika ibikorwa byabo. Hirwa Diane ubana n’ubumuga bwo kutumva ntanavuge niwe wahembewe kurusha abandi banyabugeni bamuritse ibyo bakora muri EXPO. Hirwa Diane yashimiwe ubuhanga n’ubushishozi<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umunyabugeni-wahize-abandi-muri-expo2013-ni-hirwa-diane/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

U Rwanda na Tanzania turi abaturanyi tugomba kubana mu mahoro-

Mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Louis Mushikiwabo yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, tariki 8 Kanama 2013, yatangaje kon’ubwo Tanzania ikomeje kwirukana Abanyarwanda, kimwe n’ibindi byose bishobora kubaho bigamije guhungabanya umubano w’ibihugu byombi, ngo u Rwanda rurifuza umubano mwiza na<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/u-rwanda-na-tanzania-turi-abaturanyi-tugomba-kubana-mu-mahoro-minisitiri-mushikiwabo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Iyi Eid al-Fitr ni iy’ubwiyunge ku basilamu mu Rwanda –

Mufti w’u Rwanda w’agateganyo Sheikh Ibrahim Kayitare mu masengesho yo gusoza igisibo gitagatifu cya Islam kuri uyu wa kane yabwiye abaislam mu Rwanda ko igisibo barangije ndetse n’uyu munsi mukuru wa Eid al-Fitr bikwiye kugarura ubumwe mu baislam mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/iyi-eid-al-fitr-ni-iyubwiyunge-ku-basilamu-mu-rwanda-shiekh-ibrahim/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Amaraso ari kugaruka abasirikare ba UN bari mu Rwanda muri

Kuba Jenoside yakorewe Abatutsi yarabaye abasaga miliyoni bakicwa, abarokotse bagasigarana ibikomere ku mubiri no ku mutima bibatera ihungabana rya hato na hato, iri hungabana ryageze no kubayikoze, ubu izi ngaruka ntizoroheye n’abari abasirikare b’umuryango w’Abibumbye zari mu butumwa bw’amahoro<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/amaraso-atangiye-kugaruka-abasirikare-ba-loni-bari-mu-rwanda-muri-jenoside/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Kuwa 08 Kanama 2013

Umukozi w’intebe mu gakinjiro arica inyota ari no ku murimo we. Aha aratunganya imyenda yo gushyira ku ntebe. Photo/P Muzogeye Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM-- USEKE.RWIrambuye

Indonesia: Indege yagonze inka

Indege itwara abantu mu gihugu cya Indonesia ubwo yari imaze kugera ku butaka iri mu muhanda wayo yagonze inka yagendagendaga mu nzira yayo. Iyi ndege ya kompanyi yitwa Lion yari itwaye abagenzi barenga 110 yagonze iiy nka ubwo yariho<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/indonesia-indege-yagonze-inka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Rihanna yamuritse inzuma z’agaciro ku menyo ye

Ubuzima by’ibyamamare ku Isi ntabwo busiba kuzamo udushya, ibintu by’imitako ku menyo (Grills) bireze cyane mu ba’star’ bakomeye ku Isi. Rihanna kuri uyu wa gatatu yerekanye iyi mirimbo ye nawe ubwo yashyiraga amafoto yabyo kuri internet. Ni imirimob y’izahabu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/rihanna-yamuritse-inzuma-zagaciro-ku-menyo-ye/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Lt Bugingo yitabye Imana bitunguranye i Darfur muri Sudan

Lieutenant Fidel Bugingo umusirikare w’u Rwanda wari mu ngabo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Sudan mu ntara ya Darfur yitabye Imana azize urupfu rutunguranye kuwa 05 Kanama 2013. Amakuru atangazwa na Umuryango.com aravuga ko Lt Bugingo yabarizwaga<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/lt-bugingo-yitabye-imana-bitunguranye-i-darfur-muri-sudan/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish