Month: <span>August 2013</span>

Zimbabwe-« Abatsinzwe amatora nibashaka baziyahure… ,» Mugabe

Mu ijambo rye rya mbere kuva yakongera gutorerwa kuyobora Zimbabwe, Robert Mugabe yamaganye ibitangazwa n’ishyaka batavuga rumwe rya Movement for Democratic Cange (MDC) riyobowe na Morgan Tsvangirai bari bahanganye mu matora. Perezida Mugabe yamaganye ibitangazwa na Ministre w’intebe Morgan<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/zimbabwe-abatsinzwe-amatora-nibashaka-baziyahure-mugabe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umufaransa wa Dan 6 yahuguye abakarateka bo mu Rwanda

Remera – Umwe mu bagize ishyirahamwe ry’umukino wa Karate mu Ubufaransa Patrick Dupeux akaba inararibonye mu mukino wa Karaté amaze icyumweru mu Rwanda ahugura abakarateka bakina Wado Ryu. Aya mahugurwa yashojwe kuwa 10 Kanama yarangijwe n’ibizamini ku bakurikiranye aya<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umufaransa-wa-dan-6-yahuguye-abakarateka-bo-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Super Cup bwa mbere muri Ruhago mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ku bufatanye na sosiyete y’ubwubatsi BABIL Group ikomoka mu gihugu cya Turukiya bagiye gutangiza bwa mbere mu mateka ya ruhago mu Rwanda igikombe cya Super Cup. Uyu mukino uzajya uhuza ikipe yatwaye shampionna<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/super-cup-bwa-mbere-muri-ruhago-mu-rwanda/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

BRD n’abo imaze guteza imbere mu imurikagurisha ry’iminsi 3

Kuva kuri uyu wa mbere tariki 12 Kanama kuzageza kuwa gatatu w’iki cyumweru, Banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) iri mu imurikagurisha ifatanije n’ibigo cyangwa abantu ku giti cyabo batejwe imbere n’inguzanyo yabahaye, ni murwego rwo kwizihiza imyaka 46 imaze<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/brd-nabo-imaze-guteza-imbere-mu-imurikagurisha-ryiminsi-3/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Akaga ko kwiyoberanya n’ingaruka zabyo

Kuva kera hagiye habaho ibihe byiza n’ibibi bigahora bisimburana,nyamara nubwo abantu bamwe bahuye n’ibirushya ntabwo bajyiraga imyitwarire imwe ku kibazo. Yewe hari abami n’ibikomangoma bagiye bahitamo izindi nzira bashaka intsinzi y’ibibazo babaga bafite nyamara ntibyabahiriye na gato.Iyi nkuru iragaragaza<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/akaga-ko-kwiyoberanya-ningaruka-zabyo/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Muhanga: Mayor arifuza ko umuturage yinjiza nibura 1000$ ku mwaka

Kuri uyu wa 12 Kanama, Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko bagiye kugabanya abakene bakava kuri 56.3% bakagera kuri 30% mu gihe cy’imyaka itanu. Yvonne Mutakwasuku uyobora aka karere yavuze ibi ubwo yatangizaga umwiherero agiye kugirana n’abakozi batandukanye b’aka<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/muhanga-mayor-arifuza-ko-umuturage-yinjiza-nibura-1000-ku-mwaka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Umuhanda wa gari ya moshi Mombasa-Kampala-Kigali muri 2018

Ibihugu bitatu byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, U Rwanda, Kenya na Uganda byatangiye umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi (Standard Gauge Railway) uzuzura utwaye akayabo ka miliyari 13 z’amadolari mu 2018. Umuhanda uzahuza imijyi itatu, Mombasa,<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/umuhanda-wa-gari-ya-moshi-mombasa-kampala-kigali-muri-2018/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Icyo nashakaga nakigezeho si ukwegukana igikombe- Mico The Best

Mico Prosper (Also Known As, a.k.a: Mico The Best) ukora injyana ya Afrobeat aratangaza ko kuba yaraje mu bahanzi 5 bakunzwe mu Rwanda ari ishema kuri we ndetse no ku bandi bahanzi nabo bakora Afrobeat. Mico yabwiye Umuseke ko<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/icyo-nashakaga-nakigezeho-si-ukwegukana-igikombe-mico-the-best/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Espoir Basketball club yatsinzwe n’Urunani ku mukino wa nyuma

Kuwa gatandatu w’icyumweru dusoje, Urunani Basketball club yo mu Burundi mu bagabo na Eagle Wings yo muri Kenya mu bakobwa zegukanye ibikombe n’amatike yo kuzahagararira Akarere ka gatanu mu marushanwa nyafurika azabera muri Cote d’Ivoire ku matariki 20-31 z’uku<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/espoir-basketball-club-yatsinzwe-nurunani-ku-mukino-wa-nyuma/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Police FC yanganyije na KCCA 2-2

Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe ya Police FC yo mu Rwanda  na KCCA yo muri Uganda, warangiye amakipe yombi anganyije ibitego bibiri kuri bibiri. Umukino wabereye kuri sitade ya Kigali i Nyamirambo tariki ya 11 Nzeli . Police<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/police-fc-yanganyije-na-kcca/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish