Month: <span>August 2013</span>

Nord-Kivu: Col. Bisamaza n’ingabo ze bavuye muri FARDC basanga M23

Kuwa mbere w’iki cyumweru tariki 12 Kanama 2013, umwe mu basirikare bo ku rwego rwo hejuru w’ingabo za Leta ya Congo “FARDC”, wari uyoboye ingabo mu gace ka Beni, Colonel Richard Bisamaza n’ingabo ze zisaga 60 n’abasirikare bakuru bakoranaga<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nord-kivu-col-bisamaza-ningabo-ze-bavuye-muri-fardc-basanga-m23/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Clinton yatangaje ko ashyigikiye ubuyobozi bwa Perezida Kagame

Uwahoze ari Perezida wa Leta  z’unze ubumwe z’America Bill Clinton aratangaza ko ibyo imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu itangaza ku Rwanda ruri mu nzira itari yo ngo ntabona ishingiro ryabyo kuko abona ubuyobozi bwa Perezida Paul Kagame buri mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/clinton-yatangaje-ashyigikiye-ubuyobozi-perezida-kagame/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

APR yatsinzwe na Ulinzi ibitego 4 kuri 1

Ikipe ya APR FC yahuye n’uruva gusenya mu mikino ya gisirikare iri kubera muri Kenya, iyi kipe ku mukino wayo wa kabiri yatsinzwe n’ikipe ya Ulinzi yo muri Kenya ibitego 4 kuri 1. Igitego kimwe rukumbi cyatsinzwe na Nsabimana<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/apr-yatsinzwe-na-ulinzi-ibitego-4-kuri-1/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Nyanza: Umugabo yatwikiye mu nzu umugore n’umwisengeneza we barakongoka

Polisi mu Karere ka Nyanza yataye muri yombi umugabo witwa Gashugi  ukekwaho kwica no gutwika uwari umugore we n’umwana yari abereye nyirasenge. Amakuru atangazwa na bamwe mu baturage batabaye ibyo bikiba avuga ko byabaye kuri uyu wa mbere kuya<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/nyanza-umugabo-yatwikiye-mu-nzu-umugore-numwisengeneza-we-barakongoka/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Urubyiruko rwimuka rurasabwa kuba umusemburo w’iterambere

Ku munsi mpuzamahanga w’urubyiruko wizihizwa tariki ya 12 Kanama buri mwaka, urubyiruko rwiga muri Kaminuza y’ubukerarugendo n’amahoteri (RTUC) rwaganirijwe n’abayobozi batandukanye muri za Minisiteri bashinzwe urubyiruko ndetse n’abayobozi b’Inama y’Igihugu y’Urubyiruko, ku bijyanye n’uburyo urubyiruko rwagira uruhare mu iterambere<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/urubyiruko-rwimuka-rurasabwa-kuba-umusemburo-witerambere/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Itariki y’ubukwe bwa Tom close akomeje kuyigira ibanga

Mu kwezi kwa karindwi byavuzwe cyane ko umuhanzi Tom Close yaba agiye kurushinga vuba n’umukunzi we Tricia. Nawe ariko akaba yarabwiye abanyamakuru ko uyu mwaka utazarangira butabaye. Itariki iracyari ibanga. Tom Close watwaye irushanwa rya PGGSS ya mbere mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/itariki-yubukwe-bwa-tom-close-akomeje-kuyigira-ibanga/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Sosiyete zizatwara abantu muri Kigali zatangajwe

Guhera tariki 30 Kanama 2013 imodoka zitwara abagenzi zo muma sosiyete atandukanye zizatangira gutwara abantu mu bice zagenewe mu buryo bushya bwo gutwara abantu bwatangajwe kuri uyu wa 12 Kanama 2013. Mu mujyi wa Kigali hari ikibazo kigaragara mu<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/sosiyete-zizatwara-abantu-muri-kigali-zatangajwe/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Green Party ikuye akarenge mu matora y’Abadepite

Ishyaka riharanira ibidukikikije na Demokarasi mu Rwanda “Democratic Green Party of Rwanda” rimaze gutangaza ko ritazitabira amatora y’Abadepite azaba muri Nzeli uyu mwaka wa 2013. Ibi bibaye mu gihe abantu benshi bari bakomeje kwibaza uko bizagenda dore ko ryemerewe<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/green-party-ikuye-akarenge-mu-matora-yabadepite/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Ababana n’ubumuga ngo bagiye guhagurukira uburyo bimwa ikizere

Kuri uyu wa mbere tariki 11/08/2013 kuri stade ntoya i Remera habaye umunsi wo kungurana ibitekerezo ku bantu babana n’ubumuga by’umwihariko urubyiruko, baganiraga ku nsanganyamatsiko  yo gupiganira isoko ku kazi n’abadafite ubumuga. Nkuko benshi babyivugira ngo ntako batakoze ngo<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/ababana-nubumuga-ngo-bagiye-guhagurukira-uburyo-bimwa-ikizere/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

Turkiya: Rwanda Volley U21 yatsinze Fenerbache mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Volley Ball y’abatarengeje imyaka 21 yatangiye imyiteguro irimo  itsinda umukino wa mbere wa gicuti yakiniye muri Turkiya. U Rwanda rwatsinze amaseti atatu kubusa(25-18, 25-22, 25-23) ikipe ya Fenerbache  yo mukiciro cya mbere. Iyi kipe y’Amavubi U<br /><br /><a href="http://www.umuseke.rw/turkiya-volley-u21-yatsinze-umukino-wa-mbere-wa-gicuti/">Soma ibikurikira... </a> »Irambuye

en_USEnglish