Month: <span>July 2013</span>

Hissene Habre yatawe muri yombi

Police mu gihugu cya Senegal yataye muri yombi Hissene Habré wahoze ari Perezida wa Tchad ugiye kubazwa iby’ubwicanyi bukomeye bwabayeho mu gihe cy’imyaka umunani yayoboraga Tchad. El Hadji Diouf umunyamategeko wa Habré avuga ko yavanywe mu nzu yabagamo i Dakar akajyanwa na Police ahantu hataramenyekana kuva kuri iki cyumweru. Habré w’imyaka 70 kuva mu 2005 […]Irambuye

Mgr Habiyambere yanenze abarezi batubahiriza inshingano

Mgr Alexis Habiyambere yihanangirije abarezi bigisha mu bigo bya kiliziya gaturika bakorera amafaranga batagaragaza umusaruro, yavuze ko abarimu bagomba guha abana uburere buhamye anasaba abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge n’ibishuko bitandukanye ku bana babakobwa. Mgr Habiyambere yabivuze mu mpera z’icyumweru gishize  mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka mirongo itandatu ikigo cya mutagatifu Pawulo kimaze gishinzwe(1953-2013). Abafashe ijambo […]Irambuye

Impinduka ku mikino ya nyuma mu gikombe cy'amahoro turwanya Malariya

Nyuma y’inama yahuje FERWAFA, abaterankunga b’igikombe cy’amahoro (Imbuto Foundation) n’abahagarariye amakipe azahatanira umwanya wa gatatu (APR FC na Bugesera FC) ndetse n’amakipe azahatanira igikombe (AS KIGALI na AS MUHANGA). Hafashwe umwanzuro w’uko itariki 04/07/2013 hari kuzakinirwaho umukino wo guhatanira umwanya wa gatatu ndetse n’umukino wo guhatanira igikombe yegezwa inyuma igashyirwa ku itariki ya 06/07/2013. Ibi […]Irambuye

Maze igihe kirenga umwaka nshaka gusomana n'umukunzi wanjye ariko yaranze

Muraho bakunzi basomyi! Mfite ikibazo kimpangayikishije nagishaga inama, ndabizi ko ndanyurwa n’ibitekerezo mumpa, Maze umwaka urenga nkundanye n’umwari kandi ndamukunda peee, ariko mfite ikibazo ko muri icyo gihe cyose nashatse kumusoma ariko akaba yaranyangiye ngo ni icyaha, kandi njye mba numva mbishaka ndetse rimwe na rimwe hari n’igihe nshaka kuba nabikorana n’abandi ariko nkumva nawe naba […]Irambuye

Uburyo indwara yo kuruka mu modoka yakwirindwa

Bamwe mu bana cyangwa abantu bakuru, bakunze kuruka igihe bagenda mu modoka, bamwe birabatungura abandi ugasanga barabimenyereye ku buryo bitwaza udutambaro cyangwa udushashi bifashisha mu gihe bahuye n’icyo kibazo. Iyi ndwara ituruka ku kudahuza hagati y’ibyo amaso abona n’ibyo ugutwi kw’imbere kumva. Icyo gihe, imitsi yakagombye kohereza ubutumwa ibukuye ku byo amaso abona, yohereza ubutumwa […]Irambuye

Icyo tutazabasha gukora tugitegereje mu rubyiruko – Kagame

Serena Hotel – Perezida  wa Repubulika y’uRwanda arasaba urubyiruko  gukoresha imbaraga  rufite  mu guteza igihugu imbere, bakirinda icyo aricyo cyose cyabasubiza  inyuma. Umukuru w’igihugu yabitangaje taliki ya 30/06/2013 mu nama nyunguranabitekerezo yamuhuje n’urubyiruko yateguwe na Imbuto Foundation. Perezida Paul Kagame, asoza inama y’urubyiruko bise ‘’Igihango cy’urungano’’ yagarutse ku mbaraga z’urubyiruko. Yavuze ko imbaraga urubyiruko rugira […]Irambuye

PGGSS 3 ibitaramo bya Live byatangiriye i Kigali. Amafoto

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga 2013 nibwo live Road shows zatangiriye mu mujyi wa Kigali aho abahanzi 11 bari guhatarira igikombe cya PGGSS3 biyereka abafana babo, banerekana ubuhanga bafite mu majwi yabo  bwite, kuko noneho bari bafite abacuranzi bagiye kubacurangira ubundi bakigaragaza kakahava. No hanze abantu ni uruvunganzoka bategereje kwinjira ngo birebere […]Irambuye

Ari mu maboko ya police akekwaho kwica umuvandimwe

Shema Jean Claude w’imyaka 26, yatawe muri yombi na Polisi yo mu Karere ka Rwamagana akekwaho kwica umuvandimwe we wo kwa se wabo witwa Mbarushimana Emmanuel nawe w’imyaka 26 biturutse ku makimbirane bagiranye akaba yari ashingiye ku mitungo. Nyakwigendera yari asanzwe yaracumbikiwe mu nzu n’umuryango wabo ariko biza kugera ubwo uyu Shema afatanyije na Nyirarume […]Irambuye

Brazil yandagaje Espagne mu gikombe mpuzamigabane

Ikipe ya Brazil (La Selecao) yaraye yegukanye igikombe mpuzamigabane itsinze ikipe ya Espagne ibitego 3 biyoroheye ku buryo abantu batari biteze. Ku munota wa kabiri gusa rutahizamu Fred yari yafunguye amazamu, ku munota wa 44  Neymar Junior Santos wabaye n’umukinnyi witwaye neza mw’irushanwa yashyizemo igitego cya kabiri igice cya mbere kirangira ari bibiri ku busa […]Irambuye

Kuwa 1 Nyakanga 2013

Kuri uyu wa mbere u Rwanda rurazirikana abagize uruhare mu bwigenge bw’igihugu. Ni urugendo rwahereye cyera. Niba nawe ufite ifoto YAWE WIFATIYE ifite ubusobanuro ukaba ushaka kuyisangiza abasomyi b’umuseke.rw yohereze kuri [email protected] UM– USEKE.RWIrambuye

en_USEnglish