Ku rutonde rwasohowe na Sellas Tetteh rw’Amavubi makuru azakina imikino isisgaye yo guhatanira ticket yo kujya mu gikombe cy’Africa 2012, haragaragaramo abakinnyi 4 bakiniye Amavubi U 17 mu gikombe cy’isi. Abo bakinnyi ni Marcel Nzarora (Nyezamu), Emery Bayisenge (Myugariro) n’abakinnyi bakinira muri Uganda Andrew Buteera na Charles Mwesigye Tibingana. Gushyira aba bana mu mavubi makuru […]Irambuye
FERWAFA yemeje ko shampionat ya Primus National Football League ya 2011-2012 izatatangira tariki ya 17/09 uyu mwaka. Iyi shampionat ikazabanzirizwa na Pre-Season tournament izatangira ku itariki ya 10/09/201, ikazahuza amakipe 4 yabaye aya mbere muri saison ishize ariyo; APR FC, Kiyovu Sports, Police FC na Etincelles FC Gahunda y’uburyo amakipe azagenda ahura yo ntabwo yashyizwe […]Irambuye
Gusinzira ni kimwe mu bintu by’ingenzi bifasha umuntu kugira ubuzima buzira umuze no kugubwa neza k’umubiri . Kandi no kutabona ibitotsi, kudasinzira bihagije ngo na byo ni bimwe mu bituma umubiri ubura amahoro, nyirawo agahora afite umunaniro udashira ndetse bikaba byanaba intandaro yo kudatunganya akazi ke neza cyangwa guhora ari umunyantege nke. Urubuga http://www.msnbc.msn.com ruvuga […]Irambuye
Ibi bihangange bitanu bikurikira nibyo byakoze ubukwe buhenze cyane mu kinyejana cya 21 kurusha abandi ku isi nkuko tubikesha people Magasine. 5. Paul McCartney & Heather Mills Ni ubukwe bwa 5 bwabaye kuwa 11/06/ 2002 Bwatwaye akayabo kangana na milioni 2.5 z’ama pound Ubu bukwe nabwo bwatwaye menshi mu cyayenge ugereranyije n’ubundi bwabubanjirije. Uwahoze ari […]Irambuye
Apostle Emmanuel GASANA ISRAEL usengera muri World Destiny Ministries, yatangarije umuseke.com ko yapfuye akazuka nyuma y’iminsi itatu. Yadutangarije ko tariki ya tariki 14/4/2011, Imana yamubwiye ko azapfa mu kwezi gutaha kwa gatanu, ariko ko urwo rupfu azarumaramo igihe gito ngo abone icyo nzabwira abari ku isi agarutse. Tariki 22/5/2010 nibwo Gasana Islael we yemeza ko […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere, ku nkengero z’ikirwa cya Lampedusa mu butaliyani habonetse imirambo y’abantu 25 bapfiriye mu bwato bwari butwaye abantu 296 bahunga bava mu gihugu cya Libya berekeza mu butariyani. Mu gihe abashinzwe inkombe ya Lampedusa batangaje ko impamvu y’uru rupfu itaramenyekana kandi ko ibizamini byo kwa muganga bikomeje, abagenzi bo bari muri ubu […]Irambuye
KOREA: Police yo muri koreya yataye muri yombi umugabo w’imyaka 39 ushinjwa gufata abakobwa bambaye utujipo dugufi tuzwi nka mini skirts cg mini jupes, police itangazako hashize amazi atandatu uyu mugabo ashakishwa kubera ababakobwa amaze igihe yibasira. Uyu mugabo uzwi ku kazina kamwe ka KIM akaba yaravumbuwe ubwo yashaka gufata ku ngufu umudamu w’imyaka 27 […]Irambuye
Ubwo yari ari mu mihango umuntu yagereranya n’umuganura aho akomoka mu birwa bya Barbados, Rihanna yagaragaye yambaye imyenda y’umuco gakondo w’iwabo yerekana ikimero cye cyose. Mu mihanda aho iyi mihango yaberaga, amaso yose yari kuri Rihanna uyu muhanzikazi ufatwa nk’umwamikazi iwabo muri Barbados. Rihanna yishimanye n’abaturage aho iwabo, biruka mu mihanda bishimira uwo munsi bita […]Irambuye
Umwe mu baranga aho ibiyobyabwenge biri I Londres uzwi cyane, niwe wemeje ko Amy Winehouse bari bajyanye kugura Heroin na Crack mbere y’uko yitaba Imana. Tony Azzopardi, wahaswe ibibazo na Police kuri uyu wa mbere, yiyemerera ko Amy Winehouse yaje kumureba tariki ya 22 ukwezi gushize ngo amurangire aho yagura ka Heroin keza, ku gicamunsi […]Irambuye
Amakuru dukesha bamwe mu banyarwanda baba mu Bubiligi, kimwe mu bihugu by´I Burayi bituwe n´umubare munini w´abanyarwanda ,aratangaza ko amashyaka arwanya ubutegetsi bwa Kigali RNC na FDU INKINGI yaba atorohewe n´ikibazo cy´irondakarere ndetse n´urwikekwe hagati mu bayoboke bayo. Irondakarere rivugwa mu bayoboke b´iyi mitwe rikaba ngo risa niryariho mbere gato ya Genocide mu Rwanda aho […]Irambuye