Digiqole ad

Umugabo arashijwa kwibasira abakobwa bambaye utujipo tugufi (mini skirts)

 KOREA: Police yo muri koreya yataye muri yombi umugabo w’imyaka 39 ushinjwa gufata abakobwa bambaye utujipo dugufi tuzwi nka mini skirts cg mini jupes, police itangazako hashize amazi atandatu uyu mugabo ashakishwa kubera ababakobwa amaze igihe yibasira.

Uyu mugabo uzwi ku kazina kamwe ka KIM akaba yaravumbuwe ubwo yashaka gufata ku ngufu umudamu w’imyaka 27 hafi ya apartment muri province yitwa Chungcheong nuko kubera gukirana cyane n’uyu mudamu yamusize ari intere ku buryo umudamu bamushize mu bitaro amaramo ibyumweru bitatu abona gutora agatege.

Mwiperereza rya police rigaraza ko yafashe abakobwa barindwi muri ubu buryo uhereye mu kwezi kwa kabiri kandi abo yafashe bose ngo babaga bambaye utujipo twavuzwe haruguru.

Police rero ikaba yaramumenye kubera amwe mu mashusho y’ibyuma bifata amashusho (Cameras) yo ku muhanda ndetse namwe yo munyubako aho ashobora kuba yarakoreye ayo mahano.

Uyu mugabo amaze gutabwa muri yombi yatangaje ko we rwose ntawa murenganya ngo kuberako atashobora kwihangana abonye umukobwa wambaye akajipo kagufi, ngayo nguko bakobwa mwambara utu tujipo nkutwo murajye muri menge murumvako hari abatabasha kwibyihanganira.

Ntagimba Oscar
Umuseke.com

14 Comments

  • Nk’uwo mukobwa wo hejuru muciye urwaho nayishyiramo da.

  • ubu iyo abonye imbwakazi ko nta n’icyo ziba zakinzeho umurizo zawuteye hejuru nazo azigenza uko agenza bariya bakobwa?

    • URASHAKA KUVUGA KO SE ABAMBARA KURIYA BABA BABIKUNDIYE KO IMBWAKAZI ARIKO ZAMBARA

      • HA HA HA HA HA HA HA HA HA HA….

  • Ntibworoshye!

  • Umuntu yambara umukandara wonyine akajya mu muhanda!!!!!
    Bahungu mwe!!!

  • nakaga mbambaroga!ubuse abahungu turabigenza dute koko,uwamufata ntibamurenganya kuko nibyo yashatse nawe.ibyo ntibizagere mu RWANDA koko birakabije

  • mbandoga rwankomokomo!!!!uyu numukobwa ndababwiye,icyakora uyumu tippette araremetse pe!uwamuzana inaha ngo abyumve neza

  • ukuri we, ibintu uvuga kontagihamya mbona??????????????

  • Sha rwose uriya mugabo sinamurenganya
    Ahubwo nange muciye urwaho nayimutambika(RUTAHIZAMU) ubundi nkategereza nkareba uko biri bugende.

    Uzi umuntu ukurisha umubiri sh????

  • icyo nzi cyo bene nkaba i Kigali barahari ejobundi nitambukira i Nyamirambo hariya kuri COSMOS narababonye. Gusa njye nagiriwe ubuntu simfatiraho ariko rero barahari. Uretse ko burya uwiyambitse ubusa mu muhanda njye mbona atamvana no mu nzira. None se ko aba yashyize ku karubanda hari ikiba kigiteye amatsiko cyo kujya kurebaa. Uzarebe burya hari abantu abadakund abazungu kubera basa kuva ku rwara kugeza ku gutwi. Ariko uzarebe umukobwa mwiza w`umwirabura-reka noye kuvuga w`umunyarwandakazi. Uko uzamuka gato uva mu ntege ugenda ubona haz aagashya bityo ukarushaho kugira amatsiko, ugakomeza uti ndashirwa ngezeyeo……

  • mukunda ibibi gusa,ese uwambaye ubusa iyo umubonye bigutwara iki?jya ugira amatsiko yagahishe,naho byandaraye mubirekere abashinzwe isuku wana………

  • PRAISE UVUZE NEZA.UMBAYE KURE MBA NZIKOZEMO PE,ARIKO RERO NABO NTIBAGAKABYE,JYE BIRIYA IYO MBIBONYE NDASENGA CYANE NGO “IKI GIKOMBE UKINDANZE MWAMI”

  • ntabwo byoroshye kwihaNGANIRA ABO BANA, ARIKO NABO NTIOBAKAGENDERE KUKO BAREMWE NGO BACUMUZE ABANDI. CYAKORA UKO BIRI KOSE, TWE ABASORE DUKWIYE KWIHANGANA KUKO NITUDATINYA AMATEGEKO, IMANA N’ABANTU, BAZADUHAMBIRA KANDI ABO BARI BO NTACYO BAZABABAZA. GUSA TUGIRE UBWENGE KUKO KUBAHA UWITEKA NIBWO BWWENGE KANDI KUVA MU BYAHA NIKO KUJIJUKA. NIBAMBATRE UBUSA, ICYO NZI CYO NI UKO BAZIFUZA KWAMBARA BITAGISHOBOKA. GUYS, ABO BANA TUBIME AMASOTU!!!

Comments are closed.

en_USEnglish