Rihanna mu myambaro ikurura benshi I Barbados: Photos
Ubwo yari ari mu mihango umuntu yagereranya n’umuganura aho akomoka mu birwa bya Barbados, Rihanna yagaragaye yambaye imyenda y’umuco gakondo w’iwabo yerekana ikimero cye cyose.
Mu mihanda aho iyi mihango yaberaga, amaso yose yari kuri Rihanna uyu muhanzikazi ufatwa nk’umwamikazi iwabo muri Barbados.
Rihanna yishimanye n’abaturage aho iwabo, biruka mu mihanda bishimira uwo munsi bita “Kadooment Day” cyangwa Crop Over.
Mu kwezi kwa gatandatu gushize, byemejwe ko Rihanna (Robyn Fenty) ari we ambasaderi (Official Ambassador) w’igihugu cye cya Barbados.
Ku wa gatandatu ushize, ubwo yahasesekaye aje mu birori by’uyu munsi, byabaye kuri iki cyumweru, yanditse kuri twitter ye ati: “My home, my country, my people….BARBADOS!!! 1LOVE”
Jean Paul Gashumba
Umuseke.com
44 Comments
ateye ishozi gusa
ubuki burarura weee!!!
rihana arakabya nawe mu myambarire sinze icyo aba agamije
ego mana imico iragwira muri iyi si yi mana.
bajya bavuga ngo amoko aragwira ngo hari nataramukanya nkagirango naho burya nibyo. uyu mutegamazera se ari mubiki.
NGUVU ZA GANJA!!!
Mbega umukobwa uteye ubusambo. Wamumpa ngo munyaze weeeee…, yarapfubye pe.. Ariko nyuma yo kunywa Ganja hakurikiyeho guswerana tuuuuu.
Ahaa umutype ntiyabyunmgukiyemo akikaraga inyuma y’amabuno ya Rihana si ukwikaraga karahava!
Ariko mukora comments mutanabanje gusoma titre mubonye ari Rihanna wenyine se ubyambaye cyangwa ni umuco w’ iwabo? harya ngo nta cyiza cyamuvaho? namwe ntimugakabye agahugu umuco akandi uwundi kandi mujye muba civilise pls
icyo wita kuba civilise ni ukubyina baterana ibibuno se?illuminati imaze kugera k ntego yayo pe
civilisee zawe zijyane hirya, ibyo urabyifuza mu rwanda wowe, shiiiiiit, mwifatiye abanenga ibib ngo nta go ali civilisee, abantu bambara biriya nibo batari civilisee, ni myanbarire yo bihe bya kera abantu batarabona imyenda, naho ubu nous sommes civilises twambara imyenda ihisha ubusa
Amata ntaryoha!!!
reka uyu si umuntu]
She’s so sexy ntamuhungu utabizi,kwambara kuriya even if n’umuco wabo n’ugutera ibitekerezo bibi.abandi bashizemo amakariso agaragara we nuko ari rihanna nyine ashiramo string.
iyi ni iminsi ya nyuma kubona umuntu yambara ubusa hakaboneka n’abanyarwanda bumva bamushyigikiye ngo ni civilisation, mwene ibi bibiriya ivuga ko ari icyaha ibyita iby’isoni nke,twirinde
Mwivuye inyuma mumuvuga nabi. Tujye twiga kubaha no kudacira urubanza imico y’abandi. Abakobwa bacu batega amaboko bateye amabere imbere n’ibibuno inyuma bazunguza nabyo uri uw’ahandi bishobora kugutera ishozi nk’uko hari uwabivuze. Ngayo nguko
ukaba ubogamiye he, byiza cg bibi? kimwe muri icyo
Sha Kamuzinzi,wararezwe cyangwa warorowe?Mbega amagambo ateye isoni wanditse!!!!Sinzi imyaka n’ubumenyi bwishuri ufite,ariko rwose,wumvikanye nkijiji kandi inywa urumogi.Si ukugutuka,ariko usa nkaho utazi ko iyi ari a social medium ihuriraho abantu,amagana.
Nseubire kuri Rihana,ibyo yakoze ni agahoma munwa.
Wamenya ari ibiki!
plz! nta kuntu mwajya mutoranya comment kweli? ibiteye isoni mukabi cancelinga? ndabaza.
BATORANYE COMMENTS? CYANGWA BATORANYE INKURU?????
kuko inkuru yo idateye isoni??? niba inkuru iteye isoni ni gute cmnt zaba nziza??? hein
Plz kuba civilise ntabwo bivuga kwambara ukageza kariya kageni,hari nabandi nkawe bammbara nabi,ex:-(Lady gaga,nabandi.Biragaragarako les illuminates bamae kugera kuntego yabo.Imana izaduhe iherezo ryiza.Mukomere
NI INDE UGIHAKANA KO “IMYUKA MIBI” ITABAHO????
KEREKA NIBA “IKIBI” GIKURWAHO “N’UMUCO???”
@ KAMUZINZI: IBYO UVUGA UBA WABANJE KUBITEKEREZAHO KOKO? URUMVA IBYO AKANWA KAWE KAVUGA HARICYO BYAMARIRA ABARI KURI IYI SOCIAL NETWORK KWELI… ABANTU UBANA NABO BIGARAGARA KO NTACYO UBAMARIRA MU BITEKEREZO SI UKUGUTUKA AHUBWO NUKUKUGIRA INAMA KO UGOMBA KUTYUNGURURA AMAGAMBO YAWE HANYUMA UKAVUGA IBYUNGURA… NSUBIYE KURI RIHANNA IBYO YAKOZE UBWO NIKO UMUCO WIWABO UBATEGEKA ARIKO NANONE ABANYARWANDAKAZI BARAMENYE BEKWIGANA UMUCO WAHANDI KUKO INGENDO Y’UNDI IRAVUNA… IMANA IFASHE U RWANDA
Imana itubabari peee!byabaye byarahanuwe bireke bibe ntacyBIBUZA ARIKO BIGIYE KURANGI.
NTAKUNDI UYU SI UMUCO PEEEE!!!!! IS THE ILLIMUNATE PLAN IN THIS SEASON
DORE RIHANA YAMBAYE AMAHEMBE NONE ABABIHAKANA MURAREBA ADAFITE ICYO ASOBANUYE SE?EREGA BIRAGOYE KUBYIYUMVISHA NA KIRIYA GIKOMBE CYUMUTUKU ICYO GISOBANUYE NACYO.TWIBAHE IMANA.
nubwo yambaye ubusa ateye neza reba amaguru ye n’ikibuno
mbega umwana uswereketse weeeeeeeeeeeeeeeeeee,uwamumpa nanjye nkamuswera rwose
mbere yabyose ndabanza nsabe kamuzinzi ajye yihangana ashyire akanyabupfura wenda gake mubyo avuga!naho Rihanna ntacyo atwaye kimwe nuko ntacyo amaze!
uvuze ukuri ntacyo amaze byo
Yari akajyama kari kamununiriye inyuma
Ndakurahiye mumaguru byari byacitse wa mugani wa KGB
ariko se umuco wabo urabyemera ngo nimwe mupinga, ko abanyarwandakazi bakuna ko bitabatera ikibazo, Rihanna shez sexy,rich and beautiful so mwijyeho abatamukunda!!!
Igisambusa weeee
isi yo irarangiye kabisa!!!
syii we ibi birara byibikobwa turabigira dute banaa naho kamunzinzi we mumubabarire nawesi we umuntu agaragarira mu bimuvamo!! gusa nkwifurije kuva mu egiputa
Ni ingaruka za kaya nubwo ateye appetit
Jye ndumiwe binteye kwibaza kumco,imyambarire,iyobokamana.
What interest to Banyarwanda?only change our minde,hari ibitatureba mutagombye kutwereka
muhame hamwe abatekereza nka rihanna isi izabote ngo n’umuco s’ubwo muzi umuco icyaricyo? mugumye muteshe agaciro ibintu byanyu. ahaa!dore ahonibereye.
umuntu ajye avuga uko abyumva naho kwambara nuburenganzira bw’umuntu naho kwerekana inkuru ni uburenganzira bw’abanyamakuru
abagira inkwi barya ibihiye,Rihanna ateye neza pe ntawe utabizi kdi ni umuco wiwabo,ufite ibyiza arabirata ari nka mukarijanga ntiyabikora
Ntawe utazi uwo Rihanna akorera,ahubwo babye mukunda abana banyu mubarinde kureba amafoto nk’aya ibyago nk’ibi bitazataha murwagasabo.
Isi irashaje !!!!!!!!1!!!!!!!!
Comments are closed.