Month: <span>May 2011</span>

Rwanda:13 Gicurasi 1994-13 Gicurasi 2011

Mu  gitabo cyitwa: LA FRANCE AU COEUR DU GENOCIDE DES TUTSIS cyanditswe n’umugabo witwa: JACQUES MOREL uretse kuba ari igitabo gitanga amakuru ahagije kuri jenoside ubwo yaririmo iba kuva tariki ya 6 Mata 1994, iki gitabo kinatanga andi makuru kubyabanjirije ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe abatutsi! Ku itariki ya 13/05/2011 umunsi uhura neza neza […]Irambuye

Kitoko ntakiri muri PRIMUS GUMA GUMA

Umuhanzi Kitoko Bibarwa Patrick ntakitabiriye amarushanwa ya Primus Guma Guma Superstar kubera amasezerano yagiye asinya ahandi, nkuko byatangajwe n’abakuriye iri rushanwa bo muri Bralirwa. Uyu muhanzi akaba yahise asimbuzwa Faycal nawe umenyerewe mu njyana nyafrica za hano mu Rwanda. Mu bandi bahanzi batararangiza gusinya amasezerano na Bralirwa yo guhatanira umwanya wa mbere, harimo TOM Close ngo […]Irambuye

Burundi mu kwigana USA bugatera Congo

Igihugu cy’Uburundi cyafashe umugambi wo gufatira urugero ku gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika mu rwego rwo kureba uko bafata Agathon Rwasa bamukuye muri DRCongo nta ruhushya. Nyuma y’aho umutwe  udasanwe w’ingabo z’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika ziciye Osama Ben Laden zimusanze mu guhuu cya Pakistan, igihu cy’Uburundi cyatangaje ko kigiye gufata  […]Irambuye

Imodoka ihenze ku isi

Imodoka ihenze ku isi iragura miliyoni £1.77 Iyi modoka yasohotse uyu munsi ni Lamborghini Sesto Elemento, yasohowe n’uruganda rw’abataliyani rwa Lamborghini. Hashize imyaka irenga 10 uruganda rw’abadage rwa Bugatti ari rwo rufite imodoka ihenze kandi inyaruka kurusha izindi ya Bugatti Veyron. Lamborghini, uruganda rw’abatariyani, ikaba yasohoye ihenze ho $280,090  kurenza Bugatti Veyron, iyo ni Lamborghini Sesto […]Irambuye

Besigye yahageze nka Yesu i Yeruzalemu

Kampala: Kuri uyu munsi tariki 12 gicurasi 2011, umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Dr Colonel Besigye yashyize arataha, ni  nyuma y’uko ku munsi w’ejo yari yahejejwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Jomo Kenyatta i Nairobi abuzwa gutaha. Uyu mugabo yageze Kampala  mbere y’amasaha make ngo Perezida Yoweri Museveni arahirire ku mugaragaro kuyobora Uganda ku nshuro ya […]Irambuye

Imyanzuro Inama y’abaminisitiri

Imyanzuro Inama y’abaminisitiri yo kuwa 11 05 2011 Inama y’Abaminisitiri yatangiye yifuriza ikaze Abaminisitiri n’Umunyamabanga wa Leta bashya binjiye muri Guverinoma. 1. Inama y’Abaminisitiri yemeje Imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku itariki ya 20/04/2011, imaze kuyikorera ubugororangingo. 2. Nyuma y’isuzuma ryakozwe, Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro yafashwe mu rwego rwo guha abanyeshuli 13.255 batishoboye biga mu mashuli […]Irambuye

Haruna na Iranzi i Burayi?

Abakinnyi babiri ba APR Fc aribo Haruna Niyonzima na Iranzi jean Claude bashobora kwerekeza ku mugabane w’uburayi mu bihe bya vuba.   Kugeza ubu, amakuru aturuka mu buyobozi bwa APR atangaza ko umukinnyi Haruna Niyonzima agomba kwerekeza mu ikipe ya Laukeren yo mu bubiligi gukorerayo igeragezwa ry’icyumweru kimwe. Umukinnyi nyir’ubwite nyuma y’umukino w’igikombe cy’amahoro waraye […]Irambuye

Espagne :Umutingito wahitanye 10

Umutingito ufite ubukana buri kuri gipimo cya manyitude 5,3 watigishije agace ka Murcie, mu majyepho y’ uburasizaba bwa Espagne, uhitana abantu 10. Uyu mutingito wabaye mu ma saa 18h47 wabanjirijwe n’undi muto mu ma saa  17h05, ukaba wo mwari ku gipimo cya 4,4. Televiziyo ya Espagne yagaragaje amashusho y’ inyubako zikuze , ndetse n’icyuma cy […]Irambuye

Inde: Igitaramo cy’abanyarwanda

Abanyarwanda baba mu Buhindi ngo ntibicaye ubuse ibi ni ibitanganzwa na APP uzwi  inaha ku izina rya Benjamin ubwo yadutangarizaga ibijyanye n’ibirori birimo gutegurwa ku itariki ya 20 Gicurasi 2011 ahitwa AR MAHAL. Ikigitaramo kikazitabirwa n’abahanzi banzi mu Rwanda harimo Young Junior wamenyekanye cyane mu ndirimbo ze nka Ishyamba si ryeru, Umucakara w’ibihe yakoranye na […]Irambuye

Kwisegura kubakunzi b’Umuseke.com

Ku basomyi b’urubuga Umuseke.com, tubanje kubashimira kwihangana mwagize igihe urubuga rwanyu kandi rwacu Umuseke.com rutabonekaga ku murongo.   Nkuko mudahwema kubitugaragariza ko munyurwa n’amakuru tubagezaho, ndetse mugatanga ibitekerezo byanyu byubaka kugira ngo rurusheho kubanogera kurushaho, byaduhaye ingufu zo kurushaho kunononsora imikorere. Ni muri  urwo rwego rero twahinduye Host kuko uwo twakoranaga yagize ibibazo akaba ari […]Irambuye

en_USEnglish