Month: <span>April 2011</span>

Umuhanzi PAF-K: mbazaniye album nshya.

PAF-K ni umuhanzi w’umunyarwanda utuye mugihugu cy’ubutaliyani mu mujyi witwa vercelli ku nkengero za Milan .Twaganiriye nawe atugezaho gahunda afite muri yiminsi cyane ko twari duherutse kubona indirimbo yakoranye nu ndi muhanzi kazi ubarizwa muri leta zunze ubumwe z’ America witwa Jeanne d’arc Umumararungu AKA Dada Cross. Yatangiye atwibwira UM– USEKE.COM: ushobora ku twibwira? PAF-K: […]Irambuye

Indwara y’iseru yibasiye intara 5

RDC: Guverinoma iremeza igaragara ry’indwara y’iseru mu ntara eshanu Muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo haravugwa indwara y’iseru yibasiye intara zigera kuri eshanu biturutse ku kuba ngo hashize imyaka ibiri muri iki gihugu badatanze urukingo rw’iyi ndwara. Inkuru dukesha radio Okapi ivuga ko mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatandatu minisitiri w’ubuzima Victor Makwenge yayitangarije […]Irambuye

Iwawa si gereza, ni ikigo ngororamuco.

Nkuko byagaragaye mu nkuru y’ikinyamakuru newyorktimes cyo muri leta nzunze ubumwe z’amerika, aho banditse ko iwawa ari gereza yo mu Rwanda ifungirwamo abakoze ibyaha bikomeye ndetse bakaba banafatwa nabi bishoboka. Minisiteri y’urubyiruko yateguye uruziduko ku kirwa k’iwawa mu rwego rwo kwereka abanyamakuru, ibibera iwawa ndetse n’imibereho y’abana bari muri icyo kigo ngororamuco. Mu rubyiruko twahasanze […]Irambuye

AMAVUBI U23 i “WEMBLEY Stadium”

”Gahunda yacu ni ukotsa igitutu; n’ikizamini kitatworoheye ariko tugomba guhangara.”Tetteh. Amahirwe yo gukinira imbere y’abafana 90 000 muri stade y’icyamamare WEMBLEY Stadium iri mu mujyi wa LONDON, ku mukino wa nyuma w’imikino olempiki umwaka utaha, arabarirwa mu minota 90 gusa. Nta kundi guhitamo umutoza Sillas Tetteh afite uretse ugutsinda ikinyuranyo cy’ibitgo 3 mu mukino ugiye […]Irambuye

AMAVUBI U23 i “WEMBLEY Stadium”

”Gahunda yacu ni ukotsa igitutu; n’ikizamini kitatworoheye ariko tugomba guhangara.”Tetteh. Amahirwe yo gukinira imbere y’abafana 90 000 muri stade y’icyamamare WEMBLEY Stadium iri mu mujyi wa LONDON, ku mukino wa nyuma w’imikino olempiki umwaka utaha, arabarirwa mu minota 90 gusa. Nta kundi guhitamo umutoza Sillas Tetteh afite uretse ugutsinda ikinyuranyo cy’ibitgo 3 mu mukino ugiye […]Irambuye

Chipolopolo Boys U23 mu mazi abira

Chipolopolo Boys U23 mu mazi abira?”Twagerageje gutumaho bose ariko Lungu Chisamba, bishobotse na Emmanuel Mbola nibo bonyine dutegereje.” umutoza mukuru Lucky M’siskaMu mukino wo kwishyura, ikipe ya ZAMBIA ihagaze ku bitego 2 iri mu mazi abira nyuma y’uko benshi mu bakinnyi bayo batari bubashe kwitabira uyu mukino. Haravugwa Fwayo Tembo (FC Basel)Stopilla Sunzu (TP Mazembe), […]Irambuye

Impanuka 3 zikomeye mu masaha 24

Muri iyi week end Umuseke.com wamenye impanuka 3 zikomeye, imwe yabereye mu mujyi wa Huye indi mu mujyi Ruhango ndetse n’ind mu mujyi wa Kigali. Ahagana mu ma saa mbiri z’ijoro ejo i Huye imbere y’urwibutso rw’abazize genocide rwa kaminuza nkuru y’u Rwanda, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Helux yagonze umugore ahita yitaba Imana […]Irambuye

Yafashe imbunda nyuma ya ruhago

Inkuru dukesha dailymail n’uko umugabo Lee Crooks w’imyaka 34, azwi cyane muikipe ya Manchester city nk’umudefanseri (Defender) ndetse no mu ikipe y’igihugu y’abongereza, ubu ari kwitegura kujya kurwana n’abataliban mu gihugu cya Afghanistan nk’umusirikare w’abongereza RAF (Royal Amry Force). Photo: Lee Crooks yambariye urugamba Iyi nkuru yabanje gutungura benshi kuko ubundi benshi bazi ko umukinnyi […]Irambuye

AC Milan 3 – 0 Inter Milan

Uyu munsi wa 31 wa shampiyona y’ ubutaliani ariyo yitwa SERIE A havugwaga gusa Ikotaniro (Derby) hagati y’ amakipe y’ amakeba ariyo AC Milan na Inter de Milan akenshi yitwa Internazionale (Internazionale). Aya makipe, Milan ya Prime Minister w’ ubutali Yani Silvio Berlusconi na Inter y’ umuherwe mu bya Petrole Massimo Moratti, Aya ni amakipe […]Irambuye

Uruhare rw’abaturage rwaca ruswa!

Abaturage bamenye uburenganzira bwabo ruswa yacika Mu biganiro byahuje kuri uyu wa gatanu, abagize inteko nshingamategeko, imitwe yombi n’abajyanama bo mu karere ka Huye, hagaragajwe ko Uretse kuba ruswa imunga ubukungu bw’igihugu, n’umuyobozi urya ruswa abo ayobora, ntibongera kumuha agaciro. Nta jambo agira kubo ayobora kandi ntashobora no gufata ibyemezo ngo abaturage babyubahirize kuko baba […]Irambuye

en_USEnglish