Month: <span>April 2011</span>

Urugero mu bumwe n’ubwiyunge

SHYOGWE: Abagize ishyirahamwe inyenyeri y’amahoro bakomeje kwiteza imbere banashyigikira ubumwe n’ubwiyunge Ishyirahamwe Inyenyeri y’amahoro ryo mu murenge wa Shyogwe ni ishyirahamwe ryashinzwe kugirango basane imitima y’abakomeretse kandi baharanira kumenya gusaba imbabazi ndetse no kuzitanga. Ngo bakaba barafatiye urugero mu manza za gacaca uburyo hasabwe imbabazi kandi zigatangwa. Ibi byatumye bashinga iri shyirahamwe kugira ngo iki […]Irambuye

Kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko

“Umubare munini w’abakora ibyaha bishingira ku gukoresha ibiyobyabwenge ugaragara mu rubyiruko” Theos Badege Urubyiruko ngo rukwiye kwitabwaho by’umwihariko mu bijyanye no gukangurira abantu kwirinda ibiyobyabwenge, bitewe n’uko ibyaha byinshi by’ubu buryo bikorwa cyane n’abari muri iki kiciro. Iyi akaba ari imwe mu mpamvu polisi y’ igihugu iri kugenda iganira n’abanyeshuri mu mashuri yisumbuye mu gihugu […]Irambuye

Intandaro y’izamuka rya Peteroli

Ibihugu bikomeye ku isi, bimwe mu ntandaro z’igabanuka ry’ibikomoka kuri petroli. Bitewe n’impamvu zinyuranye nk’iy’uko ibihugu bikomeye nk’Ubushinwa bigenda bigura ibikomoka kuri peteroli bikabihunika mu bigega bigatuma bigabanuka ku isoko, abasesengura iby’imizamukire y’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli baravuga ko ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba bitagize icyo bikora, ubukungu bwabyo bwahura n’ingorane zikomeye cyane muri uyu mwaka. Bimwe mu […]Irambuye

Ingufu zashyizwe mu mavubi ni imfabusa

IMYAKA 6 ISHIZE: Hashizwe ingufu nyinshi mu MAVUBI “Nyamara izi ngufu zose ni impfabusa iyo witegereje umusaruro w’aya makipe aduhagararira.” Nyuma yo gusezererwa kw’AMAVUBI y’abatarengeje imyaka 20 na Congo Brazavilles, ndetse n’ayaraye asezerewe y’abatarengeje imyaka 23 na Zambia isomo rikuru ntahanye nk’umunyarwanda ukunda uyu mukino, ni ukwibaza kuri politiki y’iterambere ry’umupira w’amaguru mu gihugu cyacu. […]Irambuye

Ibibazo ntibihindura icyo Imana yavuze

Yohana 19:17-19 Asohoka yiyikorereye umusaraba agera ahantu hitwa i Nyabihanga i Gologota, bamubambanaho n’ abandi babiri hirya no hino, Yesu ari hagati.. Pilato yandika urwandiko arushyira ku musaraba rwanditswe ngo “Yesu w’i Nazareti umwami w’ Abayuda”. Kuba Yesu yarabambwe ntibyamubujije kuba Umwami. Yesu yaje ari Umwami ariko ntibamwemera, baramubamba ku musaraba ariko hejuru ye bandikaho […]Irambuye

Ibisasu by’abiyahuzi muri Pakisitani

PAKISITANI: IBISASU BY’ABIYAHUZI BYAHITANYE 20 NAHO 100 BARAKOMEREKA Kuri iki cyumweru abiyahuzi biturikirijeho Ibisasu bibiri hafi y’umusigiti w’ Abislamu mu karere Dera Ghazi Khan mu mujyi muto rwagati mu gihugu cya Pakistani,bihitana abantu 30 bikomeretsa kandi n’ abandi 100. Nkuko bitangazwa na bamwe mu bayobozi bashinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri iki gihugu, umutwe w’iterabwoba w’ Abatalibani […]Irambuye

Ingabo za OTAN zarashwe na police

Afghanistan : Ingabo za OTAN zarashwe na police y’Afghanistan Inkuru itangazwa na BBC ivugako abasirikare babiri ba OTAN barashwe n’umugabo wambaye imyenda yaba police ba AFGHANISTANI bo muri province ya FARYAB . OTAN irimo gukora iperereza kuri icyo gikorwa cy’uwo mwicanyi kandi binavurwako yahise ahunga ibyuma bipima abitwaje intwaro. Iri yicwa ryaba basirikare niryo rikozwe […]Irambuye

I Wembley ni kure cyane ku Mavubi U 23

Inzozi z’amavubi zashiriye mu kurota Izari inzozi ku mavubi U 23 byarangijwe n’intsinzwi y’igitego kimwe ku busa yatsinzwe na Chipolopolo ya Zambia kuri Stade Amahoro amavubi kuri iki cyumweru imbere y’abafana bake bari babashije kwitabira uyu mukino. Igice cya mbere cyari gifunze ku mpande zombi, ariko amavubi agakora ikosa ryo kutibuka ko afite umwenda w’ibitego […]Irambuye

Ibintu 5 wakora wita ku bakiliya

Gufata neza abakiliya aribyo bakunze kwita CUSTOMER CARE ni ikibazo gikomeye mugihugu cyacu, aho bamwe bavuga ko bitaratera imbere abandi bakemeza ko ihari ariko k’urwego ruciritse . Aha rero niho umuntu yibaza niba impamvu ibitera ari ubumenyi buke cyangwa se kutabiha agaciro. ubusanzwe customer care niki ? ubusobanuro abanditsi bayiha : ni uburyo bwo gufata […]Irambuye

Kurahira kw’abayobozi ba AGE ICK

Ubuyobozi bukuru bwa ICK (Insititut Catholique de Kabgayi ) bwarahije abanyeshuri bahagarariye abandi batowe na banyeshuri bose biga muri icyo kigo, ayo matora akaba yari yarabaye tariki ya 17 Werurwe 2011, aba bayobozi babanyeshuri barahiye kui uyu wa gatandatu. Photo : AGE ICK , Comite nshya na comite yatowe Ibirori byatangiye ahagana mu masayine za […]Irambuye

en_USEnglish