Tags : Zimbabwe

Zimbabwe: Leta yafashe umwanzuro wo guhagarika imirimo 25 000

Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi muri Zimbabwe, yatangaje ko Leta igiye kuvanaho imirimo 25 000 yari isanzwe iriho mu kazi ka Leta kubera ko nta bushobozi buhari bwo guhemba abayikoragamo nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cyegemiye kuri Leta Herald Newspaper. Patrick Chinamasa, Minisitiri w’Imari muri iki gihugu yabwiye abagize Inteko Nshingamategeko ko imishahara na bimwe mu byagenerwaga abakozi ba […]Irambuye

Ku bihuha by’uko yapfuye: R. Mugabe ati ‘Yego nari napfuye,

Kuri uyu wa Gatanu muri Zimbabwe hiriwe igihuha cyari cyatangajwe na kimwe mu binyamakuru byo muri iki gihugu ko Perezida Robert Mugabe yitabye. Uyu mukuru w’igihugu uzwiho gushyenga yabwiye Abanyamakuru ko ibyavuzwe byari ukuri nk’uko bikunze guhwihwiswa. Ati “ Yego ni byo nari napfuye ariko nazutse nk’uko nsanzwe mbigenza.” Kuri uyu wa Gatandatu kandi, Perezida […]Irambuye

Zimbambwe: Perezida Mugabe ntakigiye muri Ghana aho yari ategerejwe cyane

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe kuri uyu wa gatanu yasubitse urugendo yagombaga gukorera mu gihugu cya Ghana aho yari kujya gufata igihembo kitwa “Millennium Lifetime Achievement Award” kubera uburyo yayoboye igihugu cye kuva cyabona ubwigenge mu 1980. Byari biteganyijwe ko Robert Mugabe yari kuzagishyikirizwa na Perezida Johm Mahama wa Ghana kuri uyu gatandatu i Accra. […]Irambuye

Zimbabwe: Abakomeye mu bafashije Mugabe kugera ku butegetsi batawe muri

Igipolisi cyo muri Zimbabwe kiratangaza ko cyaraye gitaye muri yombi umwe mu bahagarariye abaagize uruhare mu rugamba rwo kurwanira ubwigenge bw’iki gihugu baherutse kwita Mugabe umunyagitugu udashaka kurekura ubutegetsi. Douglas Mahiya, uvugira ihuriro ry’aba ba ‘Ancient Combattants’ bafashije Mugabe kugera ku butegetsi, yatawe muri Yombi kuwa Gatatu w’iki cyumweru nyuma y’aho mu cyumweru gishize yari […]Irambuye

Zimbabwe: Pasiteri uvuye mu buroko yahamagariye abaturage kwigaragambya

Pasiteri Evan Mawarire uheruka gufungwa mu cyumweru gishize azira gutegura imyigaragambyo, yongeye gusaba abaturage gukomeza imyigaragambyo banga kujya ku kazi. Mawarire yabwiye BBC ko abaturage bagomba kuguma mu ngo zabo ntibajye mu mirimo mu rwego rwo kugaragaza ko batishimiye ibikorwa bya ruswa, gukoresha umutungo wa Leta nabi n’ibura ry’akazi byugarije Zimbabwe, akavuga ko imyigaragabyo ari […]Irambuye

Perezida Mugabe yababariye imfungwa zirenga 2 000

Kuri uyu wa gatatu Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yababariye imfungwa 2000, ndetse 800 muri bo bari muri gereza 46 bahita barekurwa barataha. Izi mbabazi zari zatangajwe mu igazeti ya Leta yasohotse tariki 23 Gicurasi. Izi mbabazi ngo zahawe cyane cyane abagore bari begereje gusoza ibihano byabo, gusa ngo abakatiwe gufungwa burundu ntabwo bareba n’izi […]Irambuye

Zimbabwe: Sosiyete z’Abanyamahanga zategetswe guha imigabane myinshi abenegihugu

Leta ya Zimbabwe yatangaje ko sosiyete n’ibigo by’ishoramari by’abanyamahanga bigurisha imigabane yabyo myinshi ku benegihugu bitarenze tariki  1 Mata 2016, bitaba ibyo bikamburwa ibyangombwa byo kuhakorera. Ku bisabwa n’iri tegeko, ibigo byose bikora ubucuruzi bigomba nibura gutanga imigabane ingana na 51% ku benegihugu kavukire ba Zimbabwe. Ibigo by’abanyamahanga muri Zimbabwe bikora cyane mu bijyanye n’ubucukuzi […]Irambuye

Zimbabwe: Mugabe yasubije Trump wavuze ko azamufungana na Museveni

*Trump yabanje kuvuga ko Perezida Mugabe na Museveni, natorerwa kuyobora Amerika azabafata akabafunga kuko batinze ku butegetsi, *Mugabe ntiyariye iminwa mu gusubiza, yise Trump “a madman” (umusazi), kandi akaba “umwuzukuru wa Hitler”, *Mugabe yavuze ko ibyo kumufungana na Museveni bitashoborwa n’uwo ariwe wese, Abanyafurika ni “Ibihanganjye ku Isi,  Ntibatinya”. * Trump arashaka guteza Intambara ya […]Irambuye

Angela Merkel ‘aziyamamariza’ manda ya 4 mu 2017

Ikinyamakuru cyo mu Budage Der Spiegel, kiravuga ko Chancelliere w’iki gihugu Angela Merkel yatangiye ibiganiro byo kuziyamamaza mu matora y’umwanya ariho ashaka manda ya kane. Angela Merkel aziyamamaza muri manda ya kane mu matora azaba mu mwaka wa 2017, nk’uko Der Spiegel, kibivuga ariko ngo ntashobora kuzatangaza umugambi we umwaka wa 2016 utaragera. Aya makuru iki […]Irambuye

en_USEnglish