Tags : Yoweri Kaguta Museveni

Uganda: Abaharanira uburenganzira ngo Gen Kayihura ntakwiye gukomeza kuyobora

Itsinda ry’abanyamategeko baharanira uburenganzira bwa muntu bandikiye perezida w’inteko ishinga amategeko Rebeca Kadaga bamusaba kutemeza ubusabe bwa Perezida Museveni bwo kongerera igihe umuyobozi w’igipolisi cya Uganda Gen Kale kayihura. Ikinyamakuru the Ugandan cyo muri Uganda kivuga ko mu ntangiro z’iki cyumweru ibitangazamakuru byasohoye inkuru zivuga ko Perezida Museveni aherutse kwandikira inteko ayisaba kongera igihe Gen […]Irambuye

Museveni ati “Niba ndi umunyagitugu ndi umunyagitugu mwiza”

Mu kiganiro yagiranye na Television y’Abarabu Aljazeera, Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko abamwita ko ari umunyagitugu bakwiye kubanza kureba inshuro yiyamamarije kuyobora iki gihugu kandi agatsinda ku majwi yo hejuru. Mu mpera z’icyumweru gishize Umunyamakuru wa Aljazeera yagiranye ikiganiro na Museveni imubaza icyo atekere ku murage azaba asize nyuma yo kumara imyaka […]Irambuye

Museveni ngo umuti wa Trump ushobora kuvura ubwishongozi bw’Abanyaburayi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ukunze kunyuza inyandiko z’ibitekerezo bye ku rubuga rwe, yavuze ko ibihugu by’iburayi byiyita ko bigendera ku mahame ya Demokarasi bikeneye kunywa ku muti wa Trump kugira ngo ubivure kutareba kure iyo bijya kwivanga mu mibanire ya Leta zunze Ubumwe z’Amerika n’Uburusiya n’ibyaranze ibi bihugu nyuma y’intambara y’ubutita yabihuje. Mu […]Irambuye

ICC yakiriye ikirego kirega Museveni kwibasira inyokomuntu

Abadepite bane bo mu ishyaka rya FDC (Forum for Democratic Change) ritavuga rumwe na Leta ya Uganda baregeye Urukiko Mpuzamahanga mpanabyaha ICC ikirego kirega Perezida Yoweri Kaguta Museveni ibyaha byibasiye inyokomuntu. Uru rukiko rwatangaje ko iki kirego cyakiriwe. Aba badepite bo mu gace ka Kasese ko mu burengerazuba bwa Uganda, barimo Winni Kiiza wabwiye ibinyamakuru […]Irambuye

Uganda: Gen Kayihura ati ‘Ntabwo nshaka kuba Perezida, ababivuga ni

Umuyobozi mukuru wa Police muri Uganda, Gen Kale Kayihura aramagana ibihuha byavuzwe ko yitegura kuzasimbura Perezida Yoweri Kaguta Museveni ku mwanya w’Umukuru w’igihugu. Mu nkuru dukesha ikinyamakuru Redpepper cyandikirwa muri Uganda, ifite umutwe ugira uti ‘Sinshaka kuba Perezida-Kayihura’, uyu muyobozi mukuru w’igipolisi cya Uganda atera utwatsi ibiherutse kuvugwa ko ashobora kuzasimbura Museveni ku mwanya wa […]Irambuye

Ba Perezida Magufuli, Mu7, Seretse na Desalegn bagiye kuza mu

Abakuru b’ibihugu barimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, Dr John Pombe Magufuli na Seretse Khama Ian Khama wa Botswana, bari ku rutonde rw’abakuru b’ibihugu na Guverinoma bemejwe ko bazitabira inama ya ‘Global African Investment Summit’ izabera I Kigali ku italiki ya 05 na 06 Nzeri 2016. Iyi nama izahuza abayobozi b’ibigo […]Irambuye

Museveni yatashye, asize Abarundi bashyamiranye bemeye kuganira

Perezida Yoweri Museveni uri guhuza impande zitumvikana i Burundi yasubiye mu gihugu cye nyuma y’imirimo y’iminsi ibiri ahuza impande zishyamiranye. Yatangaje ko asize impande za; Leta, amashyaka atavuga rumwe nayo ndetse na sosiyete civile bemeye kwicara bakaganira ngo bagere ku mwumvikano ku bibazo by’u Burundi kandi bakamuha raporo mu gihe gito. Mu bandi bitabiriye ibiganiro […]Irambuye

Amerika izakomeza gufasha Uganda n’ubwo yasinye itegeko rihana abatinganyi

Ambasade ya   Leta  zunze ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye itangazo  ryamagana ibivugwa n’ibitangazamakuru bitandukanye ko Amerika itazongera kugenera inkunga Uganda  kubera itegeko rirwanya abatinganyi iherutse gusinya. Mu kwezi gushize, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashyize umukono ku itegeko rirwanya ubutinganyi maze bimwe mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bitangira kuvuga ko bishobora guharikira Uganda inkunga. […]Irambuye

en_USEnglish