Tags : Urban Boys

Safi (Urban Boys) aravugwaho kwihakana umukobwa ‘yateye’ inda

Niyibikora Safi wiyita kandi Madiba umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys, amakuru aravuga ko yateye inda umukobwa ariko kugeza ubu akaba yaramwigaramye. Uyu mukobwa ubu ngo ari mu kaga kuko iwabo bamaze kumwirukana. Amakuru agera ku Umuseke, yemeza ko Safi ubushuti yagiranye n’umukobwa witwa Clarisse Rudahusha bwaje kuvamo inda ubu ifite amezi ashobora kuba agera kuri atandatu. Uyu mukobwa […]Irambuye

Urubyiruko, abahanzi n’abayobozi bavuze ko icya mbere ari amahoro

Igitaramo cy’umunsi w’amahoro wo kuri uyu wa 21 Nzeri cyari kitabiriwe cyane n’urubyiruko kuri stade nto ya Remera kuri uyu mugoroba, abahanzi barimo abakomeye nka Ali Kiba wo muri Tanzania, Knowless, Urban Boys, Babou n’abandi hamwe n’abayobozi barimo na Minisitiri w’Urubyiruko bose batanze ubutumwa bugaruka ku gaciro k’amahoro n’uburyo aricyo kintu cya mbere isi ikeneye. […]Irambuye

Abaturage benshi bari kuza kumva ubutumwa ku bishyimbo bidasanzwe

Abahanzi ni umuyoboro mwiza wo kunyuzamo ubutumwa, ubishidikanya yakwitabira ibitaramo bikomeje kubera ahatandukanye mu Rwanda biri guhuruza abantu benshi baza kureba abahanzi nka King James, Miss Jojo, Urban Boys, Tom Close na Riderman bakahabonera ubutumwa ku bishyimbo bikungahaye ku butare.  Ibi ni ibishyimbo bidasanzwe bimenyerewe mu Rwanda, bikungahaye ku butare (iron) bukenerwa cyane n’umubiri mu […]Irambuye

Ubu noneho Safi yaba yabonye undi mukunzi nyuma ya Knowless

Hashize igihe kinini abahanzi Safi wo mu itsinda rya Urban Boys na Butera Knowless batandukanye mu rukundo, nyuma yabwo bombi nta n’umwe wigeze yongera kugaragaza urukundo afitiye undi muntu ku mugaragaro, uretse Safi kuri uyu wa 29 Nzeri washyize ifoto y’umukobwa utazwi cyane, akandikaho ati “I think am in love”. Knowless, wakundanaga na Safi, yakunze […]Irambuye

Abahanzi mu gukundisha abanyarwanda ibishyimbo bidasanzwe

Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda barimo King James, Riderman na Urban Boys, bagiye kwifashishwa mu bitaramo byo kuzenguruka Intara z’igihugu bashishikariza abanyarwanda gukunda igihingwa cy’ibishyimbo cy’ibishyimbo bikungahaye ku butare. Umushinga utegamiye kuri Leta wa Harvest Plus ufatanyije n’ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi “RAB”, wateguye ibitaramo bitanu bizabera mu turere twa Nyagatare, Nyanza, […]Irambuye

Rwanda: Abahanzi 5 bakurikirwa cyane kuri Facebook

Mu Rwanda bamwe mu bahanzi ntibakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter n’izindi nyinshi, nyamara aha niho usanga imbaga y’abafana ba muzika. Mu bindi bihugu abahanzi usanga aha ariho banyuza buri kintu cyabo kikamenyekana kurushaho. mu Rwanda ababikora ni mbarwa.  MC Tino, umuhanzi akaba n’umunyamakuru, avuga ko we akunda cyane gukoresha Facebook, asanga kuba hari […]Irambuye

Muyoboke asanga PGGSS ikwiye kuba iy’aba Star gusa

Alex Muyoboke, azwi cyane mu bikorwa byo gufasha abahanzi gutera imbere no kubyaza umusaruro muzika bakora. Kuri we asanga irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star rifasha abahanzi gutera imbere ariko muri iki gihe ritakimeze nk’uko ryatangiye. Muyoboke wakoranye n’abahanzi Tom Close, Dream Boys, Urban Boys, Kid Gaju n’abandi, ubu akaba akorana na Social Mula […]Irambuye

Massamba yasubiyemo ‘Nyeganyega’ na Supel Level

Massamba Intore yasubiranyemo indirimbo ye yise ‘Nyeganyega’ n’abahanzi bo mu nzu itunganya muzika izwi ku izina rya Super Level. Mu minsi ishize Massamba yari yatangaje ko umuhanzi ushaka gukorana nawe babiganira nta kibazo. Ubu bufatanye ngo ni indi ntambwe nshya yo gukorana hagati y’abahanzi bo hambere n’abahanzi bo muri iki gihe. Makanyaga Abdoul wo mu bahanzi bakanyujijeho aherutse […]Irambuye

Agashya! Urban boyz bajugunyiye inoti 160 mu bafana

Urban Boys kuwa gatandatu yakoze agashya! mu gitaramo kiswe AMASO cyabereye muri Parking ya Pt Stade i Remrea, aba basore bagaragaye bajugunya inoti za magana atanu mu bafana maze nabo si ukuzicakira bivayo. Safi ku murongo wa Telephone twamubajije impamvu bafashe amafaranga bakajugunya mu bafana maze abwira Umuseke ko ibyo bafite byose babikesha abafana babo. […]Irambuye

“Ni gute wakwiyita umweyo utaramara umwaka muri muzika?”- Mc Tino

Kasirye Martin umunyamakuru, umuhanzi, akaba n’umushyushyarugamba uzwi cyane ku izina rya Mc Tino, nyuma yo kumva amakuru avuga ko itsinda rya “Active” ryaje muri muzika nk’umweyo uje gukubura andi matsinda yose, Mc Tino we yavuze ko iryo tsinda rigifite akazi kenshi ko gukora aho kwiyita umweyo waje gukuraho andi matsinda. Umweyo ni igikoresho cyo mu rugo gikuraho […]Irambuye

en_USEnglish