Tags : Umuvunyi

Karongi: Umuyobozi w’ishuri yakubitiwe imbere y’abanyeshuri!!

Ikimutangaje kandi kimubabaje ni uko uwabikoze ari umuyobozi ushinzwe uburezi mu karere ariko akaba atarabibazwa nyuma y’ukwezi akoze ibi. Ubuyobozi bw’Akarere bumaze ibyumweru bitatu ngo bubikoraho iperereza. Abarimu bavuga ko uyu muyobozi  atari ibi gusa yakoze. Mu masaha y’igitondo ubwo yasuraga ikigo cy’amashuri abanza cya Gataka mu murenge wa Mubuga Hitumukiza Robert ushinzwe uburezi mu […]Irambuye

P. Kagame yasabye abayobozi kwegera abaturage kurushaho mu gihe cy’amatora

Perezida Paul Kagame yakira indahiro z’Umuvunyi Mukuru wungirije ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Yankurije Odette na Hon Depite Niyitegeka Winfred wasimbuye nyakwigendera Depite Mukayisenga Francoise witabye Imana tariki 11 Kamena 2017, yasabye abayobozi gukorana kandi bakarushaho kwegera abaturage muri ibi bihe by’amatora u Rwanda rujyamo. Uyu muhango wa baye kuri uyu wa gatanu, Perezida Kagame yavuze […]Irambuye

Ikibazo cya ruswa kirahari, kutabivuga byaba ari ukwirengagiza… – Umuyobozi

*Haracyari imbogamizi mu bijyanye no gutanga amakuru kuri ruswa. *Hari abashaka kurya ruswa ya byombi “iy’igitsina n’amafaranga”. Mu nama yo gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda yavuze ko ikibazo cya ruswa kikiriho, ngo niyo mpamvu inzego zose zifatanya kuyirwanya, kutabivuga ngo byaba ari ukwirengagiza cyangwa kwemera ko ikibazo kizakomeza. Umuyobozi […]Irambuye

Ruswa igira ingaruka cyane ku rubyiruko, cyane ishingiye ku gitsina

Kuva tariki ya 3-9 Ukuboza 2016,  mu Rwanda harimo kuba ubukangurambaga bwo kwurwanya Ruswa, ngo biragoye cyane kurwanya ruswa mu rubyiruko,  cyane ishingiye ku gitsina kuko ngo urubyiruko rwinshi ari abashomeri kandi baba bashaka gutera imbere bagahura na yo bajya kwaka akazi no gushaka indi mishinga yabazamura.   Urubyiruko nk’amizero y’iguhugu cy’ejo ngo bafite imbogamizi […]Irambuye

Ngoma: Baracyasaba ingurane ku butaka bwabo bwubatsweho imidugudu

Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma haravugwa ikibazo cy’abantu bafite ubutaka bwubatsweho imidugudu nyuma y’imyaka ya za 1997 ariko kugeza ubu bakaba batarahabwa ingurane ku butaka bwabo. Aba baturage batubwiye ko inzego zose baregeye zirimo n’Umuvunyi Mukuru banzuye ko bahabwa ingurane, gusa ngo ntibazi impamvu abashinzwe kubishyira mu bikorwa batabikora. Ubuyobozi bw’umurenge wa Remera […]Irambuye

Umuyobozi wa Transparency ku Isi wari mu Rwanda yanenze ruswa

*Yasuye inzego zifite zishinzwe kurwanya ruswa nk’Urwego rw’Umuvunyi na Police, *Ibyo yabonye ku rwibutso rwa Genocide ku Gisozi ngo ni igisobanuro cy’ibigomba gukorwa *Yanenze inzego z’ubuyobozi muri Sport kudatangaza amakuru arimo n’ibitagenda neza. Mu ruzinduko ari kugirira mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba, Umuyobozi mukuru wungirije wa Transparency International ku rwego rw’Isi, Elena A. Ponfilava wari […]Irambuye

Rwanda: Abanyepolitiki bayijyamo bishakira umugati aho gukorera abaturage

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda kuri iki cyumweru ari mu kiganiro ‘SESENGURA’ cya City Radio FM yagarutse ku bibazo biri mu Rwanda, umuco wo kudahana utuma ruswa ifata intera bigahesha amanota make u Rwanda, avuga ko abanyepolitiki mu Rwanda bayijyamo bashaka umugati. Ingabire Immaculee yanenze cyane uburyo hari imishinga igaragaramo ruswa ariko ntihagire ubihanirwa. Yavuze […]Irambuye

en_USEnglish