Tags : The Ben

Huye – Riderman, King James na The Ben babwiye abantu

Mu gitaramo cyo kubwira abaturage iby’iyi Promotion ya Airtel yitwa “Tera Stori” abantu benshi cyane i Huye bagaragaje ko bayishimiye. Iyi Promotion iha amahirwe umufatabuguzi wa Airtel guhamagara no gukoresha impuga nkoranyambaga ku mafaranga 30 gusa kandi umunsi wose. Muri iyi week end abahanzi batatu bakomeye mu Rwanda aribo The Ben, Riderman na King James basusurukije […]Irambuye

Ishuri rya Nyundo ni igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda

AMAFOTO: Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi cyane ku izina rya The Ben kuri uyu wa gatanu ubwo yerekezaga mu gitaramo akorera i Rubavu yasuye ishuri rya Nyundo rifasha abafite impano y’umuziki kuzamuka, akaba yavuze ko iri shuri ari igikorwa gikomeye ku muziki w’u Rwanda. The Ben, Riderman na King James barahurira kuri Stage Umuganda i Rubavu kuri […]Irambuye

Airtel izaniye abatuye Rubavu na Huye The Ben, Riderman na

Ni abahanzi baziranye kuko igihe batangiriye gukora umuziki mu Rwanda ari kimwe kandi bose ni ibyamamare mu Rwanda. The Ben, Riderman na King James bazahurira kuri stage i Rubavu ku itariki ya 04 Gashyantare, hanyuma bongere baririmbire abafana babo i Huye. Ibi bitaramo bizaba biri mu rwego rwo gushishikariza abafana babo kugura sim cards za […]Irambuye

The Ben ni umuririmbyi, Meddy ni umubyinnyi – Mukuru wa

Meddy na The Ben, ni abahanzi bakunzwe cyane mu rubyiruko n’abakunda muzika nyarwanda, abafana ba muzika ntibahwema kubagereranya. Ubu byariyongereye cyane kubera indirimbo baherutse gusohorera rimwe zikunzwe muri iyi minsi. Dan Byiringiro akaba mukuru wa The Ben ari ku ruhande rwa murumuna we, we avuga ko aba bahanzi bombi umwe ari umuririmbyi undi akaba umubyinnyi. […]Irambuye

Meddy na The Ben barasabwa amezi 30 ngo bahabwe VISA

Mu myaka ine The Ben na Meddy bamaze muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ubu ngo barasabwa amezi 30 azagaragazwa na Visa ziri muri muri Passports zabo ku ngendo bagiye bakora cyangwa bashobora kuzakora noneho nyuma y’izo ngendo na Visa zitandukanye bakabona guhabwa ubwenegihugu bw’Amerika. Kugirango wemerewe kuba watangira gushaka ubwenegihugu bwa Amerika, ngo bisaba kuba […]Irambuye

Ruhango: Umwe asa na The Ben undi agasa cyane na

Abasore babiri biga mu ishuri rikuru rya ISPG riherereye i Gitwe mu karere ka Ruhango basa n’abahanzi King James na The Ben, aba banyeshuri kubera gusa n’aba bahanzi ni abakunzi b’ibihangano byabo nubwo bwose ku bw’amaraso ntacyo bapfana. Jean Claude Ishimwe akomoka mu karere ka Musanze asa na The Ben (akiri umusore muto), nawe arabizi […]Irambuye

The Ben agiye kuzuza inzu i Nyamata

Mugisha Benjamin, uzwi muri muzika nyarwanda nka The Ben agiye kuzuza inzu ye ari kubaka mu Karere ka Bugesera mu Mujyi wa Nyamata. Kuri we ngo yahisemo aha mu rwego rwo gukomeza kuzamura imiturire y’aka karere. The Ben yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu mpera za 2009. Yari ajyanye na Meddy nawe wari umaze kugira […]Irambuye

Meddy yemeje ko we na The Ben bafite igitaramo i

14 Mutarama 2015 Ngabo Médard Jobert  uzwi cyane muri muzika nka Meddy na mugenzi we Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, bagiye gukorera igitaramo mu gihugu cy’u Burundi bakazakomereza mu Rwanda nk’uko Meddy yabitangarije Umuseke. Aba bahanzi bari bakunzwe cyane mu Rwanda, bamaze imyaka itandatu baba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, indirimbo zabo zakomeje gukundwa ndetse […]Irambuye

Umwiryane wavugwaga hagati ya The Ben na Meddy wabyaye iki?

The Ben na Meddy abahanzi bamamaye mu muziki ugezweho mu Rwanda guhera mu 2008 nyuma y’igihe gito bakajya kuba muri Amerika, ubwo bari bakunzwe cyane mu Rwanda havugwaga amakuru ko hari ubushyamirane bukomeye hagati ya bombi ubwabo ariko ntacyo babitangazagaho kuko bari banafitanye indirimbo bise ‘Jambo’.  Umwiryane wavuzwe hagati yabo, hari abemeza ko ariwo watumye […]Irambuye

Abanyarwanda b’i Chicago n’inshuti z’u Rwanda bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku mugoroba wo kuwa 12 Mata, nibwo abanyamahanga bifatanije n’abanyarwanda batuye mu Mujyi wa Chicago higanjemo urubyiruko rwo muri Kaminuza ya Harry S. Truman College kwibuka ku nshuro ya 20 Jenoside yakorewe Abatutsi. Iki gikorwa cyarateguwe na Diaspora y’u Rwanda iba mu Mujyi wa Chicago ifatanije n’aba banyeshuri biga kuri iyi Kaminuza bibumbiye mu itsinda […]Irambuye

en_USEnglish