Tags : Salva Kiir

“Igihe kirageze ngo tugarukire Imana, dusengere igihugu”- Salva Kiir

Kuri uyu wa Gatatu Perezida wa Sudani y’epfo Salva Kiir yabwiye abaturage ko ibyaha bakoze bihagije kandi byababaje Imana bikomeye, bityo ko igihe kigeze ngo bayigarukire, bayisabe imbabazi kandi basengere igihugu kugira ngo kigire amahoro. Sudani y’Epfo imaze imyaka ikabakaba itanu iri mu ntambara yakurikiye ibihe by’ubwigenge kandi ibigo mpuzamahanga byita ku burenganzira bwa muntu […]Irambuye

S. Sudan: Umuyobozi w’Urukiko rwa Gisirikare yeguye ku mirimo

Umuyobozi mukuru w’urukiko rwa Gisirikare muri Sudan y’Epfo yeguye ku mirimo ashinja umugaba w’ingabo muri iki gihugu kwivanga mu kazi k’ubutabera agata muri yombi bamwe mu baturage bazizwa ubwoko bwabo. AFP dukesha iyi nkuru, ivuga ko Colonel Khalid Ono Loki wafatwaga nk’uwa kabiri mu bayobozi bakuru mu gisirikare yeguye muri iki cyumweru nyuma y’aho undi […]Irambuye

Sudan: Umu-General yeguye avuga ko Perezida Salva Kiir amusuzugura

Lt Gen. Thomas Cirillo Swaka wari umuyobozi wungirije ushinzwe ibikoresho mu gisirikare cya South Sudan yeguye ku mirimo anashinja Perezida w’iki gihugu Salva Kiir kumusuzugura mu  bikorwa bifitanye isano n’intambara ikomeje kwibasira abasivile muri iki gihugu. Mu bwegure bwe, Lt Gen Swaka yagarutse kuri iyi ntambara yibasiye abasivile kuva mu mpera za 2013, avuga ko […]Irambuye

Umurwa mukuru wa S. Sudan ugiye guhinduka ube Ramciel

Maroc na Sudan y’Epfo byamaze gutangiza umushinga wo kwimura umurwa mukuru wa Sudani y’epfo ukava Juba ukajya Ramciel. Igice cya mbere cy’uyu mushinga kizatwara miliyoni 5 z’amadolari  azatangwa n’ubwami bwa Maroc. Kuri uyu wa Kane ni bwo umwami wa Maroc, Mohammed VI yageze muri Juba, we na Perezida Salva Kiir basyize umukono ku masezerano ari […]Irambuye

South Sudan: Riek Machar wahoze ari Visi Perezida yabashije guhunga

Uwahoze ari Visi Perezida  muri Sudan y’Epfo, akaba akuriye inyeshyamba, Dr Riek Machar yabashije guhungira mu gihugu cyo muri Africa y’Iburasirazuba nk’uko abo mu nyeshyamba ze babivuga. Riek  Machar yavuze mu murwa mukuru Juba, nyuma y’imirwano ikomeye mu kwezi gushize hagati y’ingo za Leta zishyigikiye Perezida Salva Kiir n’inyeshyamba ze. Umuvugizi wa Dr Riek Machar, […]Irambuye

S. Sudani: Abayobozi b’Ikipe ya Atlabara biciwe mu mirwano

William Batista wari Umunyamabanga mukuru w’Ikipe ya Atlabara  na Leko Nelson wari ushinzwe imitegurire y’Ikipe(Team Manager) bishwe barashwe amasasu mu rugamba ruri kubera muri Susani y’Epfo hagati y’ingabo za Leta zishyigikiye Salva Kirr n’inyeshyamba za Riek Machar. Umuyobozi wungirije w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Sudanyi y’epfo witwa Chabuc Goc yabwiye BBC ko  aya makuru ari impamo […]Irambuye

Sudan y’Epfo: Umuvugizi wa Riek Machar yavuze ko igihugu cyasubiye

Mu gihe hari hamaze iminsi agahenge ndetse impande zishyamiranye ziyemeje gushyiraho ubutegetsi bw’inzibacyuho, Umuvugizi wa Visi Perezida Riek Machar utavuga rumwe n’ubutegesti yavuze ko Sudan y’Epfo yasubiye mu ntambara. Umuvugizi wa Riek Chachar yavuze ko ingabo za Leta zabagabyeho ibitero ku birindiro byabo mu murwa mukuru Juba. Col William Gatjiath, Umuvugizi mu bya gisirikare wa […]Irambuye

Alpha Oumar Konaré yaje kugisha inama Kagame ku bibazo byo

Intumwa Nkuru y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe muri Sudan y’Epfo, Alpha Oumar Konaré wanabaye Perezida wa Mali, mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa mbere yakiriwe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame baganira ku bibazo bya Politiki biri muri Sudan y’Epfo. Konaré yabwiye abanyamakuru ko we na Perezida Paul Kagame baganiriye ku bibazo bya Sudan y’Epfo […]Irambuye

en_USEnglish