Tags : Ruswa

Ikibazo cya ruswa kirahari, kutabivuga byaba ari ukwirengagiza… – Umuyobozi

*Haracyari imbogamizi mu bijyanye no gutanga amakuru kuri ruswa. *Hari abashaka kurya ruswa ya byombi “iy’igitsina n’amafaranga”. Mu nama yo gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda yavuze ko ikibazo cya ruswa kikiriho, ngo niyo mpamvu inzego zose zifatanya kuyirwanya, kutabivuga ngo byaba ari ukwirengagiza cyangwa kwemera ko ikibazo kizakomeza. Umuyobozi […]Irambuye

Mu Rwanda bamwe babaye ‘Abashumba’ b’imitungo itari iyabo – Umuvunyi

*Cash less economy (kutagira amafaranga mu mufuka) byaca ruswa, *Amategeko aracyajenjekera abahombya Leta mu mishanga mfabusa, *Abantu biyambura imitungo bakayitirira abandi bayobya uburari. *Ngo hari dosiye abazikurukirana basabwa kuzireka n’ “inzego zo hejuru” kandi hari ibimenyetso! Mu biganiro bikomeje kubera mu Nteko Nshingamategeko bijyanye no kurwanya ruswa, mu kiganiro cya kabiri cyatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Ubugenzuzi […]Irambuye

​Turifuza ko raporo yo kurwanya ruswa 2017 u Rwanda ruzaza

Kuri uyu wa gatanu, mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko harabera inama nyunguranabitekerezo  ku “guhangana na ruswa, inzitizi zikigaragara, n’ingamba zafatwa”. Afungura iyi nama Perezida w’Inteko Nshingamategeko umutwe w’Abadepite, Hon. Donatille Mukabalisa yasabye Abanyarwanda bose gusenyera umugozi umwe mu kurwanya ruswa, ngo u Rwanda rurifuza kuzaba ku isonga mu bihugu byarwanyije ruswa muri 2017. Iyi nama […]Irambuye

Ruswa igira ingaruka cyane ku rubyiruko, cyane ishingiye ku gitsina

Kuva tariki ya 3-9 Ukuboza 2016,  mu Rwanda harimo kuba ubukangurambaga bwo kwurwanya Ruswa, ngo biragoye cyane kurwanya ruswa mu rubyiruko,  cyane ishingiye ku gitsina kuko ngo urubyiruko rwinshi ari abashomeri kandi baba bashaka gutera imbere bagahura na yo bajya kwaka akazi no gushaka indi mishinga yabazamura.   Urubyiruko nk’amizero y’iguhugu cy’ejo ngo bafite imbogamizi […]Irambuye

Police n’inzego z’ibanze niho hagaragaye ruswa cyane mu 2015 –

*Umuntu umwe kuri batanu babajijwe avuga ko yasabwe ruswa *Ruswa mu Rwanda iri ku gipimo cya 16% *Police n’inzego z’ibanze iri kuri 42% Umuryango mpuzamahanga utagengwa na Leta urwanya ruswa, Transparency International-Rwanda, wamuritse ibyo wabonye mu bushakashatsi ngarukamwaka bwerekana urwego ruswa ihagazeho mu gihugu, muri Police no mu nzego z’ibanze niho yagaragaye kurusha ahandi. Uko […]Irambuye

Iburengerazuba: Abayobozi bihanangirijwe ku mico ijyanye na RUSWA

Cyane cyane muri gahunda ya ‘Gira Inka’ aho bubatse umuco mubi bise ‘ikiziriko’ aho umuturage ajya guhabwa inka akabanza guha umuyobozi ikiziriko. Kimwe n’indi mico irimo guha impano abayobozi n’ibindi byose biganisha kuri ruswa, Urwego rw’Umuvunyi wrabihannye abayobozi ku nzego zitandukanye Iburengerazuba bari baje i Karongi gutangiza icyumweru cyo kurwanya ruswa kuri uyu wa 01 […]Irambuye

40% bya ruswa igaragara mu mitangire y’akazi ka Leta ‘Ishingiye

Raporo y’imikorere y’urwego rw’umuvunyi y’umwaka w’ingengo 2014/2015 yagaragaje ko ruswa ishingiye ku gitsina ariyo iza imbere mu bwoko bwa ruswa zigaragara mu mitangire y’akazi ka Leta mu Rwanda, dore ko ngo iyi ruswa yiharira 40%, mu gihe ruswa y’amafaranga yo ari 39%. Raporo z’urwego rw’umuvunyi n’imiryango irwanya ruswa n’akarengane zigaragaza ko ruswa mu mitangire y’akazi […]Irambuye

Raporo y’Umuvunyi: Ruswa mu Rwanda mu 2014. Police niho ivugwa

Urwego rw’Umuvunyi mu Rwanda rwasohoye icyegeranyo kigaragaza uko ruswa yari ihagaze mu Rwanda mu mwaka wa 2014, iyi raporo yanzura ko ruswa yagabanutse ugereranyije n’umwaka ushize ariko ko mu rwego rwa Polisi ari ho ikivugwa cyane. Urwego rw’Umuvunyi ruvuga ko ubu bushakashatsi bwakozwe mu turere 11 tw’u Rwanda twatoranyijwe nta gikurikijwe. Ubu bushakashatsi ngo ibyabuvuyemo […]Irambuye

Polisi y’igihugu yirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani

Umuvugizi wa Polisi y’igihugu ACP Damas Gatare yatangaje ko ubuyobozi bwa Polisi bwirukanye abapolisi mirongo irindwi n’umunani bakurikiranyweho uruhare mu bukorwa bya Ruswa. ACP Gatare avuga ko ibi biri mu rwego rwo guca Ruswa mu gihugu ariko bihereye muri Polisi. Umwaka ushize  hari abandi Bapolosi barirukanywe nabo bakurikiranyweho uruhare mu bikorwa bya Ruswa kandi beretswe […]Irambuye

Abagabo 3 bari mu maboko ya Polisi kubera ubwambuzi bushukana

Aba bagabo ni Ngirababyeyi Jean w’imyaka 35 ukomoka mu kagari ka Karembure Umurenge wa Gahanga, Akarere ka Kicukiro, Ndagijimana Marc w’imyaka 38 ukomoka mu Kagari ka Ntura, umurenge wa Ntura, Akarere ka Rusizi na Sindikubwabo Jean Pierre w’imyaka 40 ukomoka mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Nyamabuye akarere ka Muhanga. Aba bose bakaba barafatiwe mu […]Irambuye

en_USEnglish