Tags : RDC

Jenoside: Ntaganzwa ngo ‘ntarabasha kumenya ikihishe inyuma y’ibyo aregwa’

*Avuga ko ikoranabuhanga ritangwamo ibirego adafite ubushobozi bwo kurikoresha, *Ngo Laptop bamuhaye arayikoresha ariko ikagera aho ikavuga ngo “Low memory”, *Umwunganizi we ngo dosiye yahawe hari byinshi biburamo… Ku munsi wa mbere agezwa imbere y’Urukiko kugira ngo aburanishwe mu mizi, Ntaganzwa Ladislas ukekwaho ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu birimo gusambanya abagore ku gahato muri Jenoside, […]Irambuye

DRC: Abasangwabutaka barashinjwa kwica abantu 30 n’imyambi isize uburozi

Radio Okapi ivuga ko abasangwabutaka bagabye igitero ahitwa Muswaki muri km 70 uturetse mu mujyi wa Kalemie, abarokotse ubu bwicanyi ni bo bemeza ibi, bakavuga ko ababikoze bakoresheje imyambi isize ubumara. Ubu bwicanyi bwabaye mu ntangiriro z’iki cyumweru, aho abo mu bwoko bw’aba Pygmées (Abasangwabutaka) bavugwaho bakoresheje imiheto n’imyambi bakirara mu baturage bakabarasa ndetse ngo […]Irambuye

Hugue: Bosco Ntaganda watangiye kwiyicisha inzara yavuze ko yiteguye gupfa

Uwahonze ari umuyobonzi w’inyeshyamba za M23 zarwaniraga mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Bosco Ntaganda uri kuburanishirizwa mu rukiko Mpuzamahanga mpanabyaha rwa ICC, kuri uyu wa Kabiri yabwiye Umucamanza ko yiteguye gupfa. Mu cyumweru gishize, Jean Bosco Ntaganda yakoze imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara mu kwamagana uburyo afunzwemo. Jean Bosco Ntaganda wahoze ayobora […]Irambuye

RDC: FDLR iri mu bakekwaho kwivugana abantu 14

Umuvugizi w’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, Captain Guillaume Ndjike yatangaje ko abarwanyi bakekwa kuba ari abo mu mitwe irwanira muri iki gihugu, barimo na FDLR baraye bitwikiriye ijoro bakagaba ibitero mu Burengerazuba bw’iki gihugu, bakivugana abantu 14. Aya makuru yanemejwe na bamwe mu bayobozi bo muri ibi […]Irambuye

Rusizi: Abacuruzi mu isoko rya Budike bamaze imyaka 15 bategereje

Nyuma y’uko aba bacuruzi bavuga ko babeshywe ko bagiye kubakirwa isoko n’ubuyobozi bw’akarere ka  Rusizi mu mwaka ushize, ubu ngo bamaze kurambirwa imvura n’isuri bibatwarira isambaza mu gihe banika ndetse no kurwana n’ibikona biza kuzirya aho zanitswe, kuko ngo bibateza igihombo. Iri soko ryo mu Budike ribarizwa mu murenge wa Gihundwe wo muri aka karere […]Irambuye

Kuba USA itunenga nabyo ni ngombwa mu mibanire yacu –

Kimihurura – Mu kiganiro Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatanu tariki 20 Kamena, yagarutse ku mibanire n’ibindi bihugu ari naho yavuze ko guterana amagambo binyuze mu bitangazamakuru bimaze iminsi hagati y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika,  ko nta kibazo byateje mu mibanire yabyo byombi kuko ngo kuba […]Irambuye

RDC:Abadepite 50 batavuga rumwe na leta nti bashaka ko Kabila

Mu gihugu cya Repebulika iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa kane tariki ya 27 Werurwe  abadepite 50 batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa  batangaje ko batifuza ko Perezida Joseph Kabila yakwiyongeza indi manda. Aba badepite bavuze ko Kabila agomba gosoza manda ye ya kabari ari na yo ya nyuma nk’uko Itegeko Nshinga ry’iki gihugu ribitenganya […]Irambuye

Igitabo “Imana y’i Murenge” kigiye gushyirwa hanze

Ku cyumweru tariki ya 30/03/2014 ku rusengero rwa Nazereni ruri i Remera ni bwo umwanditsi Mumararungu Innocent bakunze kwita Rugoyera Zaburi azashyira hanze igitabo cye cya kabiri yanditse yise “Imana y’i Murenge”. Iki gikorwa nk’uko Mumararungu  yabidutangarije ngo kizatangira saa munani kandi hazaba hari n’abahanzi batandukanye barimo Alarme Ministries, kandi hazabaho umwanaya wo gusobanura iki gitabo, […]Irambuye

Congo: Bazanye amarobo abafasha mu gucunga umutekano wo mu muhanda

I Kinshasa mu Murwa mukuru wa Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo bahazanye amarobo ‘Robots’ azajya bafasha Polisi  kubungabunga umutekano wo mu muhanda ayobora imodoka. I Kinshasa hagaragaraga ikibazo cy’umutekano mucye  mu muhanda bitewe n’ubwinshi bw’imodoka ziba zibisikana muri uyu Murwa none ubu Polisi yabonye ubufasha bw’amarobo mu bijyanye no kuyobora imodoka bazereka ibyerekezo. Amarobo abiri […]Irambuye

en_USEnglish