Mu mukino w’umunsi wa 23 wa Shampiyona y’umupira w’amaguru u Rwanda izwi nka Azam Rwanda Premier League (ARPL) wahuje ikipe ya Rayon Sports iri ku mwanya wa mbere na Gicumbi FC kuri stade ya Kigali i Nyamirambo urangiye Rayon Sports itsinze ibitego 6 kuri 1 cya Gicumbi. Rayon Sport ikomeje kuza ku mwanya wa mbere […]Irambuye
Tags : Rayon Sports FC
*Mu cyumweru gitaha Rayon Sports na APR FC zizakina umukino wa Shampiyona *Nyuma yaho zongere guhura zihatanira igikombe cy’Ubutwari Urwego rw’igihugu rushinzwe intwari, impeta n’imidari by’ishimwe rwatangaje ko ku itariki ya 01 Gashyantare, ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza umunsi mukuru w’intwari hazaba umukino uzahuza Rayon Sports FC na APR FC, bahatanira igikombe cy’Ubutwari. Nkusi Deo, […]Irambuye
APR FC yaraye itsinze Pepiniere FC ibitero bibiri ku busa, wari umukino w’ikirarane wakabaye warakinwe ku munsi wa gatandatu wa Shampiyona. Byatumye APR isatira cyane Rayon Sports ku rutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona ‘Azam Rwanda Premier League’. Uyu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali wongeye kugarurira icyizere abakunzi ba APR FC kuko batsinze Pepiniere FC ibitego […]Irambuye
Nyuma y’imikino itanu ya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Rayon sports iyoboye urutonde nyuma yo gutsinda umukino iheruka gukinira i Rubavu na Marine FC. Masudi Djuma utoza iyi kipe avuga ko uku gukomeza kwitwara neza mu mikino irimo n’iyo hanze ya Kigali bimwongerera ikizere cyo gutwara igikombe. Mu mpera z’icyumweru twaraye dusoje, shampiyona y’umupira w’amaguru […]Irambuye
Mu mukino wa gicuti, Pépinière FC yo ku Ruyenzi yanganyije na Rayon Sports ibitego 2-2. Muri uyu mukino, Rayon yakinnye idafite Moussa Camara na Yves Rwigema iherutse gusinyisha. Kuri uyu wa gatandatu tariki 24 Nzeri 2016, mu Murenge wa Runda wo mu Karere ka Kamonyi, habereye umukino wa gicuti wo kwishyura warangiye Rayon Sports inganyije […]Irambuye
Umutoza w’umubiligi Ivan Jacky Minnaert watoje Rayon Sports ubu akaba atoza muri Kenya, yaba agiye kugaruka mu Rwanda aje gutoza APR FC ubu idafite umutoza mukuru. Ivan Minnaert yageze mu Rwanda bwa mbere tariki 13 Ugushyingo 2015, aje gutoza Rayon Sports. Yayitoje amezi atatu gusa kuko tariki 24 Gashyantare 2016, nyuma y’umukino wa Shampiyona Rayon […]Irambuye
Muri AS Kigali Preseason Tournement, habaye imikino ine, yasojwe n’ibirori ku bakunzi ba Rayon Sports, inyagira Sunrise FC 4-0, birimo bibiri bya rutahizamu wayo mushya, Moussa Camara. Kuri iki cyumweru tariki 11 Nzeri 2016, habaye imikino ya kabiri y’amatsinda y’irushanwa ryateguwe n’Umujyi wa Kigali, AS Kigali Preseason Tournement. Kuri Stade Amahoro, ni ho Rayon Sports […]Irambuye
Rayon sports yatangiye kugabanya umubare w’abakinnyi batabona umwanya. Abatoza b’iyi kipe bamaze gutangaza abakinnyi bane birukanye. Nyuma y’imyotozo yo kuri uyu wa kabiri, abakinnyi bane bari bagifite amasezerano y’umwaka muri Rayon sports, batangarijwe ko birukanwe. Abo ni; myugariro w’ibumoso Kanamugire Moses, Alexis Ndacyayisenga na Mugenzi Cedrick bita Ramires bakina ku mpande (right wingers), n’uwari umunyezamu […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nyakanga, APR FC yatangaje abatoza bashya bayobowe na Kanyankore Gilbert Yaoundé bagomba kuyifasha guhagarara ku gikombe cya Shampiyona yatwaye, wanahise atangaza ko abayobozi b’ikipe z’abakeba Rayon Sports na Kiyovu ari abaswa. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye ku kicaro cyayo, APR FC yerekanye itsinda ry’abatoza bazayitoza umwaka utaha, bayobowe na Kanyankore […]Irambuye
Imikino ya ¼ yo guhatanira igikombe cy’Amahoro yabaye kuri uyu wa gatandatu yasize Rayon Sports FC, APR FC, Espoir FC na AS Kigali zigeze muri ½. APR FC yasezereye Kiyovu Sports iyitsinze 1-0, igitego cya Sibomana Patrick cyabonetse ku munota wa 89, impande zombi zatangiye kwitegura ko zigiye muri Penalite. AS Kigali yo yasezereye Amagaju […]Irambuye