Tags : NEC

Diane Rwigara ntiyemera ko hari inyandiko zituzuye mu zo yahaye

Mu kuganiro n’abanyamakuru, Shima Diane Rwigara umugore umwe wamaze gutanga ibyangombwa muri Komisiyo y’Amatora nk’ushaka kuzahatanira kuyobora igihugu, yavuze ko atazi icyo Komisiyo yshingiyeho itamutangaza ku rutonde rw’agateganyo rw’Abakandida bemerewe. Muri iki kiganiro n’abanyamakuru, cyabereye i Nyamirambo, Shima Diane Rwigara yabwiye abanyamakuru ko ibyo yasabwaga gutanga byose yabitanze ariko agatangazwa n’uko atagaragaye ku rutonde rw’abakandida […]Irambuye

NEC yarangije kwakira abifuza kuba Abakandida…Amahirwe aracyangana kuri 6

*Barafinda na Mpayimana ngo ibyangombwa baburaga byose babitanze, *NEC ivuga ko abatarazanye ibyemezo byuzuye bashobora kubizana kugeza kuwa 07/07 Paul Kagame, Barafinda Sekikubo Fred, Mwenedata Gilbert, Habineza Frank, Diane Shimwa Rwigara na Mpayimana Philippe ni bo batanze ibyangombwa by’abifuza kuba abakandida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Kanama. Komisiyo y’amatora imaze gufunga ibikorwa byo kwakira […]Irambuye

MPAYIMANA yatanze ibyangombwa haburamo bine

*Mpayimana yabuze bine mu byangombwa asabwa bijyana na Kandidatire Mpayimana Phillipe abaye uwa gatanu utanze ibyangombwa bye muri Komisiyo y’igihugu y’Amatora agaragaza ko ashaka kuzahatana nk’Umukandida mu Matora ya Perezida ategerejwe muri Kanama. Ari mu ivatiri y’umweru yo mu bwoko bwa Toyota Carina itariho icyapa cya Taxi, Mpayimana yasesekaye kuri Komisiyo Saa 11h00 ziburaho mike. […]Irambuye

Rulindo: Abafite ubumuga barasaba gukurirwaho inzitizi zatuma batitabira amatora

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa kuri 73 ngo Abanyarwanda binjire mu gikorwa cy’amatora ya Perezida azaba tariki 4 Kanama 2017, abamugaye barasa ko Leta yabafasha gukurirwaho icyazagaragara nk’inzitizi zatuma batitabira amatora. Umuyobozi uhagarariye abafite ubumuga ku rwego rw’Umurenge wa Base mu kakarere ka Rulindo, Musanabera Fortunee ubwo twaganiraga yaragaragaje impungenge zikiriho ku bafite ubumuga zishobora […]Irambuye

Hari abishyuza Komisiyo y’Igihugu y’Amatora amafaranga bakoreye mu 2014

*Umubare w’abishyuza urakabakaba 800 ariko Komisiyo ivuga ko batagezeho, *Ngo barishyuje bageze aho barabirambirwa, ntagikorwa. *Komisiyo y’Amatora yavuze ko iki kibazo kizakemuka vuba. Amakuru y’uko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ibereyemo amafaranga bamwe mu bakorerabushake bayifashije mu mwaka 2014/15, Umuseke uyakesha umwe mu bishyuza uvuga ko ikibazo cyabo ntaho kitajyeze ariko kikaba cyarirengagijwe. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu […]Irambuye

Nabonye Abanyarwanda benshi bashaka kuba Perezida – Munyaneza ES/NEC

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora (National Electoral Commission, NEC) yavuze ko kimwe mu byihariye bishobora kuzaranga amatora ya Perezida ateganyijwe muri Kanama 2017 harimo n’umubare munini w’abashaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Mu kiganiro yahaye abanyamakuru 34 bagiye kujya mu Ntara kongera ubumenyi mu gukora inkuru ku matora kuri uyu wa gatatu, Charles Munyaneza yasobanuye aho imyiteguro […]Irambuye

NEC ifite impungenge z’uko urubyiruko rwiganje mu bazatora rwazaba ntibindeba

*Mu bazatora urubyiruko ni hafi 60%, *Komisiyo y’Amatora ngo hari bimwe yakoze n’ibindi igikora, *Ngo hari abatoye Referendumu bumva ko barangije gutora Perezida. Mu kiganiro uhagarariye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yagiranye n’abanyamakuru bakora inkuru ku matora, yavuze ko mu bazatora Perezida wa Repubulika hagati ya tariki 3-4 Kanama 2017 urubyiruko ruri hejuru ya 56%, Komisiyo ikaba […]Irambuye

IGITEKEREZO: Ni uwuhe muyobozi u Rwanda rwifuza kuva 2017?

Pacifique RURANGWA ni umwanditsi w’iki gitekerezo. Ni Umunyarwanda uba mu gihugu ukurikiranira hafi Politiki y’igihugu. Yahawe igihembo na Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda (NCHR) cy’uwanditse inyandiko yahize izindi ku bwisanzure bwo gusenga (article on freedom for worship) mu Rwanda (2016). Facebook: Rurangwa pacific Twitter :@prurangwa Amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda azaba tariki ya 3 Kanama […]Irambuye

Abagore bagifite imyumvire yo gutinya imyanya ikomeye ni inzitizi kuri

Kuri uyu wa mbere, Abasenateri  bagize Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere Myiza, basuye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu rwego rwo kumenya no kugenzura iyubahirizwa ry’amahame remezo mu matora ya Referandumu, n’ay’inzego z’ibanze, mu byo baganiriye harimo uko abagore barushaho kukwitabira kujya mu myanya ikomeye ifata ibyemezo aho kujya mu yo bumva yoroheje kubera ko ngo ni imwe […]Irambuye

Mu minsi 10: NEC ngo yiteguye gukoresha referendum ikagenda neza

-Mu nama ya Biro Politike yaguye ya RPF-Inkotanyi Perezida Paul Kagame yemereye abanyamuryango ayoboye ko referendum yaba tariki 18 Ukuboza 2015; -Gusa, avuga ko nk’uko itegeko ribiteganya, azatangaza iyi tariki ku mugaragaro ndetse n’impamvu ya referendum mu nama ya Guverinoma izaba muri iki cyumweru; -Ubaze uhereye kuri kuri uyu wa mbere tariki 07, ukagera kuwa […]Irambuye

en_USEnglish