Tags : Nairobi

Kenya: 3 bakatiwe urwo gupfa kubera gufata ku ngufu no

Kuri uyu wa gatatu abagabo batatu b’Abanya-Kenya bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo guhamywa ibyaha byo gufata ku ngufu umugore, bakamwambika ubusa mu modoka itwara abagenzi no kumwiba ibyo yari afite byose. Aba bagabo bakoze ibi byaha muri 2014, ni uwitwa Nicholas Mwangi watwaraga imodoka itwara abagenzi, Meshack Mwangi wari ‘Convoyeur ‘ n’undi witwa Edward Ndung’u […]Irambuye

EAC igiye gushyiraho ibirango bishya

Kuri uyu wa Kabiri Umuryango wa Africa y’Uburasirazuba EAC watangije amarushanwa yo gukora ibirango byawo bishya, abazitabira ayo marushanwa bakaba ari abatuye ibihugu byose biri muri uyu muryango. Uzatsinda aya marushanwa azahembwa ibihumbi 25$. Italiki ntarengwa yo kuba abarushanwa barangije kwerekana ibyo bakoze ni tariki 30, Kanama 2017. Uzahembwa kandi agomba gukora ibindi birango bitatu […]Irambuye

Green Sports yo muri Kenya igiye gufasha Abanyarwanda batatu kubona

Ikipe y’i Rwamagana itozwa n’umutoza w’abana, Kamanzi Haridi iherutse gutwara igikombe mu irushanwa ry’umupira w’amaguru ryabereye i Nairobi. Abakinnyi batatu b’Abanyarwanda bitwaye neza muri iri rushanwa, bagiye gushakirwa amakipe i Burayi n’ikigo Green Sports cyo muri Kenya. Kamanzi Haridi utoza abana muri Rwamagana Training Center mu mupira w’amaguru, yatangije gahunda yo gushakira abana b’Abanyarwanda amarushanwa […]Irambuye

Kenya: Abazunguzayi bakoze imyigaragambyo ikomeye

Ahantu hakorerwaga n’abazunguzayi (hawkers) mu gace ka Eastleigh mu murwa mukuru wa Nairobi, wa Kenya, haraye hasenywe n’abapolisi mu gicuku. Abafite amaduka muri ako gace ka Eastleigh bamaze igihe binubira ko abazunguzayi babangamira kubera gutangirira abantu ku muryango w’isoko bakababuza kwinjira kandi ngo bo batanga imisoro. Abafite amaduka bari bafunze amaduka yabo bajya mu myigaragambyo. […]Irambuye

Kenya: Impanuka yahitanye abanyeshuri batandatu b’abakobwa

Abanyeshuri batandatu mu ishuri ry’abakobwa mu Burengerazuba bwa Kenya biravugwa ko bapfuye baguye mu mpanuka y’imodoka itwara abanyeshuri. Abanyeshuri bo mu ishuri Nyamagwa’s Girls School ry’ahitwa Kisii bishimiraga guhabwa imodoka nshya ya Bus itwara abanyeshuri. Amafoto yakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yerekana abanyeshuri bishimye ariko nyuma byakurikiwe no gukora impanuka. Amakuru aravuga ko umwarimu n’umushoferi w’iyi […]Irambuye

Kenya: Senateri yakubise ingumi umuyobozi w’Umujyi wa Nairobi mu Nteko

Umuyobozi w’Umujyi wa Nairobi muri Kenya, Evans Kidero biravugwa ko yajyanywe kwa muganga kureba ko ntacyo yabaye nyuma yo gukubitwa ingumi na Senateri Mike Sonko, wo muri Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari ya Leta (PAC muri Kenya), nk’uko byatangajw en’umuvugizi we Beryl Okundi. Ibiganiro byo kubaza uyu muyobozi uko yigwijeho imitungo, byaje kuvamo kurakara, maze […]Irambuye

Igitaramo ‘Kigali-Buja Night Concert’ kiraba kuri uyu wa gatandatu

Iki gitaramo kizaba kuri uyu wa gatandatu tariki 10/10/2015 kuri Hotel Umubano kwinjira ni amafaranga y’u Rwanda 10 000, mugatarama kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba (18h00/ 6h00 p.m) kugeza saa tanu z’ijoro (23h00/ 11h00 p.m). Umuhanzi King James watwaye PGGSS II na Ninteretse Christian watwaye PRIMUSIC mu gihugu cy’U Burundi baraba bakereye kubasusurutsa n’abandi bahanzi […]Irambuye

Urugomo ruravuza ubuhuha i Nairobi ya Kayonza.

Ba nyakamwe ntitugira ijambo; Umugore yansohoye mu rwanjye ndomongana; Umugabo yantanye abana; Ubasambanyi buravuza ubuhuha; Nta mugoroba hadakubitwa umuntu; Ntiwasiga akawe hanze ngo uze ugasange. Iburaasirazuba – Usibye kukubwira ko nta bibazo bindi bafite bidasaznzwe aha i Nairobi mu karereka Kayonza mu murenge wa Rukara mu kagari ka Rwimishinya, gusa bose bakomoza ku kibazo cy’urugomo […]Irambuye

Wari uzi ko mu Rwanda hari ahitwa i Nairobi?

Mwamenye ahitwa ‘South Africa’ muri Kigali, Iburasirazuba mu karere ka Kayonza ho hari agasantere kitwa Nairobi. Ni mu cyaro cyo mu murenge wa Rukara Akagali ka Rwimishinya umudugudu wa Kigwene I, hitwa gutya kuva mu myaka hafi 10 ishize. Uri mu muhanda mpuzamahanga wa Kayonza – Nyagatare ukarenga i Gahini ukagera aho bita Kukimodoka ufata umuhanda […]Irambuye

en_USEnglish