Tags : My Day of Suprise

Episode 29: Master aguye mu matsa nyuma yo kugubwa gitumo

Episode 29 ….. Soso – “Sha ndumva wankurikiranira hafi aho mba ndi hose kuko ntawamenya bashobora gutinda kuza nkabigenderamo.” Ubwo tukiri muri  byo phone ya Soso yahise isona! Twese turikanga. Mu kureba neza abona ni numero  atazi, aranyereka abanza kuyireka, ageze aho aba arayifashe akanda yes, ashyira ku gutwi hashize umwanya ahita akanda bouton ya […]Irambuye

Episode 25: Ibyago ko bihuriye kuri Eddy yiteguraga ikizamini cya

Episode 25 ….Mbona Directeur aranyitegereje mu maso, na njye nkomeza gutegereza icyo ambwira, hashize akanya! Master  – “Niko sha, warahindutse ntukigira utuntu tw’amakosa??” Jyewe – Cyane rwose kuva cya gihe sinongeye kuba nakosa, rwose byabaye ubwa mbere ndetse n’ubwa nyuma sinzasubira ! Master – “None se sha Eddy, harya warangije kwishyura amafaranga yose?” Jyewe – Oya, […]Irambuye

Episode ya 21: Eddy na Soso ko urugwiro rugeze aho

Episode 21 ……James – “Nta kibazo reka nze murebere imyenda yo kurarana mujyane ni aho mu gitondo!” Ubwo twese twarasetse bya hatari ubundi Sosos ahita ahaguruka asezera James, nanjye ubwo  nari ngiye guherekeza. Nahise njya inyuma y’uwo mwana w’umukobwa sinari nanabonye n’uko ateye mu bice by’inyuma bigize umubiri we! Nk’umusore uwo ni we mwanya nari  […]Irambuye

Episode 17: Fille ararikoze! Ko Kabebe bamutumye ababyeyi birarangiye, iby’urukundo

Episode 17 ……………Ubwo Fille kwihangana byaranze aba arahagurutse aza yihuta aba afashe James amwumiraho ari na ko arira cyane, ubwo hashize akanya twese tubahanze amaso, Fille aramurekuza ahita ahagurutsa Hafsa bari bicaranye amukurura barasohoka ubwo twe abari basigayemo turumirwa duceceka gato hashize akanya. James – “Brothers and Sisters, mumbabarire ku bimaze kuba nanjye mpisemo kuvuga […]Irambuye

Igice cya 14: Uyu mukobwa se ko atangiye kunenga imikorere

Episode 14 …………Jyewe – Eeeh murokoze cyane nizere ko muhabonye mutazayoba! We –  “Hahhhhhhh ntabwo nzayoba kandi ninyoba nzayoboza!” Jyewe – Murakoze cyane! Ubwo tuzabona mugarutse! Ubwo yahise aheka bag nziza yari afite arasohoka! James na we arongera ajya kwihera ijisho! Hashize akanya aragaruka! James – “Bro, mbega umwana weee! Icyampa akajya ahora aza hano!” […]Irambuye

Igice cya 13: Eddy igihembwe cya mbere arakirangije da! –

Episode 13 …nakomeje kugira ibyishimo, ubwo natangiye kujya nshuruza cyane  nka 5000 Rwf ku munsi, nabara nk’inyungu nkabona ni nka 2000 Rwf nkumva birimo neza! Eeeh, rimwe byarantunguraga nkanayarenza nkumva courage ziriyongereye! Ukwezi kwashize nishyuye inzu ndetse byageze mu gihembwe hagati narishyuye na minerval yose nari nsigaje !! Ntacyadushimishaga jye na James nk’icyo! Ubwo igihe […]Irambuye

Igice cya 11: Eddy mu buzima bwo kurara mu rusengero,

Episode 11 ….Namanutse hepfo gato, ubwo bwari busa nk’ubwahumanye ndakomeza ngera ahantu hari urusengero ninjiramo ariko mu by’ukuri sinari ngiye gusenga ahubwo yari gahunda  yo kubona aho nirarira bugacya ngakomeza! Ubwo mpageze narinjiye nshyira igikapu hasi ndicara nubika umutwe nkuri gusenga ndasinzira dore ko nari maze iminsi ntasinzira! Nakangutse, sinzi unkozeho ndebye mbona abantu bose […]Irambuye

en_USEnglish