Tags : Musanze

Iyo tubona abantu twabohoye babyina biradushimisha – Col Mutangana

Mu gitaramo cy’Inkera y’Urugamba kuri uyu wa 3 Nyakanga hazirikanwa Ubutwari bw’ababohoye u Rwanda, ku rwego rw’akarere ka Musanze, Colonel Mutangana ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Divisiyo ya kabiri yavuze ko urugamba rw’amasasu rwarangiye hasigaye urwo kubona Abanyarwanda bose ingabo za RPA zabohoye bishimye. Igitaramo cyabereye mu murenge wa Shingiro ku rusengero rw’Abadivantisiti b’Umunsi wa […]Irambuye

Musanze: Hari abo basanze bavuza abarwayi impu n’amajanja

Mu bikorwa bikomeje byo kurwanya abayita abavuzi gakondo bakora mu buryo butemewe n’amategeko i Musanze hafunzwe amavuriro amwe n’amwe arimo n’aho basanze hari uvuza abamugana impu n’amajanja by’inyamaswa, ndetse n’abafite ibidomoro byuzuyemo ibintu bisukika bita imiti baha abarwayi. Abavuzi gakondo bemewe bafite ibyangombwa bahabwa, ababifite nabo barasuzuma servisi batanga. Abatabifite n’abatanga servisi mbi cyane cyane […]Irambuye

Ikibazo cy’amashanyarazi i Musanze,Nyabihu na Rubavu kirakemuka mu byumweru 2

Mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu hashize igihe abahatuye binubira ibura ry’umuriro rya hato na hato bikabateza igihombo mu kazi n’ibikoresho bimwe bikangirika. Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG, buravuga ko icyo kibazo bwamenye impamvu zacyo kandi ko ari iminsi mike bigakemuka. Umuyobozi mu kigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi,  mu ishami  rishinzwe guteza […]Irambuye

Musanze: Abatubura imbuto y’ibirayi bihaye imyaka itatu bagakemura ikibazo cy’imbuto

Abatubuzi b’ibirayi bo mu karere ka Musanze bavuga ko mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere bazaba bakemuye ikibazo cy’ibura ry’imbuto z’ibirayi cyakunze kuvugwa mu bahinga ibirayi. Nzabarinda Isaac umutubuzi w’imbuto z’ibirayi watangiye ako kazi muri 2012, avuga ko yatangiye uyu mwuga kugira ngo afashe abahinzi kugera ku mbuto nziza ku buryo butabagoye. Ati “Ikibazo cy’imbuto ni […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe yasabye abalimu gukora cyane no mu mahasaha y’ikirenga

Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yasoje itorero ry’Abarimu ryiswe Indemyabigwi, bari bamaze icyumweru batozwa indangagaciro nyarwanda, mu ijambo rye, yavuze ko Perezida Paul Kagame yamutumye kubabwira ko bagomba gukora cyane no mu masaha y’ikirenga kandi ngo azafatanya nabo kureba uko imibereho yabo yakomeza kuba myiza. Umubare w’Abalimu bari mu itorero ry’INDEMYABIGWI mu […]Irambuye

Menya indwara ya Hepatite B na C, Umunyarwanda wese adakwiye

*Mu Rwanda habarurwa abarwayi ba Hepatite B na C 600 000, *Abaturage ngo ntibarasobanukirwa ubukana bw’izi ndwara ngo ntibihutira kuzikingiza. Musanze – Kuwa kabiri ikigo cy’Ubuzima (RBC) cyatangije ubukangurambaga bwo kurwanya indwara y’umwijima, abuntu basaga 2000 bakingiwe iyi ndwara ya Hepatite B mu karere ka Musanze, muri rusange ngo Abanyarwanda 600 000 barwaye Hepatite B […]Irambuye

Musanze: Imbuto y’ibirayi yabaye ingume ku bahinzi, kg 1 iragurwa

*Ibirayi biteze mu Kinigi byagenda gute i Kigali, Umuhinzi ati “Ibirayi mubyibagirwe!”, *Abahinzi bavuga ko guhenda kw’imbuto bituma bamwe batabona ubushobozi bwo kuyigura, *Uko guhenda kw’ibirayi byatumye ubuzima na bwo mu Kinigi bihenda, *Ubuyobozi bwibutsa abaturage kutishimira igiciro cyiza bakibagirwa kwisigira imbuto y’ibirayi. Ntabwo hashize igihe Umuseke ugeze mu Kinigi ku kigega cy’u Rwanda mu […]Irambuye

Musanze/Remera: Abarema isoko rya Nyirabisekuru barasaba ko ryubakirwa

Kwimura isoko rya Nyirabisekuru ntibivugwaho rumwe hagati y’abaturage n’ubuyobozi, abaturage basaba ko ryubakirwa, ubuyobozi bwa Musanze bwo bukavuga ko buzafasha abahatuye kubona agasoko mu gihe aho hantu hari Centre y’ubucuruzi ikomeye. Muhawenimana Musa, umwe mu badodera inkweto mu isoko rya Nyirabisekuru, twamusanze yikinze mu mutaka kubera imvura yagwaga. Uyu muturage avuga ko ngo yatangiye gukorera […]Irambuye

en_USEnglish