Tags : Murekezi

Gas izagezwa mu ngo no mu nganda nk’uko amazi ahagezwa –

*Igiciro cya gazi kigeze ku mafaranga 1100 cyavuye ku frw 1600, *Leta ngo izakomeza guhanarira ko ibiciro bimanuka no kurwanya ababizamura. Ageza ku bagize Inteko ishinga amategeko, Sena n’Aabadepite ijambo rijyanye n’ibyo u Rwanda rumaze kugeraho mu by’ingufu n’amashanyarazi, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yavuze ko kuba intego ya MW 563 u Rwanda rwahigiye kugeraho muri […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe yasabye ababyeyi kwigisha abana amateka y’igihugu batayagoreka

Kuri uyu wa gatanu, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yafatanyije n’abaturage bo mu karere ka Nyaruguru gutangiza Ihuriro ry’Ubumwe n’ubwiyunge. Yasabye abaturage kurushaho gukunda umurimo mu rwego rwo kwiteza imbere. Minisitiri w’Intebe yasabye abaturage kubyaza umusaruro amahirwe ari mu gihugu yafasha buri wese kwiteza imbere hatagize usigara inyuma mu iterambere. Yasabye ababyeyi kuganiriza abana amateka yose y’igihugu […]Irambuye

Minisitiri w’Intebe yasabye abalimu gukora cyane no mu mahasaha y’ikirenga

Kuri uyu wa kane, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yasoje itorero ry’Abarimu ryiswe Indemyabigwi, bari bamaze icyumweru batozwa indangagaciro nyarwanda, mu ijambo rye, yavuze ko Perezida Paul Kagame yamutumye kubabwira ko bagomba gukora cyane no mu masaha y’ikirenga kandi ngo azafatanya nabo kureba uko imibereho yabo yakomeza kuba myiza. Umubare w’Abalimu bari mu itorero ry’INDEMYABIGWI mu […]Irambuye

Inama y’Abaminisitiri yeguriye ingomero nto z’amashanyarazi abikorera

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yaraye iteranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje ko ingomero nto z’amashanyarazi zegurirwa abikorera kugira ngo barusheho kuzicunga, ndetse inemerera abashoramari kuzabyaza amashanyarazi imwe mu mishinga y’ingomero ntoya z’amashanyarazi ihari. Ingomero nto z’amashanyarazi zeguriwe abashoramari mu buryo bukurikira: Carera- Ederer & Tiger Hubert Heindl yeguriwe urugomero rw’Agatobwe, […]Irambuye

Rwanda: Kwimura abaturage ntibikurikiza amategeko – icyegeranyo

*Leta iyo yimura abaturage ishobora kumara imyaka ine itarishyura ubutaka n’ibindi bikorwa, *Abagenagaciro barashinjwa kugabanya nkana agaciro kubera impamvu zirimo na ruswa, *Abaturage 80% bimurwa ntibaba bishimye, Mu bushakashatsi bwashizwe ahagaragara n’ikigo gishinzwe gutanga ubwunganizi mu mategeko kuri uyu wa 29 Nyakanga 2015 cyavuze ko amategeko agenga kwimura abaturage ku nyungu rusange adakurikizwa kuko Leta […]Irambuye

I Kigali ntihabura ubuso bw’imikino n’imyidagaduro – PS MINALOC

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyari kigamije gusobanura umuganda udasanzwe w’urubyiruko mu gihugu hose, uzaba mu mpera z’iki cyumweru ugamije gukora ibibuga by’imyidagaduro mu tugari tw’igihugu cyose, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Vincent Munyeshya yavuze ko i Kigali hari ikibazo cyo kutagira ahantu hagenewe imikino n’imyidagaduro, ariko ngo hazaboneka. Kuri uyu wa kane tariki 16 Nyakanga […]Irambuye

Ubumenyi buke bwadindije bunahombya Leta mu mushinga wo guhinga indabo

26/6/2015: Imbere y’abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya Leta, abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere umusaruro w’ibyoherezwa hanze mu buhinzi (NAEB), bavuze ko umushinga wo guhinga indabo i Gishari watangiye ukageraho ugahagarara kubera ibibazo by’ubumenyi buke bwa bamwe mu bawize, gusa ngo uzaba watanze umusaruro mu gihembwe cya mbere cya 2016. Uyu mushinga […]Irambuye

RRA yibwe n’umukozi wayo miliyoni 56 ‘akayashyira kuri konti za

*Mazimpaka yamaze amezi 20 yiba amafaranga muri RRA nta we urarabukwa; *Gufatwa kwe, abadepite bakeka ko yaba yarabibwiye inshuti ze bikamenyekana; *Abadepite bafite impungenge ko n’abandi bakozi ba Leta baba babikora; *Ayo yibye yashyirwaga kuri konti za bashiki be,  ngo ntibyumvikana uko abakozi ba BNR bamusinyiraga * Yafashwe amaze kwiba miliyoni 56 z’amafaranga y’u Rwanda, […]Irambuye

Dr Papias Musafiri yagizwe Minisitiri w’Uburezi

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 24 Kamena, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Papias Musafiri Minisitiri w’Uburezi nk’uko bigaragara mu itangazo ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi. Perezida Kagame kandi yagize Dr Celestin Ntivuguruzwa Umunyamabanga Uhoraho muri iyi Minisiteri y’Uburezi. Dr. Papias Musafiri yari umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda Koleji y’Ubucuruzi n’Imari (CBE) […]Irambuye

RRA imbere ya PAC yemeye amakosa menshi yo kutita ku

*Miliyari 5 zamaze hafi imyaka 2 zitaragera kuri Konti ya BNR, ngo hari abariho bazikoresha mu nyungu zabo *Miliyoni 330 zakererejwe mu ma Banki naho miliyoni 20 zizimirira muri ECOBANK * Mu misoro ya 2014 RRA yakusanyije miliyari miliyari 806 ariko ngo muri raporo bavuze ko bakusanyije 838,4   Abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwinjiza Imisoro n’Amahoro, (Rwanda Revenue […]Irambuye

en_USEnglish