Tags : King James

Huye – Riderman, King James na The Ben babwiye abantu

Mu gitaramo cyo kubwira abaturage iby’iyi Promotion ya Airtel yitwa “Tera Stori” abantu benshi cyane i Huye bagaragaje ko bayishimiye. Iyi Promotion iha amahirwe umufatabuguzi wa Airtel guhamagara no gukoresha impuga nkoranyambaga ku mafaranga 30 gusa kandi umunsi wose. Muri iyi week end abahanzi batatu bakomeye mu Rwanda aribo The Ben, Riderman na King James basusurukije […]Irambuye

Airtel izaniye abatuye Rubavu na Huye The Ben, Riderman na

Ni abahanzi baziranye kuko igihe batangiriye gukora umuziki mu Rwanda ari kimwe kandi bose ni ibyamamare mu Rwanda. The Ben, Riderman na King James bazahurira kuri stage i Rubavu ku itariki ya 04 Gashyantare, hanyuma bongere baririmbire abafana babo i Huye. Ibi bitaramo bizaba biri mu rwego rwo gushishikariza abafana babo kugura sim cards za […]Irambuye

Meddy, Teta na King James bataramiye abanyarwanda baba Iburayi

Muri Rwanda Day yaberaga i Amsterdam mu Buholandi kuri uyu wa 03 Ukwakira 2014 abahanzi b’abanyarwanda bakumbuje cyane abanyarwanda baba iburayi bari bateraniye yo umuziki wo mu Rwanda, by’umwihariko Meddy na Teta na King James babataramiye na nijoro nyuma ya Rwanda Day nyir’izina. Mbere gato y’uko Perezida ahagera ahagana mu masaa kumi n’ebyiri (ku isaha […]Irambuye

Kigali-Buja Live Concert igitaramo cy’Abarundi n’Abanyarwanda

Bwa mbere mu Rwanda hazabera igitaramo mbona nkubone (live concert) kiswe Kigali-Buja Concert gihuriwemo n’Abarundi n’Abanyarwanda, iki gitaramo muri uyu mwaka kigamije guha ikaze abahanzi b’Abarundi bahungiye mu Rwanda mu rwego rwo kubereka ko bakunzwe. Iki gitaramo kizabera i Kigali tariki ya 10/10/2015 kuri Hotel Umubano kwinjira ni amafaranga y’u Rwanda 10 000. Abahanzi bakunzwe […]Irambuye

Ruhango: Umwe asa na The Ben undi agasa cyane na

Abasore babiri biga mu ishuri rikuru rya ISPG riherereye i Gitwe mu karere ka Ruhango basa n’abahanzi King James na The Ben, aba banyeshuri kubera gusa n’aba bahanzi ni abakunzi b’ibihangano byabo nubwo bwose ku bw’amaraso ntacyo bapfana. Jean Claude Ishimwe akomoka mu karere ka Musanze asa na The Ben (akiri umusore muto), nawe arabizi […]Irambuye

Abaturage benshi bari kuza kumva ubutumwa ku bishyimbo bidasanzwe

Abahanzi ni umuyoboro mwiza wo kunyuzamo ubutumwa, ubishidikanya yakwitabira ibitaramo bikomeje kubera ahatandukanye mu Rwanda biri guhuruza abantu benshi baza kureba abahanzi nka King James, Miss Jojo, Urban Boys, Tom Close na Riderman bakahabonera ubutumwa ku bishyimbo bikungahaye ku butare.  Ibi ni ibishyimbo bidasanzwe bimenyerewe mu Rwanda, bikungahaye ku butare (iron) bukenerwa cyane n’umubiri mu […]Irambuye

Abahanzi mu gukundisha abanyarwanda ibishyimbo bidasanzwe

Bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda barimo King James, Riderman na Urban Boys, bagiye kwifashishwa mu bitaramo byo kuzenguruka Intara z’igihugu bashishikariza abanyarwanda gukunda igihingwa cy’ibishyimbo cy’ibishyimbo bikungahaye ku butare. Umushinga utegamiye kuri Leta wa Harvest Plus ufatanyije n’ikigo k’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi “RAB”, wateguye ibitaramo bitanu bizabera mu turere twa Nyagatare, Nyanza, […]Irambuye

Abahanzi batandatu umuziki umaze guha ubutaka

Nta mwuga udakiza kereka ukozwe nabi. Umuziki hambere ntacyo wamariraga abawukora ndetse mu mitwe y’abanyarwanda bamwe kuwishoramo ku mwana byari nko guta umuco. Ibigaragara none ni uko umuziki ubu ari umwuga, bamwe mu bahanzi bakomeye mu Rwanda usibye kuba ubatunze bamwe banavanyemo ubushobozi bwo kwigurira ubutaka abandi barubaka. King James nta myaka 10 amaze amenyekanye […]Irambuye

King James agiye kuvuga umuhanzi ukwiye Guma Guma

King James wigeze kwegukana irushanwa rya PGGSS aravuga ko hari umuhanzi abona ukwiye kwegukana iri rushanwa riri kuba ku nshuro ya kane. Mu gitaramo gisanzwe kiba buri mwaka cyo gusezera ku banyeshuri baba basubira ku mashuri kitwa Bye Bye Vacance ngo niho King James ashaka kuzatangariza abantu umuhanzi abona ukwiye kwegukana PGGSS 4. Mu mwaka […]Irambuye

en_USEnglish