Tags : Joseph Habineza

MINISPOC: Nyuma y’impinduka, haba hakurikiyeho umweyo ku batekinisiye

Nyuma y’uko uwari minisitiri w’umuco na siporo Ambasaderi Habineza Joseph avanywe muri iyi minisiteri, agakurikirwa n’uwari ushinzwe umuco weguye ku kazi ke, amakuru agera k’Umuseke aremeza ko benshi mu batekinisiye (techniciens) bakora muri MINISPOC nabo baba bagiye kuvanwa mu mirimo yabo. Amakuru atugeraho aremeza ko ubu hari ibizamini byamaze gukorwa ku bashobora gusimbura bamwe mu […]Irambuye

U Rwanda ntirukwiye kuba nk’ibihugu bifite ubukungu ariko bidafite ubutwari

Kigali, 20 Mutarama 2015 – Mu gihe Urwego rw’igihugu rushinzwe Intwari z’igihugu, imidari n’impeta by’ishimwe(CHENO) ruri gutegura umunsi w’Intwari wizihizwa kuya mbere Gashyantare buri mwaka, Minisitiri w’umuco na Siporo Ambasaderi Joseph Habineza yatangaje ko ubutwari bw’abanayrwanda atari ubwa none kandi atari n’ubwa cyera gusa. Ko mu myaka 20 ishize buryo abanyarwanda biyubatse nabyo bigaragaza ubutwari […]Irambuye

FERWAFA yasabye imbabazi abanyarwanda bose

1 Ukwakira 2014 – Kuri uyu mugoroba mu nama Minisiteri ya Siporo yatumijemo abanyamakuru yarimo kandi ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, umuyobozi wa FERWAFA Vincent de Gaulle Nzamwita yatangaje ko uru rwego rusabye imbabazi abanyarwanda bose ku makosa yakozwe yo guha abanyamahanga ubwenegihugu mu buryo budasobanutse bakitwa abanyarwanda. Mzamwita ati “Igihe kirageze ngo dusabe […]Irambuye

Tumwe mu tugeso dukwiye guhinduka mu banyarwanda – Amb. Habineza

Kuri iki cyumweru nibwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga w’amahoro, mu kiganiro kiganjemo urubyiruko bagiye bagaruka kuri bimwe bigituma amahoro mu Rwanda atagerwaho uko bikwiye. Muri iki kiganiro hagaragajwe bimwe mubyo abantu bagipfa nk’amasambu, inzangano za hato na hato ndetse na ruswa ikigaragara mu nzego zitandukanye. Ibi byose ngo bikaba bituma amahoro mu miryango nyarwanda atagerwaho uko […]Irambuye

Min Joe na Amb. w’Ubuyapani baganiriye ku guteza imbere Karate

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Nzeri 2014, Minisitiri wa Siporo n’Umuco Amb. Joseph Habineza yakiriye mu biro bye Ambassaderi w’Ubuyapani (Japan) mu Rwanda Kazuya Ogawa. Mubyo baganiriye harimo guteza imbere imikino ya Karate, Judo na Taekwondo. Mu kiganiro hagati ya Ambasaderi w’Ubuyapani ufite ikicaro mu Rwanda baganiriye kandi ku guteza […]Irambuye

“Guhagarika ibitaramo by’abahanzi ni ukwica business yabo” – Joe Habineza

Minisitiri w’Umuco na Siporo Joseph Habineza asanga kuba hari bimwe mu bitaramo by’abahanzi bigenda bihagarikwa ari ukwica ubucuruzi bwabo, kuko nabyo ari business kandi ituma umuhanzi agira icyo yinjiza nyuma yo gushora byinshi. Minisitiri Amb. Habineza ashimangira ko nta munyarwanda ufite ubucuruzi akora bwinjiriza igihugu imisoro wakabaye ahagarikirwa ibikorwa bye mu gihe u Rwanda rukeneye […]Irambuye

Ibyo KUBATIZA ‘from today’ bigomba gucika – Joe

19 Kanama – Nyuma yo guhererekanya ububasha Minisitiri Amb Joseph Habineza yahaye umwanya abanyamakuru bamubaza ibibazo. Kimwe mu byo bamubajije niku bijyanye no kwita amazina manyarwanda abakinnyi b’abanyamahanga biherutse gutuma CAF ihagarika ikipe y’u Rwanda. Ministre Habineza yavuze ko ibi bintu byo kwita amazina bigomba guhagarara kuva uyu munsi. Amb Joseph Habineza abajijwe kuri politiki […]Irambuye

Amwe mu mafoto waba utabonye kuri APR FC na Telecom

Telecom, ikipe yo muri Djibouti iri kwihagararaho muri CECAFA uyu mwaka. Umukino yaherukaga yatsinze KCC yo muri Uganda ibitego 2 – 1, nimugoroba yagiye cyane APR FC yayobonyemo igitego kimwe ku busa. Amakipe yo muri Djibouti kera yari azwiho kunyagirwa byinshi mu marushanwa.   Photos/Plaisir MUZOGEYE UM– USEKE.RWIrambuye

Joe YAGARUTSE. Ati "Nta bitangaza nzanye"

Saa kumi n’ebyiri n’igice kuri uyu wa 11 Kanama 2014 nibwo Ambasaderi Joseph Habineza yari asohotse mu kibuga cy’indege, yakiriwe n’abanyamakuru, abo mu muryango we n’abakozi bamwe ba Ministeri y’umuco na Siporo agarutse kubera umuyobozi. Mu byo yatangaje akigera i Kigali yavuze ko nta bitangaza aje gukora. Ananiwe mu maso ariko amwenyura, Amb Joseph Habineza […]Irambuye

en_USEnglish
en_USEnglish