Digiqole ad

AMAFOTO 45 waba utabonye kuri Final ya CECAFA

Al Mereikh yo muri Sudan yegukanye iri rushanwa, igikombe yagishyikirijwe na Perezida Kagame, mu Rwanda abafana b’umupira basigaye batuje bategereje irushanwa ry’ubutaha.

Bakunda kumwita 'Ndi kukazi" aha ni ku mukino wa Police FC na KCCA
Bakunda kumwita ‘Ndi kukazi” aha ni ku mukino wa Police FC na KCCA
Aba bafana bahageze kare bareba uyu mukino banica isari
Aba bafana bahageze kare bareba uyu mukino banica isari
Bageze kuri za Penaliti
Bageze kuri za Penaliti
Iyi uyu musore urinda izamu rya Police FC Marcel Nzarora yayivanyemo
Iyi uyu musore urinda izamu rya Police FC Marcel Nzarora yayivanyemo
Umwanya wa gatatu ntacyo uba utwaye nawo urashimisha
Umwanya wa gatatu ntacyo uba utwaye nawo urashimisha
Mwemere Ngirinshuti niwe wabaye 'Man of the match" kuri uyu mukino
Mwemere Ngirinshuti niwe wabaye ‘Man of the match” kuri uyu mukino
Umutoza wa APR FC mbere y'umukino wa nyuma yari yiyicariye mu bafana
Umutoza wa APR FC mbere y’umukino wa nyuma yari yiyicariye mu bafana
Umukino wa nyuma
Umukino wa nyuma
Miss Rwanda niwe watambukanye igikombe
Miss Rwanda niwe watambukanye igikombe
Inseko ni yose hamwe n'igikombe giteye amabengeza
Inseko ni yose hamwe n’igikombe giteye amabengeza
Alan Wanga UmunyaKenya ukinira El Mereikh
Abakinnyi ba Al Mereikh barimo ab’ibizigira n’imishingurire
Ikipe ya El Mereikh yatsinzwe umukino wa mbere w'iri rushanwa niyo yatsinze umukino wa nyuma
Ikipe ya El Mereikh yatsinzwe umukino wa mbere w’iri rushanwa niyo yatsinze umukino wa nyuma
APR FC yari imbere y'abafana bayo
APR FC yari imbere y’abafana bayo
Rujugiro, umwe mu bafana ba APR FC yari yabukereye
Rujugiro, umwe mu bafana ba APR FC yari yabukereye
Michel Ndahinduka aragerageza kwinjira
Michel Ndahinduka aragerageza kwinjira
Abasore b'ikipe ya El Mereikh ubwo bari bafite igitego cyabo kugarira kwabo ntikwari kujenjetse na gato
Abasore b’ikipe ya El Mereikh ubwo bari bafite igitego cyabo kugarira kwabo ntikwari kujenjetse na gato
Andrew Buteera ararwanira umupira n'abakinnyi bo hagati ba Mereikh
Andrew Buteera ararwanira umupira n’abakinnyi bo hagati ba Mereikh
Ku ruhande rw'iburyo byari ibicika hagati ya Rusheshangonga n'uyu mwarabu wamugoye cyane
Ku ruhande rw’iburyo byari ibicika hagati ya Rusheshangonga n’uyu mwarabu wamugoye cyane
Ruri hasi ruri hejuru, Rusheshangonga nawe yari yahambiriye
Ruri hasi ruri hejuru, Rusheshangonga nawe yari yahambiriye
Mu kiruhuko, Ishimwe Alonso wa muhungu w'ubuhanga budasanzwe ku myaka 6 yaje gushimisha abafana
Mu kiruhuko, Ishimwe Alonso wa muhungu w’ubuhanga budasanzwe ku myaka 6 yaje gushimisha abafana
Herve Rugwiro mu gihe Emery Bayisenge atari ahari uyu musore yahahagaze neza cyane
Mukunzi Yannick yakinnye neza mu kigarira hagati
Mu muvuduko uyu musore bita Bugesera arasatira agerageza kwishyura
Mu muvuduko uyu musore bita Bugesera arasatira agerageza kwishyura
Hejuru cyane Rugwiro na Migi baragerageza kwishyura ariko umuzamu yahabaye ibamba
Hejuru cyane Mukunzi na Migi baragerageza kwishyura ariko umuzamu yahabaye ibamba
Stade Amahoro yari yakubise yuzuye ariko APR FC ntabwo yabashimishije
Stade Amahoro yari yakubise yuzuye ariko APR FC ntabwo yabashimishije
El Mereikh niyo byarangiye yishimye
El Mereikh niyo byarangiye yishimye
Abafana bategereje ko hari igihinduka
Abafana bategereje ko hari igihinduka
Ba Minisitiri w'Intebe Murekezi n'umuyobozi wa Sena Dr Ntawukuriryayo nabo byabatunguye
Ba Minisitiri w’Intebe Murekezi n’umuyobozi wa Sena Dr Ntawukuriryayo nabo byabatunguye
IGP Emmanuel Gasana we ntiyishimye na mba kuko yari yasabye Police FC ko yegukana iki gikombe
IGP Emmanuel Gasana we ntiyishimye na mba kuko yari yasabye Police FC ko yegukana iki gikombe
Gen Patrick Nyamvumba umugaba w'Ingabo z'u Rwanda nawe byari kumushimisha iyo ikipe y'ingabo icyegukana ariko ntibyashobotse
Gen Patrick Nyamvumba umugaba w’Ingabo z’u Rwanda nawe byari kumushimisha iyo ikipe y’ingabo icyegukana ariko ntibyashobotse
Minisitiri Amb. Habineza ntabwo yari yishimye ko igikombe kitagumye i Rwanda
Minisitiri Amb. Habineza ntabwo yari yishimye ko igikombe kitagumye i Rwanda
Perezida Kagame utera inkunga iri rushanwa ntabwo nawe yishimira ko riheruka kwegukanwa n'ikipe yo mu Rwanda mu 2009
Perezida Kagame utera inkunga iri rushanwa ntabwo nawe yishimira ko riheruka kwegukanwa n’ikipe yo mu Rwanda mu 2009

IMG_6502

NZamwita, Musonye (uyobora CECAFA) na Miss Rwanda ubafashije imidari barahemba abasifuzi
NZamwita, Musonye (uyobora CECAFA) na Miss Rwanda ubafashije imidari barahemba abasifuzi
Perezida Kagame yambika imidari ikipe ya El Mereikh yabaye iya mbere
Perezida Kagame yambika imidari ikipe ya El Mereikh yabaye iya mbere
Ni ibyishimo kwegukana igikombe cya gatatu nk'iki
Ni ibyishimo kwegukana igikombe cya gatatu nk’iki
Abakinnyi ba Mereikh mu byishimo bakunda kwita Red Devils
Abakinnyi ba Mereikh mu byishimo bakunda kwita Red Devils
Ngo Sudan ku mitima yabo
Ngo “Sudan ku mitima yabo”

 

Photos/Plaisir MUZOGEYE
UM– USEKE.RW

0 Comment

  • Amafoto meza cyane ariko hari aho wagiye wibeshya ngo ikipe yo mu Rwanda igiheruka 2009 sibyo kuko 2010 APR yagitwaye itsinze St George

  • nta kundi APR nitegure icyumwaka utaha

Comments are closed.

en_USEnglish