Tags : Japan

P.Kagame na Mme bakiriwe na ‘Empereur’ w’Ubuyapani

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Mme Jeannette Kagame bageze i Tokyo mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rugamije kongera ubuhahirane n’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi. Nirwo ruzinduko rwa mbere Perezida akoreye mu mahanga muri uyu mwaka mushya. Yakiriwe n’abayobozi banyuranye ndetse n’Umwami w’abami w’iki gihugu. Itsinda ryaherekeje Perezida Kagame ririmo ba rwiyemezamirimo bazaganira na bagenzi babo uko […]Irambuye

Ibikorwa bya Korea ya Ruguru byatumye USA na Koreya y’Epfo

Nyuma y’uko ku wa Kabiri Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu cya missile ballistique gishobora kurasa muri Alaska muri Leta zunze Ubumwe za America, Korea y’Epfo na USA na byo byarashe missile nyinshi mu nyanja y’Abayapani. Kugeza ubu ubutegetsi bwa Seoul na Washington buremeza ko amasezerano yo guhagarika intambara hagati ya Koreya zombi ashobora guseswa kubera […]Irambuye

Muhanga: Ubuyapani bwerekanye umuco wabwo, bwizeza amahirwe yo kwigayo

Kuri uyu wa Gatandatu mu kigo cya TTC-Muhanga Abayapani baba mu Rwanda bamurikiye abiga muri iri shuri bimwe mu bigize umuco wabo. Umuyobozi w’ishami rya Politiki n’ubukungu muri ambasade y’Ubuyapani  mu Rwanda, Shintaro Nakaaki  yavuze ko igihugu ke kiteguye gufasha abana b’u Rwanda bifuza kujya kwiga muri iki gihugu. Mu ishuri nderabarezi rya TTC-Muhanga riherereye […]Irambuye

Japan yatanze ibiribwa bya miliyoni 1.466 USD byo gufasha impunzi

*Iyi nkunga irimo toni 147 z’ibishyimbo byose byaguzwe mu Rwanda, *Ambasaderi wa Japan mu Rwanda ati “N’umuceri w’iwacu uraza vuba aha.” Ambasaderi w’Ubuyapani mu Rwanda Takayuki Miyashita yashyikirije ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa (WFP/PAM) mu Rwanda inkunga y’ibiribwa bifite agaciro ka miliyoni 165 Japanese Yen (1.466 USD) byo kugaburira impunzi z’Abarundi zicumbikiwe mu nkambi […]Irambuye

S.Korea: Perezida mushya ngo azasura Korea ya Ruguru

Perezida mushya watorewe kuyobora Korea y’Epfo, Moon Jae-in yarahiriye kuyobora igihugu yiyemeza kuzavugurura ubukungu bw’igihugu no kunoza umubano na Korea ya Ruguru. Moon Jae yavuze ko ashobora gusura Kiea ya Ruguru bitewe n’impamvu zumvikana.  Uyu mugabo yarahiriye kuyobora Korea y’Epfo mu ngoro y’Inteko iri mu mujyi wa Seoul. Uyu mugabo waharaniraga uburenganzira bwa muntu nk’umunyamategeko […]Irambuye

U Rwanda rwiteze byinshi ku nama izahuza Ubuyapani na Afurika

Ku matariki 27-28, Kenya irakira inama ya gatandatu mpuzamahanga ku iterambere rya Afurika itegurwa n’Ubuyapani n’abandi bafatanyabikorwa, u Rwanda ngo rwizeye ko bizarushaho gukurura abashoramari benshi b’Abayapani muri Afurika. Iyi nama izwi nka Tokyo International Conference on African Development (TICAD) ni ubwa mbere izaba ibere muri Afurika kuva mu 1993 yatangira kuba. Iyo Kenya izakira […]Irambuye

Japan: Umwami w’Abami Akihito yaciye amarenga yo kwegura, biheruka mu

Umwami w’Abami w’U Buyapani Akihito yaciye amarenga yo kweura (abdicate/abdiquer) mu myaka iri imbere, ubwo yatangaga ikiganiro kuri Televiziyo y’Igihugu. Uyu musaza w’imyaka 82 y’amavuko yigeze kugira ibibazo by’ubuzima mu bihe bishize, amakuru aravuga ko yifuza kwegura ku butegetsi kugira ngo bimugabanyirize nyinshi mu nshingano afite ku gihugu. Amaze imyaka 27 ayobora nk’Umwami w’Abami (Emperor) […]Irambuye

Japan: Umwana wari wajugunywe mu ishyamba n’ababyeyi nk’igihano bamusanze ari

Uyu mwana yasizwe mu ishyamba rwagati mu Buyapani kuwa gatandatu n’ababyeyi be bamuhaga igihano, yatowe ari muzima nta n’ikibazo afite. Uyu mwaka afite imyaka irindwi, yitwa Yamato Tanooka yasanzwe mu kigo cya gisirikare hafi y’ahitwa Shikabe mu majyaruguru y’ikirwa cya Hokkaido, ni muri kilometoro nkeya z’aho yari yajugunywe. Ababyeyi be mbere bari bavuze ko uyu […]Irambuye

Yakan Laurence yatowe nka ‘MVP’ muri shampiyona y’Ubuyapani

Nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona n’ikipe ya Oita Miyoshi club kapiteni wungirije w’ikipe y’igihugu Amavubi ya Volleyball, Yakan Guma Laurence kuri iki cyumweru yatowe nk’umukinnyi mwiza kurusha abandi bakina muri iyi shampiyona. Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Paul Bitok yabwiye Umuseke ko bamenye iyi nkuru nziza kandi bishimiye ko umukinnyi wabo ari kwitwara. Yakan […]Irambuye

en_USEnglish