Tags : Japan

Ubuyapani bwahaye u Rwanda inkunga ya Miliyoni 18.4 $

Kuri uyu wa kabiri, u Rwanda n’Ubuyapani basinye amasezerano y’impano ya Miliyoni hafi 18.4 z’Amadolari ya Amerika (akabakaba Miliyari 14 z’Amafaranga y’u Rwanda) azafasha mu kugabanya ikibazo cy’umuriro ucikagurika bya hato na hano, ndetse n’upfa ubusa. Iyi nkunga, ni ikiciro cya kabiri cy’umushinga Leta y’Ubuyapani yiyemeje gufashamo u Rwanda ugamije guteza imbere inganda nto zakira amashanyarazi […]Irambuye

Ubuyapani bwahaye u Rwanda Miliyari 5,8 zo kugeza amazi meza

05 Werurwe 2015 – Mu bice bimwe by’ibyaro mu Rwanda hari abagikoresha amazi mabi, mu gufasha u Rwanda kubona amazi meza no kugabanya iki kibazo Ubuyapani bwageneye u Rwanda inkunga ya miliyari eshanu z’amafaranga y’u Rwanda asaga azifashishwa mu kugeza amazi meza ku baturage bo mu ntara y’Iburasirazuba. Mu Ntara y’Iburasirazuba  hari abantu bagikoresha amazi […]Irambuye

Min Joe na Amb. w’Ubuyapani baganiriye ku guteza imbere Karate

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 09 Nzeri 2014, Minisitiri wa Siporo n’Umuco Amb. Joseph Habineza yakiriye mu biro bye Ambassaderi w’Ubuyapani (Japan) mu Rwanda Kazuya Ogawa. Mubyo baganiriye harimo guteza imbere imikino ya Karate, Judo na Taekwondo. Mu kiganiro hagati ya Ambasaderi w’Ubuyapani ufite ikicaro mu Rwanda baganiriye kandi ku guteza […]Irambuye

Umubano w’u Rwanda na DR Congo urenze uko abantu bawutekereza

Kigali – Dr Charles Murigande ambasaderi w’u Rwanda mu Buyapani kuva mu 2011 yaje aherekeje itsinda ry’abashoramari 50 bo mu Buyapani baje mu Rwanda kureba niba bahashora imari yabo. Mu biganiro aba bayapani bagiranye n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB ku wa 27 Kanama aba bashoramari mubyo babajije harimo uburyo bagera ku isoko ryo muri Congo baciye […]Irambuye

en_USEnglish