Tags : IS

Russia: Ukekwaho igitero cy’iterabwoba muri gari yamoshi yamenyekanye

Ukekwaho gitero cyahitanye abantu 14 ku wa mbere cyabareye mu nzira ya gari yamoshi (Metro) ya Saint – Petersbourg mu gihugu cy’Uburusiya yamenyekanye nyuma y’akazi katoroshye kakozwe n’abashinzwe iperereza basanze afite bwene gihugu bw’Uburusiya. Uwatangajwe ko yagize uruhare muri icyo gitero yitwa Akbarjon Djalilov afite imyaka 22 y’amavuko, ngo afitanye imikoranire ya hafi n’umutwe w’iterabwoba […]Irambuye

Abaregwa iterabwoba barashaka kuburanira mu ruhame, Ubushinjacyaha bugashaka mu muhezo

*Mu baregwa uko ari 45 harimo abana batarageza imyaka 18, abagore ni batatu, *Urubanza rwimuriwe tariki ya 15 Werurwe 2017. Uko abaregwa iterabwoba ari (45) bose barafunze by’agateganyo, kandi bose bari baje mu rukiko. Umwanya munini wibanze ku gusoma imyirondoro y’abaregwa no kuyemeza, ariko nyuma haba impaka zishingiye ku buryo iburanisha mu mizi rizaba, niba […]Irambuye

Libye: Ingabo za US zahitanye abarwanyi 80 ba IS

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kiratangaza ko ibitero by’indege byagabwe ku barwanyi b’umutwe wiyita Leta ya Kisilamu (IS) muri Libye byahitanye abarwanyi basaga 80 b’uyu mutwe uvuga ko ugendera ku mahame akarishye ya Kisilamu. Ni mu bitero byagabwe nyuma y’inkunga y’ibisasu 100 byatanzwe ku mabwiriza ya Perezida Barack Obama washyize umukono ku mwanzuro […]Irambuye

Belgium: Abapolisi 3 batewe icyuma barakomereka mu gikorwa cy’iterabwoba

Babiri muri abo bapolisi batewe icyuma mu gikorwa kiswe icy’iterabwoba nk’uko byemejwe n’abashinjacyaha mu Bubiligi. Umupolisi umwe yatewe icyuma mu ijosi, undi agiterwa mu nda, mu gihe umupolisi wa gatatu yari aje gutabara aho habeyere ibyo, mu karere ka Schaerbeek yakomerekejwe ku zuru. Uwakoze ibyo yarashwe mu kaguru, ajyanwa kwa muganga n’imbangukiragutabara. Abayobozi batangaje amazina […]Irambuye

U Burusiya na America byumvikanye ku guhagarika imirwano muri Syria

Ibi bihugu by’ibihanganjye byatangaje amasezerano byagiranye ku ihagarikwa ry’intambara muri Syria, imirwano ikazahagarikwa guhera ku wa mbere w’icyumweru gitaha nimugoroba. Muri aya masezerano, Leta ya Syria igomba guhagarika intambara mu bice bizwi ko bigenzurwa n’abayirwanya. U Burusiya na America bigiye gushyiraho itsinda rihuriweho n’impande zombi, rizafasha mu kurwanya imitwe y’abahezanguni bo mu Idini ya Islam […]Irambuye

France: Padiri w’imyaka 84 yishwe aciwe ijosi n’ibyihebe bya IS

Mu gitondo kuri uyu wa kabiri, abantu babiri bitwaje ibyuma bishe umupadiri w’imyaka 84 bamukase ijosi, abo bantu bari bambaye imyenda y’Umutwe w’Iterabwoba wa ‘Islamic State’ binjiye muri kiliziya bafata bugwate ababikira n’abandi bakiristu, ariko nyuma barashwe na Polisi. Abantu batanu barimo Padiri Jacques Hamel w’imyaka 84, ababikira babiri, n’abantu babiri basengaga bafashwe bugwate mu […]Irambuye

Irak: Islamic State yahanganye bikomeye n’ingabo za Leta

Umutwe w’abarwanyi ba Islamic State birwanyeho mu gutero bagabweho n’ingabo za Leta ya Irak ubwo zageragezaga kwinjira mu mujyi wa Fallujah. Ingabo za Irak zabwiye abanyamakuru ko nyuma y’umunsi umwe w’igitero simusiga ingabo zidasanzwe zagabye kuri Islamic State, mu majyepfo ya Nuaimiya  bagabweho igetero gikomeye n’abarwanyi bo muri uwo mutwe wa IS. Ingabo za Iraq […]Irambuye

Syria: Abasaga 78 bahitanywe n’ibisasu byateme mu mijyi ibiri

Ibisasu  bibiri byatewe n’abiyahuzi n’ibindi byatezwe mu modoka mu mujyi wa Tartous na Jablen, byahitanye abasaga 78, hari n’amakuru avuga ko umubare wabapfuye muri iyo mijyi iri mu maboko y’ingabo za Leta ya Bashar al-Assad waba ugera ku bantu 120. Ibisasu by’abiyahuzi n’ibyatezwe ahantu hahagarara imodoka zitwara abagenzi byahitanye abaturage batari bake. Muri iyo mijyi […]Irambuye

en_USEnglish