Tags : Huye

Bitamworoheye Mukarusine yarokoye abana 3 bahigwaga muri Jenoside

*Ku bwo kuzirikana igihango cy’ubushuti yarokoye abana batatu b’abakobwa *Yatewe ibitero birenga umunani saa munani z’ijoro, bamusenyera bashaka abo yahishe *Babiri muri bo amaze kubashyingira undi aritegura kujya kwiga muri kaminuza 2016/17 *Yabahishe mu cyumba ibitero bitabashaga kugeramo kubera Imana. Kuba mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 mu Rwanda, abari inshuti za […]Irambuye

Huye: Airtel Rwanda yatanze amabati ku miryango 25

Sosiyete y’itumanaho ikunzwe na benshi mu Rwanda, Airtel Rwanda ku bufatanye n’akarere ka Huye bafatanyije mu bukangurambaga ku miryango 25, ku bijyanye no kwita ku isuku n’akamaro kayo. Iki gikorwa cyabereye mu murenge wa Ngoma aho imiryango 25 ikennye yahawe amabati yo gusakaza ubwiherero. KABALISA Arsene umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Ngoma, yavuze ko yishimiye cyane […]Irambuye

Umunyamakuru wa Radio Salus yitabye Imana bitunguranye

Umunyamakuru wa Radio Salus Jean de Dieu Mahoro uzwi cyane nka Giovanni yitabye Imana kuri uyu wa 25 Mutarama 2016 aho bagenzi be babana babyutse bagasanga yitabye Imana aho bari bacumbitse mu mujyi wa Huye,  yitabye Imana mu buryo butunguranye. Mahoro wari ufite imyaka 29 kugeza ubu ntibiramenyekana icyo yazize, gusa ngo nimugoroba yari muzima […]Irambuye

Huye: Abahinzi bateze byinshi ku mihanda ibahuza n’amasoko bubakiwe

Hirya no hino mu Karere ka Huye hubatswe imihanda ihuze ibice bikorerwamo ubuhinzi by’imusozi n’ibishanga, abaturage bo mu bice binyuranye iyi mihanda ihuza abahinzi n’amasoko inyuramo ngo bizeye ko mu minsi iri imbere umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi ugiye kurushaho kugira agaciro, kandi n’ibiciro ku masoko bikaba byagabanyuka. Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI), ku nkunga y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi […]Irambuye

Huye: Yatabajwe ko inzu ye yahiye atashye asanga nta na

Kuri uyu wa Kabiri, Tuyisabe Theoneste ubwo yari mu mahugurwa i Nyanza abaturanyi bamuhamagaye kuri telefoni bamubwira ko iwe hari gushya atashye asanga ibintu byose byo mu nzu byahiye nta na kimwe cyasiyemo, ubu arasaba ubufasha dore ko afite umugore utwite inda y’imvutsi. Uyu mugabo urugo rwe ruherereye mu Karere ka Huye, Umurenge wa Simbi […]Irambuye

Amagare: Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya Rwamagana-Huye

Mu isiganwa rya ‘Rwanda Cycling Cup’ ryitabirwa n’abakinnyi b’imbere mu gihugu, Bosco Nsengimana yegukanye isiganwa rya kabiri ryabaga mu mpera z’iki cyumweru. Kuri iki cyumweru tariki 18 Ukwakira, abasiganwa bahagurutse i Rwamagana bagera i Huye Bosco Nsengimana ari we ubayoboye akoresheje amasaha 5 iminota 9 n’amasegonda 41. Ku ntera ya km 166, abasiganwa bahagurutse i […]Irambuye

Huye: Umugore wo mu cyaro aracyahohoterwa kuko atazi amategeko

Tariki ya 15 ukwakira buri mwaka ni umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mucyaro. Uyu munsi ukaba warashyizweho mu nama rusange mpuzamahanga nyuma yo kubona ko umugore wo mu cyaro ashoboye byinshi birimo guteza imbere ubuhinzi ndetse akagira uruhare runini mu mirire iboneye mu muryango. Iyi nama yabaye tariki ya 18 ukuboza 2007 hagafatwa umwanzuro wo […]Irambuye

Amagare: ‘Rwanda Cycling Cup’ irerekeza Nyagatare-Rwamagana-Huye

Amarushanwa y’abakinnyi b’imbere mu gihugu bakina umukino wo gusiganwa ku magare ‘Rwanda Cycling Cup 2015’ arakomeza mu mpera z’iki cyumweru hakinwa uduce tubiri twa Nyagatare –Rwamagana na Rwamagana-Huye. Aya marushanwa ategurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY) azaba kuwa gatandatu no ku cyumweru. Kuri iyi nshuro, abakinnyi bagiye gusiganwa mu nzira zizakoreshwa […]Irambuye

Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye

Nyuma yo kuganira n’abanyeshuri bo muri kaminuza y’u Rwanda n’izindi Kaminuza ziri muri uyu mujyi kuri iki cyumweru Perezida Kagame yasuye Gare nshya ya Huye, ku maso yagaragaje ko yishimiye iki gikorwa remezo gishya cyuzuye mu mujyi wa Huye munsi y’umuhanda mugari werekeza i Nyamagabe na Rusizi. Iyi gare nshya ya Huye yuzuye itwaye miliyari […]Irambuye

en_USEnglish