Tags : HEC

Amasomo yose yari yarahagaritswe muri INES yakomorewe

Nk’uko bigaragara mu ibaruwa Minisiteri y’Uburezi yandikiye Ishuri rikuru rya INES rikorera mu Karere ka Musanze, amasomo atatu yari yahagaritse kubera kutuzuza bimwe mu byasabwaga yakomorewe, gusa hari ibyo Minisiteri igisa ko iri shuri ryuzuza. Iyi baruwa yanditse mu Cyongereza, Umuseke ukaba wabonye kopi, ivuga ko amasomo ya Biomedical Laboratory Sciences, Civil Engineering n’iryitwa Food […]Irambuye

Kaminuza zafungiwe: INES hafunguwe amashami 2, Gitwe ntacyo bafunguriwe

*Nibagera mukwa 9 batarakosora ibyo basabwe ngo bazafungirwa burundu Inama nkuru y’uburezi mu Rwanda muri iki gitondo imaze gutangaza ibyo yagezeho mu isuzuma yakoreye Kaminuza ebyiri zari zafungiwe amwe mu mashami yazo zikavuga ko zakosoye ibyasabwaga. Ishuri rikuru rya INES Ruhengeri ryafunguriwe amashami abiri muri atanu yafunzwe, naho Kaminuza ya Gitwe nta shami na rimwe bafunguye […]Irambuye

Irushanwa mu biganirompaka muri Kaminuza ryegukanywe n’iya Gitwe 

Irushanwa mu biganirompaka (Debate) ryateguwe na Miniristeri y’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba (MINEACOM), Kaminuza ya Gitwe  yarushanwaga na kaminuza 21, yaryeukanye ihita ibona umwanya wo kuzahagararira u Rwanda. Ibiganirompaka byahuzaga izi kaminuza za Leta n’izigenga mu Rwanda byatangiye kuwa 27 – 28 Mata 2017 bibera ku cyicaro cya Kaminuza y’u Rwanda i Kigali i […]Irambuye

Umuyobozi Mushya wa HEC azanye ingamba nshya zo kwita ku

Umuyobozi mushya w’Inama Nkuru y’Uburezi (HEC), Dr Muvunyi Emmanuel yavuze ko icyo ashyize imbere ari ukugenzura ireme ritangwa muri Kaminuza n’Amashuri Makuru, by’umwihariko gukurikirana amashuri makuru ashingwa, uko agenda akura n’ireme ry’uburezi hakagenzurwa ko bijyana. Umuhango wo guhererekanya ububasha wabaye mu gitondo kuri uyu wa gatanu kuri Minisiteri y’Uburezi, aho Dr Sebasaza Mugisha Innocent wayoboraga […]Irambuye

Umuyobozi wa HEC yahunze ibibazo by’abanyamakuru ku mashuri yafungiwe

*Aho inama yabereye nta munyamakuru wari wemerewe kwinjiramo, *Abanyamakuru bamaze amasaha ane bategereje ko inama irangira, *Uyobora HEC yasubiye muri Hotel agisohoka akabona abanyamakuru, *Ku bayobozi ba Kaminuza zafungiwe amasomo, ngo hari ikizere ko bafungurirwa vuba. Mu gihugu hose abanyeshuri babarirwa mu bihumbi bigaga muri zimwe muri Kaminuza zafunzwe by’agateganyo, n’izindi zafungiwe amwe mu masomo […]Irambuye

Kaminuza zimwe zahagarikiwe amasomo ziracyategereje ijambo rya MINEDUC na HEC

Icyemezo cyo guhagarika amwe mu Mashuri Makuru na Kaminuza cyangwa zimwe muri progaramu zayo, cyafashwe na Ministeri y’Uburezi tariki ya 16 Werurwe 2017, nyuma y’igenzura ryakozwe mu Ukwakira 2016, rikagaragaza ko hari bimwe mu bikoresho amashuri atujuje, bikaba byagira ingaruka ku ireme ry’uburezi, gusa hari bamwe bavuga ko ibyo basabwe kuzuza babikoze, bagitegereje ijambo rya […]Irambuye

Nyamasheke: 263 barangije kaminuza ngo biteguye guhangana ku isoko ry’umurimo

Abarangije mu ishuri rikuru rwa Kibogora Polytechnic ryo mu karere ka Nyamasheje, baravuga ko ibyo bize bagiye kubibyaza umusaruro bityo ko bizabfasha kwitwara neza ku isoko ry’umurimo kugira ngo biteze imbere banateze imbere igihugu cyababyaye. Aba basoje amasomo yabo muri Kibogora Polytechnic, bishimira ko iri shuri ryabegerejwe, bakavuga ko ryaje ari igisubizo kuko mbere hari abakoraga […]Irambuye

Abiga Ubuforomo baratabaza inzego zibishinzwe ngo zibarenganure

Abanyeshuri biga ibijyanye n’Ubuforomo barangije icyiciro cya mbere cya Kaminuza, barasaba kurenganurwa nyuma y’aho badasohotse ku rutonde rw’abemerewe gukora ikizamini gisoza icyiciro barimo gitangwa n’Urugaga rw’Abaforomo mu Rwanda. Mu mabaruwa atandukanye aba banyeshuri bandikiye inzego zinyuranye, Umuseke ukaba ufite copi, abanyeshuri biga muri Kaminuza ya Gitwe, bagaragaza ko mu bakandida 128, abagera kuri 76 aribo […]Irambuye

Amazina ya “Diplome” azahindukana n’ivugururwa ryatangiye ku Itegeko ry’Amashuri Makuru

*Mu mazina mashya ya diplome “Icyiciro cya mbere cy’Amashuri Makuru” ukirangiza azajya ahabwa ‘Bachelor’s Degree’  (Ni yo bitaga A0), *Iri tegeko nirivugururwa ngo bizatuma Kaminuza y’u Rwanda yinyagambura mu bintu bimwe na bimwe itari gukora bitewe n’uko itegeko rimeze ubu, *Kuvugurura iri tegeko ngo bizagira ingaruka ku ireme ry’uburezi. Kuri uyu wa gatatu, Komisiyo y’Uburezi […]Irambuye

en_USEnglish