Tags : Germany

Afghanistan: Ibisasu byahitanye abarenga 80 abandi 350 barakomereka

Mu masaha make ashize ibisasu byaturikiye mu murwa mukuru wa Afghanistan, Kabul hafi ya za Ambasade z’UBudage, U Bufaransa na USA bihitana abantu bagera kuri 80 abandi 350 barakomereka mu bamaze kubarurwa. Kugeza ubu ngo ntiharamenyekana neza icyari kigambiriwe n’abagabye iki gitero ariko Minisitiri w’Intebe w’UBuhinde yakise igitero cy’iterabwoba, avuga ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo. […]Irambuye

Italy: Uherutse kwicisha abantu ikamyo mu Budage yiciwe I Milan

Umugabo uherutse kugaba igitero akoresheje ikamyo mu isoko ry’I Berlin mu Budage kikagwamo abagera kuri 12 kigakomeretsa abandi 49 yiciwe i Milan mu Butaliyani. Minisitiri w’umutekano mu Butaliyani yatangaje ko uyu mugabo w’Umunya-Tunisia yarasiwe muri iki gihugu nyuma yo kwakwa ibimuranga agatangira kurasa police. Ati “ Nta kwirirwa bashidikanya ko ari we.” Uyu mugabo yarashwe mu […]Irambuye

Kurwanya iterabwoba ni intambara ndende kandi iruhije

Bashingiye ku bitero biherutse kuba mu mijyi itandukanye nka Dhaka (Bangladesh), Orlando (USA), Nice (France), mu Budage n’ahandi  bamwe bashobora kumva ko iterabwoba rishobora kugera ahantu aho ariho hose ku Isi hahurira abantu benshi  kandi ibi ni ukuri. Ubu hadutse n’abakoresha imipanga n’amashoka bakica cyangwa bagakomeretsa abantu bari muri za gari ya moshi n’ahandi. Muri […]Irambuye

Germany: UmunyaSyria wimwe ubuhungiro yiyahuye akomeretsa 12

Ansbach – Umugabo wimwe ubuhungiro ukomoka muri Syria yiturikirijeho igisasu akomeretsa abantu 12 hafi y’ahari hahuriye imbaga y’abantu bari mu iserukiramuco mu gihugu cy’U Budage mu mujyi wa Ansbach. Minisiteri y’Umutekano mu gace ka Bavaria yavuze ko uyu mugabo w’imyaka 27 yiturikirijeho icyo gisasu nyuma yo kwangirwa kwinjira mu iserukiramuco ry’umuziki. Abantu 2 500 bari […]Irambuye

Germany: Abimukira basabwe kutazana imico y’iwabo ngo barenge ku mategeko

Nubwo umuco, idini byabaga bimwerera, gushaka abagore benshi nta kibazo,  ngo mu Budage abimukira bemerewe kuhaba n’ubwo bakomoka mu bihugu bifite iyo migenzereze, basabwe kutazarenza umugore umwe. Igihugu cy’U Budage kimwe mu bihugu byo ku mugabane w’U Burayi cyakiriye abimukira benshi biganjemo abaturuka mu bihugu byo ku mugabane wa Asia barimo abo muri Syria, Minisitiri […]Irambuye

Umunyapakistani ari kuzenguruka u Burayi asaba ko Abayahudi ‘bose bicwa’

Ikinyamakuru Stuttgarter Nachrichten  cyemeza ko umugabo ukomoka muri Pakistan witwa Muhammad Raza Saqib Mustafai uri kuzenguruka u Burayi yigisha abantu kwanga no kwica  Abayahudi. Ubu ngo ari mu Budage. Iki gihugu nicyo cyakorewemo Jenoside yakorewe Abayahudi muri 1935-1945. Umuyobozi ukuriye Israel mu Budage yamaganye amagambo avugwa  Muhammad Raza w’umubwirizabutumwa ukunda kwambara akagofero k’Abayahudi. Uriya mubwirizabutumwa […]Irambuye

U Budage bwemeje ko Turukiya yakoreye Jenoside Abanyarumeniya

Inteko ishinga amategeko y’u Budage yitwa Bundestag yemeje ko ubwicanyi bwakorewe Abanyarumeniya bukozwe n’abo muri Turukiya ari Jenoside. Ibi byarakaje igihugu cya Turikiya gihita gihamagaza Amabasadei wacyo. Ubwicanyi bwakozwe n’abahoze bagize icyitwaga ‘Ubwami bw’abami bwa Ottoman’ bwabaye muri 1915 bwahitanye miliyoni irenga y’Abanyarumeniya nk’uko byemejwe na UN. Abanyamateka bemeza ko abategetsi bo muri Ottoman babanje […]Irambuye

Ku nshuro ya 5 abaganga bo muri UK n’u Budage

Itsinda rigizwe n’abaganga 34 b’inzobere zivuye mu Bwongereza (UK) n’u Budage (Germany), kuri iki cyumweru bahawe ibikoresho bizakoreshwa mu kubaga indwara y’amara n’ubusembwa bw’uruhu, bahita berekeza ku bitaro binyuranye bazakoreramo mu Ntara z’u Rwanda. Umwe mu baganga bakora mu nzego z’ubuzima mu Bwongereza, witwa Dra yabwiye Umuseke ko ibyo bagiye gukora bizaba bitandukanye, bakaba bazanye […]Irambuye

Miss Rwanda arashima Sebamed yamutembereje mu Budage

Mu cyumweru gishize nibwo Doriane Kundwa Miss Rwanda 2015, yagarutse mu Rwanda avuye mu Budage mu ruzinduko yari yajyanywemo na Sebamed nka kimwe mu bihembo uru ruganda rutunganya amavuta yo kwisiga n’ibijyana nayo rwamwemereye ubwo yambikwaga ikamba mu ntangiriro za 2015. Doriane yabwiye Umuseke ko yagize urugendo rwiza, yasuye ahantu henshi hatandukanye, yitabiriye  n’amahugurwa yari […]Irambuye

en_USEnglish