Tags : Gen James Kabarebe

Lt Gen K. Karake, Maj. Gen J. Nziza,…mu basirikare bahawe

Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda (RDF) buratangaza ko bwashyize mu kiruhuko abasirikare 817 barimo Aba-Ofisiye na ba Suzofisiye 369 n’abandi 378 barangije amasezerano y’akazi bari bafitanye na RDF, naho abandi 70  bakuwe muri RDF kubera impamvu z’uburwayi. Mu bahawe ikiruhuko harimo Lt Gen Karenzi Karake, Maj Gen Jack Nziza na Brig Gen Gashayija Bagirigomwa. Itangazo riri ku […]Irambuye

Gen Kabarebe avuga ko Afurika idakwiye gutegereza amahanga mu bibazo

Mu muhango wo gusoza inama nyunguranabitekerezo yigaga ku bibazo byugarije umutekano w’ibihugu byo muri Afurika yaberaga mu ishuri rikuru rya gisirikare ry’i Musanze, Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Gen. James Kabarebe yasabye abitabiriye iyi nama guhagurukira ibikorwa bihungabanya umutekano w’uyu mugabane aho gutegereza imyanzuro y’ibihugu byo ku yindi migabane n’imiryango mpuzamahanga. Muri iyi nama, abayitabiye bagarutse […]Irambuye

Amahanga ntazigera ahagarika kwivanga muri Africa – Gen.Kabarebe

Mu kiganiro yahaye abanyeshuri n’izindi mpuguke mu miyoborere, umutekano, amahoro n’ubutabera, Minisitiri w’Ingabo General James Kabarebe yagaraje ko amahanga yivanze, akivanga kandi azakomeza kwivanga cyane mu mibereho, imiyoborere n’ubusugire bw’ibihugu bya Africa, ariko ko hari icyizere Africa izagera aho igashobora guhangana nabyo kuko ibifitiye ubushobozi. Mu ihuriro ku mahoro, umutekano n’ubutabera “Symposium on Peace, Security […]Irambuye

Ubujurire bwa Col Tom Byabagamba na bagenzi be bwateshejwe agaciro

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 4 Ukuboza 2015, Urukiko rw’Ikirenga rwanzuye ko ubujurire bwa Col. Tom Byabagamba n’abo bareganwa nta shingiro bufite rutegeka ko bakomeza kuburana bari hamwe. Col Tom Byabagamba ukibarizwa mu ngabo z’u Rwanda (RDF), areganywa na Brig Gen (Retired) Frank Rusagara na Sgt. Francois Kabayiza wari umushoferi wa Rusagara. Bari bajuririye […]Irambuye

Perezida Kagame yagiranye Inama n’abayobozi bakuru b’ingabo

Kimihurura – Perezida Kagame yaraye abonanye n’abasirikare bo ku rwego rwa General ndetse n’abandi bayobozi bakuru mu ngabo z’u Rwanda mu nama y’umuhezo ariko isanzwe nk’uko Minisiteri y’ingabo ibitangaza. Iyi nama iteranye nyuma y’iminsi micye Col Tom Byabagamba wahoze akuriye abasirikare barinda umukuru w’igihugu atawe muri yombi, kimwe n’abandi bahoze mu ngabo barimo Frank Rusagara […]Irambuye

Amwe mu mafoto waba utabonye kuri APR FC na Telecom

Telecom, ikipe yo muri Djibouti iri kwihagararaho muri CECAFA uyu mwaka. Umukino yaherukaga yatsinze KCC yo muri Uganda ibitego 2 – 1, nimugoroba yagiye cyane APR FC yayobonyemo igitego kimwe ku busa. Amakipe yo muri Djibouti kera yari azwiho kunyagirwa byinshi mu marushanwa.   Photos/Plaisir MUZOGEYE UM– USEKE.RWIrambuye

Ubushishozi bwa Perezida Kagame bwatumye u Rwanda rudatera Congo –

Benshi bibuka amakimbirane yavutse ubwo Leta ya Congo Kinshasa ifatanyije n’ingabo zishinzwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo (MONUSCO) barwanaga n’umutwe wa M23, ibisasu byagwaga i Rubavu bihitana inzirakarengane bikanakomeretsa abandi bantu, Gen Kabarebe yatangarije mu Nkeko Nshingamategeko mu cyumweru gishize ko iyo hataba ubushishozi bwa Paul Kagame, u Rwanda narwo rwari rugiye kurasa Congo. Icyo […]Irambuye

Avram Grant watoje Chelsea, yabuze abavandimwe muri Jenoside

Umuyahudi wigeze gutoza ikipe ya Chelsea mu gihugu cy’Ubwongereza, Avraham Grant umaze iminsi micye mu Rwanda, yaraye agaragaye ku mukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports. Mu kiganiro kigufi yagiranye n’abanyamakuru yababwiye ko yaje kwifatanya n’abanyarwanda mu mateka ahuje nabo. Uyu mutoza yageze kuri uyu mukino ubura igihe gito ngo urangire, abanyacyubahiro bari kuri uyu […]Irambuye

Zigama CSS yatangaje ko yakoresheje Miliyari 111 mu 2013

Kimihurura – Mu nama ngarukamwaka kuri uyu wa 21 Werurwe ikigega “Zigama CSS” cyamurikiye abanyamuryango bacyo ibyo cyagezeho, hatangajwe  ko mu mwaka wa 2013  yakoresheje miliyari 111 na miliyoni Magana atanu  avuye kuri miliyari  85 mu mwaka wa 2012. Muri aya yakoreshejwe umwaka ushize inyungu yayo ni miliyari enye. Iyi  nama ikaba yemezaga  ibyavuye mu […]Irambuye

en_USEnglish