Tags : Gakenke

Inkuba yishe batatu, mu Kivuruga (2) na Nyagatare (1)

Mu murenge wa Kivuruga mu karere ka Gakenke mu mvura yagwaga mu ijoro ryakeye inkuba yakubise abantu bane bari begeranye babiri bahita bapfa, mu bapfuye harimo umukobwa w’imyaka 12. Inkuba kandi yakubise mu karere ka Nyagatare aho yahitanye umuntu umwe. Jean Bosco Nkurunziza Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kivuruga muri Gakenke yabwiye Umuseke ko abapfuye hano […]Irambuye

Ikizamini cya ‘Electrical drawing’ cyari gukorwa ku wa gatanu, cyakopewe

Hari amakuru yemeza ko ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere Imyuga n’Ubumenyi-ngiro (WDA) bwafashe umwanzuro wo guhindura ku rwego rw’igihugu, ikizamini cy’isomo rya ‘Electrical drawing’ cyari kuzakorwa ejo ku wa gatanu, nyuma yo kumenya ko hari umunyeshuri cyangwa umwarimu mu Karere ka Gakenke waba yabonye akanagumana ‘kopi’ yacyo. Uyu munyeshuri cyangwa umurezi utaramenyakana, abaye ari […]Irambuye

Minisitiri Kanimba mu rugendo rwo kuzamura inganda ziciriritse muri Gakenke

Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba, Francois Kanimba yasuye abikorera bo mu Karere ka Gakenye mu Ntara y’Amajyaruguru ari kumwe na bamwe mu bafite inganda mu Rwanda. Uru rugendo rwari mu rwego rw’ubufatanye mu kuzamura inganda ziciriritse, akaba mu bari kumwe harimo Sosiyete ikora imyenda yitwa C&H ikorera mu gace kagenewe inganda i Masoro […]Irambuye

Abayobozi bose bamenye ko umuturage afite AGATUZA atari nka kera-Prof

*Prof Shyaka avuga ko gahunda yo kwegereza ubuyobozi Abaturage itagira abayobozi abamalayika, *Abanya-Gakenke ngo ntawe ugikora urugendo ajya kuri ‘Komini’ cyangwa asiragire mu buyobozi, *Bavuga ko ibiiza byabakomye mu nkokora… U Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu byo muri Afurika kwizihiza umunsi ngarukamwaka wahariwe kuzirikana kuri gahunda yo kwegereza ubuyobozi n’Ubushobozi abaturage. Prof Shyaka Anastase uyobora ikigo […]Irambuye

Gakenke: Mukanjishi, umukobwa wahisemo korora inkoko agejeje kuri 330

Nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye, ntabone amahirwe yo gukomeza  kwiga Kaminuza, Mukanjishi Petronile umukobwa uri mu myaka y’urubyiruko utuye mu Kagali ka Rusagara, Umurenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke, aratangaza ko kwihangira umurimo ari ugutinyuka ukanga ubunebwe. Mukanjishi yasuwe n’inzego z’urubyiruko muri iki cyumweru dusoje, avuga ko yize amashuri yisumbuye mu buhinzi n’ubworozi abona […]Irambuye

Gakenke: Bakiranye Kagame urugwiro, bamusaba imihanda, ivuriro, …arabibemerera

*Imihanda bakora naje, ntabwo aribyo, *Abayobozi barya ibyagenewe gufasha abaturage turabahagurukira vuba, *Ivuriro rya Gatonde ryemerewe abaturage mu 1999 hari na bamwe muri mwe ryemewe mutaravuka, *Abayobozi mujye murangiza ibibazo igihe abo mwandikeye batabikemuye, nyuma na bo bazajya babibazwa. Kuri uyu wa kane, ibihumbi by’abaturage baturutse mu mirenge 11 y’Akarere ka Gakenke, n’imirenge y’uturere bihana […]Irambuye

Perezida Kagame arasura uturere twa Rubavu na Gakenke

Perezida Kagame arasura uturere twa Gakenke mu Majyaruguru na Rubavu Iburengerazuba kuva kuwa kane tariki 24 Werurwe kugera kuwa gatandatu nk’uko bitangazwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu. Kuwa kane azasura Akarere ka Gakenke, kuwa gatanu asure abaturage mu murenge wa Mudende naho kuwa gatandatu asura abaturage mu murenge wa Nyundo. Perezida Kagame aheruka mu ngendo nk’izi mu […]Irambuye

Gakenke: Koperative KODUSI irashinja Akarere uruhare mu kwambura abarimu yakoresheje

Nyuma y’igihe kirekire abakozi n’abarimu bakoreye Koperative KODUSI mu ishuri ryayo ry’imyuga basaba kwishyurwa amafaranga bakoreye, ubuyobozi bw’iyo Koperative bwavuze ko umuterankunga bwazaniwe n’Umurenge yatumye bwambura abo barimu babakoreye mu gihe kigera ku mwaka; Gusa, Akarere ka Gakenke ko kavuga ko ibyo bidakwiye kugirwa urwitwazo kuko ngo na mbere yari isanzwe ifite ishuri. Abanyeshuri basaga […]Irambuye

Mu Rwanda ntawicwa n’inzara, hari ‘abarya ntibahage’- Maiga

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri, Attaher Maiga uhagarariye umuryango wita ku biribwa n’Ubuhinzi (FAO) yavuze ko ubu mu Rwanda nta muntu wicwa n’inzara ahubwo hari imirire mibi kuri bamwe, ibi abihuza na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ivuga ko u Rwanda rwihagije mu biribwa hagendewe ku bipimo mpuzamahanga, igisigaye ngo ni urugendo rwo kurandura ubukene. […]Irambuye

en_USEnglish