Tags : #Eastern Province

Mu Rwanda nta muco wo kwihanira uhari – Guverineri Kazayire

Rukumberi  – Nyuma y’aho mu murenge wa Rukumberi, mu karere ka Ngoma hakomeje kugaragara ihohoterwa mu byiciro bitandukanye cyane irikorerwa mu ngo, ubuyobozi bw’Intara y’Uburasirazuba burasaba abaturage kwirinda kwihanira. Kazayire Judith Guverineri w’Uburasirazuba avuga ko i Rukumberi hari ihohotera ryo mu ngo, agasaba ko abaturage baryirinda kuko bashobora kugongwa n’amategeko. Mu ijambo yagejeje ku batuye […]Irambuye

Gatsibo/Ngarama: Gahunda yiswe “Inshuti z’umuryango” ifasha ingo kubana neza

Umurenge wa Ngarama washyizeho ingamba zo guhashya amakimbirane hagati y’abashakanye babinyujije muri gahunda nshya yo gukurikirana imiryango hafi bifashishije gahunga y’inshuti z’umuryango, mu rwego rwo kurwanya ihohoterwa rikorerwa mu ngo. Abagore bo mu murenge wa Ngarama mu karere ka Gatsibo bavuga ko gahunda y’inshuti z’umuryango imaze gutuma ihohoterwa ribera mu ngo rigabanuka kuko ngo muri […]Irambuye

Nyagatare: Hari abavuga ko ‘Umugoroba w’ababyeyi’ ari uw’imburamukoro

Bamwe mu bagabo batuye mu kagari ka Rubona, mu murenge wa karangazi, mu karere ka Nyagatare, bavuga ko batakwitabira umugoroba w’ababyeyi  ngo kuko ari urubuga rw’amatiku y’abagore. Muri aka kagari, iyi gahunda yitabirwa n’abagore, rimwe na rimwe hakazamo abagabo batagira akazi cyangwa ingo zifitanye amakimbirane. Gahunda y’Umugoroba w’ababyeyi yatangijwe muri 2013 ugamije kuvugutira umuti ibibazo […]Irambuye

Bugesera: Abanduza Umujyi wa Nyamata baburiwe ko bazahanwa

Kuri uyu wa Gatandatu 01/10/2016, Ubwo hatangizwaga Ukwezi k’Ubumwe n’Ubwiyunge, mu Ntara y’Iburasirazuba iki gikorwa cyanajyanye no gutangiza ubukangirambaga ku isuku hagamijwe gukangurira abatuye iyi ntara kugira umuco w’isuku mu ngo, ku mubiri, ku nzu z’ubucuruzi n’ahandi. Guverineri w’Intara y’Urasirazuba, Uwamariya Odette wifatanyije n’Abaturage ba Bugesera muri iki gikorwa, ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri […]Irambuye

Nyagatare: Bavuga ko ‘Amapfa’ yatumye abagabo bata ingo zabo

Mu ka karere ka Nyagatare, hakomeje kuvugwa ikibazo cy’inzara cyatumye bamwe mu batuye muri aka karere bakomeje gusuhukira mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, abandi bakavuga ko aya mapfa yateje amakimbirane mu miryango kuko hari bamwe mu bagabo bagiye bata ingo zabo bakigendera. Mu minzi ishize, mu duce tumwe na tumwe tugize intara y’Uburasirazuba hakunze kuvugwa […]Irambuye

Abanyeshuri bahanze udushya muri IPRC East ngo nta bwoba bafite

Ishuri Rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East) ngo ryishishikajwe no guteza imbere no gushyigikira umuco wo guhanga udushya dukemura ibibazo by’abaturage tukanabateza imbere, utwo dushya tukagera ku baturage ku bufatanye n’abashoramari n’izindi nzego.Bamwe mu banyeshuri bahanze udushya muri iri shuri bavuga ko bizeye akazi igihe bazaba barangije. Umuyobozi wa IPRC East Dipl.-Ing. […]Irambuye

Ngoma: Ndayambaje atewe ubwoba n’abantu bishe ingurube ze bazisanze mu

Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma, mu Burasirazuba hari ikibazo cy’ubugizi bwa nabi bukorwa n’abantu bataramenyekana bitwikiriye ijoro bakajya kwica amatungo y’umuturage bayasanze mu kiraro, nyuma yo kuyica bakayasiga aho, abaturanyi baravuga ko ari ikimenyetso cy’uko na nyirayo bamwica, Ndayambaje byabaye iwe afite ubwoba. Ubuyobozi bw’ibanze muri uyu murenge wa Remera, buvuga ko amarondo […]Irambuye

Gatsibo: Kuvugurura Centre y’ubucuruzi ya Ngarama ntibinogeye bamwe mu baturage

Abatuye muri centre y’ubucuruzi ya Ngarama, mu murenge wa Ngarama mu karere ka Gatsibo, bavuga ko babangamiwe bikomeye n’ibikorwa bemeza ko ari iby’urugomo bakorerwa n’ubuyobozi bw’uyu murenge batuyemo aho gusenyerwa inzu bikorwa kandi batarigeze baganirizwa ngo bagaragarizwe niba bagomba kuvugurura cyangwa bakubaka izindi nzu nshya. Ubuyobozi bw’uyu Murenge wa Ngarama buvuga ko aba baturage bagomba […]Irambuye

Iburasirazuba – Abari mu imurikagurisha basabwe kunoza ibyo bakora

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Madamu Uwamariya Odette yasabye abafite ibikorwa bitandukanye bitabiriye imurikagurisha n’abandi bari muri iyi Ntara kurushaho kongerera agaciro ibyo bakora hagamijwe guteza imbere iby’iwacu no kugira ngo birusheho guhangana ku rwego mpuzamahanga. Ubwo yafunguraga ku mugaragaro Imurikagurisha ry’Intara y’Iburasirazuba ku nshuro ya munani kuri uyu wa mbere, tariki ya 22/08/2016 mu Karere ka […]Irambuye

Iburasirazuba: Urubyiruko rwize imyuga ngo ibapfira ubusa kubera kubura ibikoresho

Bamwe mu basore n’inkumi bo mu ntara y’Uburasirazuba bavuga ko amasomo y’imyuga bigishwa abapfira ubusa kuko iyo bayasoje badafashwa kubona ibikoresho byo gutangira gushyira mu bikorwa ibyo bize bigatuma bakomeza kuba imbata y’ubushomeri. Byagarutsweho n’urubyiruko rugizwe n’inkumi n’abasore bagera kuri 210 bo mu turere twa Ngoma, Kayonza na Rwamagana baraye bahawe impamyabumenyi nyuma y’amezi atandatu […]Irambuye

en_USEnglish