Tags : CNLG

Kamonyi: Inzu y’amateka ya Jenoside  yeguriwe Akarere

*Iyi nzu yubatswe hashize imyaka 8, kugira ngo ibike amateka ajyanye na Jenoside ntibyakozwe *Yuzuye itwaye amafaranga miliyoni 300, ubu hazatangwa andi yo kuyisana, *Abaturage bavuga ko batanze amafoto y’ababo bazize Jenoside n’uyu munsi ntibazi aho ari, *Min.Uwacu avuga ko kudakoresha iyi nzu yatwaye akayabo ari ugupfusha ubusa Mu biganiro byahuje Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne […]Irambuye

UBUHAMYA: Se yahaye Murokore Frw 30 000 ngo amuhe amazi

Muri iki gihe cy’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 21 Jenoside yakorewe Abatutsi, ababuze ababo baracyabibuka nk’aho byabaye ejo. Mediatrice kimwe na bamwe mu barokotse babuze ababo kugeza n’ubu ntibazi aho ababo bishwe bajugunywe. Ni agahinda gakomeye, nka Mediatrice yibaza impamvu yarokotse, gusa uwamusubije mu muhango wo kwibuka barimo, yamubwiye ko yasigaye ngo azatange […]Irambuye

Amafoto: Kwibuka Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa ahatazwi

Iki gikorwa cyakoze n’abanyamuryango b’IMENA ndetse n’inshuti zabo zabaherekeje, bwa mbere hibutswe Abatutsi bishwe muri Jenoside bakajugunywa ahantu hatazwi na n’ubu. Uyu muhango watangijwe n’igitambo cya misi, aho Imena zashimiwe iki gikorwa zisabwa kwera imbuto. Amagambo menshi yavuzwe yibanze ku gukomeza aba basigaye bonyine, ndetse no gukangurira n’abandi bari muri icyo cyiciro kwiyandikisha bakamenyekana, ibi […]Irambuye

Bwa mbere Imena zibutse Abatutsi bishwe bajugunywa ahatazwi

Umuryango w’abarokotse Jenoside basigaye ari umwe iwabo, IMENA, bwa mbere bibutse Abatutsi bishwe muri Jenoside yabakorewe bakajugunywa ahantu hatazwi, ibi bakoze ngo ni igikorwa cy’ubutwari kigomba gushyigikirwa kikazahora kiba buri mwaka. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa gatandatu, utangizwa n’igitambo cya misa cyabereye mu Kigo cya St Paul mu mujyi wa Kigali, nyuma hakurikiraho urugendo […]Irambuye

Abagenwe kuzunganira Mbarushimana bifuje kubanza kumenya ayo bazahembwa

Mbarushimana Emmanuel ukurikiranyweho ibyaha birimo ibya Jenoside; kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Kamena yongeye gutaha ataburanishijwe kuko abavoka bagenwe ko bazamwunganira bataragira icyo babitangazaho gusa ngo baherutse kwandikira Urugaga rw’Abavoka basobanuza ibirebana n’uburyo bazahembwa ndetse n’umushara bazajya bahembwa uko ungana. Ni ku nshuro ya gatatu uyu mugabo agezwa mu rukiko agataha ataburanye biturutse […]Irambuye

i Murambi: Abanyeshuri 150 ba ISPG babwiwe ubugome Interahamwe zicanye

Kuri iki cyumweru tariki ya 07 Kamena 2015, Urubyiruko rusaga 150 rwo mu ishuri rikuru ry’I Gitwe-ISPG, rwasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi i Murambi mu Karere ka Nyamagabe, aba banyeshuri bashenguwe n’ubugome abicanyi bakoreshe mu kwica Abatutsi mu 1994. Urwibutso rwa Murambi rushyinguyemo imibiri y’inzirakarengane isaga 50 000, abishwe bakomokaga mu cyahoze ari Komini Gikongoro […]Irambuye

Kibungo: AERG INATEK yaremeye imiryango ibiri amabati n’ibiribwa

Mu rwego rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, ku wa gatanu, abanyeshuri biga muri kaminuza ya Kibungo (INATEK) bibumbiye mu muryango wa AERG batanze amabati n’ibiribwa ku miryango itishoboye ibiri ituriye hafi y’aho biga. Ubuyobozi bwa AERG INATEK buvuga ko ibikorwa byabo bitarangiriye aho ngo kuko bamaze kwiyubaka aho bigejeje bagomba […]Irambuye

Muhanga: Abikorera bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside banafasha abo

Bamwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bo mu karere ka Muhanga, bahawe inkunga  ya miliyoni irenga y’amafaranga y’u Rwanda, aya mafaranga akaba agamije kubereka ko bifatanyije na bo mu gahinda batewe  n’ingaruka za jenoside. Hari mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya gatandatu abahoze bikorera bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Perefegitura […]Irambuye

Urubyiruko rwa USA na Canada rwatangariye uko abanyarwanda babanye mu

Urubyiruko rwavuye muri Kaminuza zitandukanye muri Amerika, Canada n’u Burayi kuri uyu wa gatatu rwasuye Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG) rusobanurirwa amateka ya Jenosude yakorewe Abatutsi n’uburyo u Rwanda rwubatse igihugu cy’amahoro nyuma yayo. Uru rubyiruko rumaze gusonukirwa rwavuze ko rugiye iwabo kubwira amahanga ibyabaye mu Rwanda, abagerageza kubipfobya no kubihakana ndetse n’inzira y’amahoro u Rwanda […]Irambuye

Muhanga: Umuyobozi wa ADPR ku rwego rw’igihugu yasabye imbabazi abarokotse

Mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 21 Abatutsi 500 barenga biciwe ku rusengero rw’ADEPR i Nyabisindu,  Pasiteri Sibomana Jean Umuvugizi w’iri torero ku rwego rw’igihugu, yasabye imbabazi  abarokotse n’Abanyarwanda muri rusange kubera  uruhare bamwe mu bayobozi b’iri torero bagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu ijambo rye, Pasiteri Sibomana Jean yagarutse ku ruhare […]Irambuye

en_USEnglish