Tags : CAF

Rayon yatomboye iyo muri S.Sudan, APR itombora iyo muri Zambia

Amakipe azahagararira u Rwanda mu irushanwa ry’amakipe yatwaye ibikombe mu bihugu byayo ku mugabane w’Afurika (CAF Confederation Cup na CAF Champions League) yamaze gutombora ayo azakina na yo ku mikino yayo ya mbere. APR FC izahura na Zanaco yo muri Zambia naho Rayon Sport ihure na Al Salam Wau yo muri Sudani y’Epfo. APR FC yamaze […]Irambuye

Amavubi -U20 yatsinze Maroc 2-1 mu mikino ya gicuti

Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yaraye isoje urugendo yarimo muri Maroc, ibashije gutsinda umwe mu mikino ibiri yakinnye na Maroc, ku cyumweru Amavubi U 20 yatsinze Maroc 2-1 mu mukino wabereye kuri Centre National de Football, Maamoura. Vedaste Niyibizi na Savio Nshuti Dominique nib o batsindiye u Rwanda ibyo bitego bibiri. Uyu wari umukino wa […]Irambuye

Savio Nshuti yageze muri U20 y’Amavubi azakina na Uganda kuri

Kuri uyu wa gatandatu tariki 2 Mata 2016, ingimbi z’ikipe y’igihugu Amavubi, zirakira Uganda y’abatarengeje imyaka 20. Nshuti Savio Dominique yasanze bagenzi be. Gusa hari abakinnyi 12 basezerewe kubera ikibazo cy’ibyangombwa. Kayiranga Baptiste utoza iyi kipe ababajwe no kuba azahura na Uganda dafite abakinnyi barimo Nsabimana Aimable (Kapiteni wa Marines FC), Idriss Niyitegeka wa Kiyovu […]Irambuye

U Rwanda rwahigiye gutsinda ibirwa bya Maurice rukajya mu gikombe

Mu kiganiro n’abanyamakuru umutozwa w’Amavubi, Johnny McKinstry, yavuze ko bashaka gutsinda Iles Maurices (Mauritius Island) mu mikino yombi bikazafasha mu rugendo rwo gushaka ticket yo gukina igikombe cya Africa cya 2017. Johnny McKinstry yagize ati: “Tugiye gukina n’ibirwa bya Maurice dushaka amanota atandatu mu mikino ibiri kugira ngo bifashe imibare yacu. Ni intego zacu, ariko […]Irambuye

DR Congo niyo ya mbere yageze kuri Final ya CHAN

Ikipe ye Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yabaye iya mbere mu kubona itike y’umukino wa nyuma wa CHAN2016, nyuma yo gusezerera Guinea kuri Penaliti, mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa kane ukanarebwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame. DRC yasezereye u Rwanda muri 1/4 yaje mu mukino wa 1/2 yifitiye ikizere […]Irambuye

Amakipe 4 azakina 1/2 cya CHAN yamenyekanye

Amakipe ane (4) arimo atatu yo mu burengerazuba bwa Afurika yabonye itike ya ½ cy’igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihu byabo, CHAN 2016, irimo kubera mu Rwanda. Ibi bihugu ni Côte d’Ivoire, Mali, Guinea Conakry, na DR Congo. Les Aigles du Mali, ikipe y’igihugu ya Mali yabonye tike ya ½ nyuma yo gusezerera […]Irambuye

CHAN: U Rwanda ruzakina na DR Congo muri 1/4

Mu mikino isoza iy’itsinda rya kabiri (B), ikipe ya Cameroon ikoze ibyo benshi batatekerezaga itsinda Congo Kinshasa 3-1, byayihesheje amahirwe yo gusohoka mu itsinda iri ku mwanya wa mbere n’amanota arindwi. Amavubi azahura na DR Congo yabaye iya kabiri mu itsinda. Amateka y’amakipe yombi mu mikino ya CHAN yagaragazaga ko Congo Kinshasa yari yarashoboye gusezerera […]Irambuye

Tunisia yaguye miswi na Nigeria mu mukino wari witezwe cyane

Tunisia na Nigeria ni amakipe akomeye kandi ahabwa amahirwe muri iri rushanwa rya CHAN, umukino wazo wari witezwe cyane kuri uyu wa gatanu. Tunisia yarushije Nigeria gukina neza. Ariko birangira zinganyije kimwe kuri kimwe. Muri iri tsinda C ntiharamenyekana ikipe ikomeza muri 1/4. Mu itsinda A u Rwanda rwamaze kumenya ko ruzakomeza rutsinze imikino yarwo […]Irambuye

Umwiherero w’Amavubi azakina CHAN ushobora kwimurirwa i Nyakinama

Ikipe y’igihugu y’abakina mu gihugu imbere irimo kwitegura igikombe cya Afurika, (CHAN2016) izabera mu Rwanda muri Mutarama. Kuba umutoza wayo Johnny Mackinstry yifuza gutoreza abasore be ku kibuga cy’ubwatsi, niyo mpamvu umwiherero w’Amavubi ashobora kujyanwa i Musanze. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umuyobozi wa FERWAFA, Nzamwita Vincent Degaule yadutangarije ko umwiherero w’ikipe y’igihugu yitegura CHAN ushobora […]Irambuye

en_USEnglish