Tags : CAF

Razak Fiston yafashije Intamba gukomeza gushaka tike y’Igikombe cy’Isi

Rutahizamu w’Umurundi Fiston Abdul Razak ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri yafashije ikipe y’igihugu y’u Burundi Intamba mu Rugamba kubona itike yerekeza mu cyiciro gikurikiraho mu gushaka tike izayifasha mu gikombe cy’Isi kizabera mu Burusiya muri 2018. Abarundi babigezeho ubwo basezereraga ibirwa bya Seychelles ku bitego 2-0 byose byatsinzwe na Fiston Abdul Razak. Uyu […]Irambuye

Rayon yaraye rwantambi kuri ‘Reception’ ya Hotel itegereje indege

Ingaruka zo kutamenyeshwa ko umukino uzahuza Rayon Sports na Zamalek wimuriwe ku cyumweru ziri kugera ku bakinnyi. Ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 12 Werurwe rishyira uyu wa gatanu, abakinnyi ba Rayon baraye rwantambi bagandagaje kuri reception ya Hotel bategereje indege ibajyana El Gouna aho bazakinira kuko nta bushobozi bwo kujya muri Hotel ikipe […]Irambuye

Liga Muculmana izakina na APR FC yageze i Kigali 

Ikipe ya Liga Muçulmana de Maputo ikomoka mu gihugu cya Mozambique yageze mu Rwanda kuri uyu wa gatatu aho igomba  gukina umukino wo kwishyura n’ikipe ya APR FC, mu mikino y’amakipe yabaye ayambere iwayo muri Afrika (Orange Champions League). Uyu mukino uzahuza ikipe y’ingabo z’u Rwanda na Liga Muculmana uteganyijwe kuri uyu wa gatandatu kuri […]Irambuye

Umwanzuro ku bujurire bw’u Rwanda muri CAF uratangwa none

Nyuma y’uko u Rwanda rurezwe na Congo Brazzaville ndetse rukaza gusezererwa  mu marushanwa yo gushaka itike y’imikino yanyuma y’igikombe cy’Africa cya 2015 kubera ko u Rwanda rwakinishije umukinnyi ufite ibimuranga bibiri. U Rwanda rwarajuriye, kuri uyu wa 27 Kanama nimugoroba nibwo umwanzuro kuri ubu bujurire uza gutangwa i Cairo mu Misiri. Abayobozi b’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda barangajwe […]Irambuye

u Rwanda rwahagaritswe na CAF kubera Daddy Birori

Kuri iki cyumweru tariki 17 Kanama 2014 akanama k’imyitwarire k’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa, CAF, katangaje ko u Rwanda ruvanywe mu marushanwa y’amajonjora yo gushaka ticket yo kujya mu gikombe cya Africa 2015 kizabera muri Maroc. Uyu mwanzuro ukurikiye ikirego cyatanzwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Congo (FECOFOOT) nyuma y’umukino ubanza wabaye tariki 20 Nyakanga 2014 i […]Irambuye

Birori Daddy yahagaritswe by'agateganyo mu mikino yose CAF itegura

Nyuma y’uko ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Congo Brazzaville rireze umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Birori Daddy, ariko ukoresha amazina ya Taggy Etekiama iyo ari iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) rimushinja gukoresha imyirondoro itandukanye, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane wa Afurika (CAF) ryabaye rihagaritse by’agateganyo uyu mukinnyi  mu mikino yose ritegura mu […]Irambuye

U Rwanda rwarezwe na Libya kubera umukinnyi Daddy Birori

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Libya ryarangije kugeza ikirego muri CAF rirega u Rwanda ko rwakinishije umukinnyi udafite ibyangombwa mu mukino Amavubi yatsinzemo Libya 3-0 nk’uko bitangazwa na Ruhagoyacu. Agiti Taddy Etekiama uzwi nka Daddy Birori ni we watsinze ibitego bitatu byose u Rwanda rwatsindiye Libya kuri Stade ya Kigali ari nako ayisezerera mu […]Irambuye

en_USEnglish