Tags : BNR

RRA imbere ya PAC yemeye amakosa menshi yo kutita ku

*Miliyari 5 zamaze hafi imyaka 2 zitaragera kuri Konti ya BNR, ngo hari abariho bazikoresha mu nyungu zabo *Miliyoni 330 zakererejwe mu ma Banki naho miliyoni 20 zizimirira muri ECOBANK * Mu misoro ya 2014 RRA yakusanyije miliyari miliyari 806 ariko ngo muri raporo bavuze ko bakusanyije 838,4   Abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwinjiza Imisoro n’Amahoro, (Rwanda Revenue […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku

Raporo ya Banki y’Isi yo mu cyumweru cyashize, yashyize u Rwanda ku mwanya wa 12 mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku isi, iyi raporo iyobowe n’igihugu cya Ethiopia. Iyi raporo igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri 2015 buziyongeraho 7,00%, bukazakura kuri iki kigero muri 2016, mu mwaka wa 2017 bukazazamukaho 7, 50%.  Impuzandengo […]Irambuye

Nta mpungenge z’umuvuduko w’ibiciro ku masoko – Rwangombwa

30 Nzeri 2014 – Mu nama ngarukagihembwe  ya Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yabaye kuri uyu wa kabiri tariki 30 Nzeri, ubuyobozi bwa BNR bwatangarije itangazamakuru ko imibare  y’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko bumeza neza. Abayobozi ba BNR bamaze ko impungenge abaturage ku kibazo cy’uko  mu mezi atatu asigaye ngo uyu mwaka urangire, ibiciro bishobora kuziyongera […]Irambuye

Uwari umuyobozi mukuru wa RSSB yatawe muri yombi

Kigali – Ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi uwari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize RSSB Kantengwa Angelique. Nkuko byatangajwe na Polisi y’u Rwanda ahagana mu saa tanu z’ijoro kuri uyu wa kane kuwa 11 Nzeri, Kantengwa Angelique ari mu maboko ya polisi akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha nabi […]Irambuye

Impungenge za Banki y’Isi ku bipimo by'umuvuduko w’ubukungu bw’u Rwanda

Kuwa kane tariki 28 Kanama, Banki y’Isi yatangaje ko ifite impungenge ko igipimo cy’umuvuduko w’ubukungu bw’u Rwanda cyari giteganyijwe kugera kuri 6,0% gishobora kutageraho ahubwo kikaba 5,7% kubera impamvu zitandukanye zirimo ko gutanga inguzanyo ku bikorera bigenda buhoro. Izi mpungenge banki y’Isi izishingira ku kuba ngo n’ibyerekeranye n’ishoramari mu mishinga ifite aho ihuriye n’ubuzima bwa buri […]Irambuye

Izamuka ry’ubukungu bw’igihugu rijyanye n’imibereho y’Abaturage – Rwangombwa

Mu kiganiro Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yatanze kuri uyu wa kane igaragaza uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze, ubuyobozi bw’iyi banki bwavuze ko ibipimo bigaragaza ko igihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka cyagenze neza ku buryo nta mpungenge z’uko ubukungu bw’u Rwanda bwakongera kumanuka nk’umwaka ushize byabayeho kandi ngo igishimishije ni uko bujyana n’imibereho y’Abanyarwanda. Mu mwaka […]Irambuye

Perezida Kagame yasabye ko BRD yegurirwa abikorera kuko yananiwe inshingano

Ku munsi wa nyuma w’umwiherero w’abayobozi bakuru waberaga i Gabiro, mu Karere ka Gatsibo, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasabye abayobozi bakuru gutangira kwiga uko Banki nyarwanda itsura amajyambere “Banque Rwandaise de Développement (BRD)” yakwegurirwa abikorera kuko itageze ku nshingano zayo zo gufasha abahinzi, aborozi, ba rwiyemeza mirimo bato n’abaciriritse ahubwo ikaguriza abantu bafite uko bameze neza. […]Irambuye

en_USEnglish