Tags : Amavubi

Amavubi azakina na Zambia yahamagawe

Umutoza Mukuru w’agateganyo w’ikipe nkuru y’igihugu Amavubi, Bwana Lee Johnson yahamagaye abakinyi 26 kugirango bategure umukino mpuzamahanga wa gicuti uzahuza ikipe y’igihugu cya Zambia n’u Rwanda tariki ya 29/03/2015 i Lusaka nk’uko bitangazwa na FERWAFA. Umutoza Lee Johnson, ushinze tekiniki muri Ferwafa azategura ikipe y’Amavubi mu gihe hategerejwe Umutoza Mukuru. Imyitozo y’ikipe y’igihugu iratangira kuwa […]Irambuye

Abakinnyi b’Amavubi barahabwa agahimbaza musyi nubwo basezerewe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Nzeli 2014 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi bazabona agahimbaza musyi kabo ko ku umukino wabahuje n’ikipe y’igihugu ya Congo Brazaville Congo mu mukino wo kwishyura Amavubi agatsinda ibitego 2-0, n’ubwo batazakomeza mu mikino yo guhatanira itike yo kuzajya mu marushanwa y’igikombe cy’Afrika cya 2015 mu gihugu cya Maroc. Aba bakinnyi […]Irambuye

Team Manager w’Amavubi YAVANYWEHO.

Updated 7PM: FERWAFA ntirabitangaza ku mugaragaro ariko amakuru agera k’Umuseke aremeza ko Alfred Ngarambe yavanywe ku mwanya wa Team manager w’ikipe y’igihugu Amavubi. Ubushyamirane n’ushinzwe abakozi muri FERWAFA ngo bwaba aribwo bumukozeho. Umwe mu bakozi muri iyi nzu iyobora umupira w’amaguru mu Rwanda utashatse gutangazwa amazina yabwiye Umuseke ko ayo makuru ari yo n’ubwo FERWAFA […]Irambuye

Tugomba kugarura Perezida Kagame kuri stade – Haruna

Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu mezi abiri ashize yagaragaje gucika intege ku ikipe y’igihugu Amavubi idatanga umusaruro ugaragara. Haruna Niyonzima kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru w’imikino Gakuba Abdoul Jabar yamubwiye ko bari gukora ibishoboka ngo bamugarure ku kibuga kubashyigikira. Haruna Niyonzima yavuze ko bishimisha iyo umubyeyi yaje kugushyigikira mu […]Irambuye

Amafoto 50 waba utarabonye ubwo Amavubi yatsindaga Congo

Kuwa gatandatu tariki 02 Kanama ikipe y’u Rwanda yasezereye iya Congo Brazzaville mu kiciro cya nyuma cy’ijonjora. Amavubi yahise yinjira mu matsinda ari nayo azavamo amakipe 15 azajya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc. Ufana Amavubi wese yahise yongera kwibuka ‘ambiance’ ya 2004 Amavubi ajya muri CAN. Aya ni amwe mu mafoto ushobora […]Irambuye

Claude Le Roy ngo aje mu Rwanda gusezerera Amavubi

u Rwanda na Congo biracakirana kuri uyu wa 02 Nyakanga mu mukino wo kwishyura mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc, ikipe y’igihugu ya Congo Brazzaville igeze i Kigali kuri uyu wa 31 Nyakanga saa mbiri z’ijoro, umutoza wayo Claude Le Roy avuze ko aje mu Rwanda gusezerera Amavubi. […]Irambuye

Abanyamakuru i Kigali ngo bari gutesha ‘equilibre’ Amavubi!!!

Amavubi amaze gutsindwa ibitego 2 – 0 muri Congo Brazzaville yahise yarekeza muri Gabon kwitegura umukino wo kwishyura ikina  tariki 27 Nyakanga, umuyobozi w’Umupira w’amaguru mu Rwanda yatangaje ko ngo bataje i Kigali kuko banze ko itangazamakuru ryatesha ‘equilibre’ abakinnyi. Ntakidasanzwe cyari kibirimo, cyane ko byari biteganyijwe ko bagomba kwishyura umukino wa Gabon wa gicuti, […]Irambuye

Week end mbi ku Amavubi. Congo 2 – 0 Rwanda

Nyuma y’uko Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 atsinzwe ibitego 4 -0 kuwa gatandatu i Kampala, Amavubi makuru nayo kuri iki cyumweru yaguwe nabi i Pointe Noir n’ikipe y’igihugu ya Congo iyatsinda ibitego bibiri ku busa mu mukino ubanza wo gushaka tike yo kujya mu gikombe cya Africa cy’ibihugu kizaba mu 2015 muri Maroc. Ikipe y’igihugu Amavubi […]Irambuye

U Rwanda rutsinze Gabon 1-0

Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’ itsinze Ibisamagwe byirabura bya Gabon igiteko kimwe ku busa cyatsinzwe n’umukinnyi Tuyisenge Jacques ku mupira yaherejwe na Iranzi Jean Claude. Uyu wari umukino wa gicuti amakipe yombi yakinaga mu Rwego rwo kwitegura imikino yo guhatanira itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika kizaba umwaka utaha. Mu gice […]Irambuye

Nirisalike ntazakina na Gabon, Dady Birori yageze i Kigali

Umukino w’amajonjora y’ibanze yo kujya mu gikombe cya Africa 2015 hagati y’u Rwanda na Congo Brazzaville utegerejwe muri week end ya tariki 19 – 20 Nyakanga. Imyitozo y’ikipe y’igihugu Amavubi ku mugoroba wo kuri uyu wa 09 Nyakanga ntihagaragayeyo bamwe mu basore bari bifujwe n’umutoza Philip Constantine. Uyu mutoza avuga ko yari yifuje ko imyitozo […]Irambuye

en_USEnglish