Cyamunara y’ikariso ya cyera ya Madonna n’ibaruwa y’urukundo yandikiwe na Tupac Shakur yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu i New York yahagaritswe ku busabe bw’uyu muhanzi w’icyamamare. Tupac na Madonna ni abahanzi bamamaye cyane ku rwego rw’isi, Tupac we yarapfuye ariko ibye biracyahabwa agaciro n’abamukunze akiriho nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru nbcnews. Uyu munsi i New York […]Irambuye
Maryam Mirzakhani umuhanga mu mibare w’umunya-Irani ari nawe mugore wa mbere watsindiye igihembo kitwa “Fields Medal” igihembo kirenze ibindi mu bihabwa abanyamibare, yitabye Imana muri week end ishize azize indwara ya Cancer. Urupfu rwe rwatangajwe n’umuvandimwe we kuwa gatandatu, yaguye mu bitaro byo muri Amerika azize Cancer y’amabere bari baramusanganye mu 2013. Yitabye Imana ku […]Irambuye
Simbarikure Teodore yacitse gereza ya Rusizi mu mpera z’Ukuboza 2016. Uyu mugororwa yari yarahamijwe icyaha cy’ubujura bwitwaje intwaro. Yari amaze amezi arindwi yaratorotse gereza, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu byatangajwe ko yafashwe agerageza guhungira muri Uganda. Simbarikure w’imyaka 40 akomoka mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nkanka Akagari ka Kinyaga. Yari yarakatiwe […]Irambuye
Isi yizihije umunsi mpuzamhanga wahariwe abaturage, BBC yasuye umugabo wo muri Ghana umaze kubyara abana 100 avuga ko azakomeza kubyara n’abandi. Kofi Asilenu, w’imyaka 80 y’amavuko ni umugabo wabyaye abana 100 ku bagore be 12. Atuye, we n’umuryango we mu cyaro kitwa Amankrom, kuhagera mu modoka ni iminota 45 uvuye ku murwa mukuru wa Accra. […]Irambuye
Umupasiteri wo mu Bangilikani muri Uganda witwa Rev Canon Christine Shimanya ku Cyumweru yanenze Abakirisitu bafite amadolari n’ama pounds bajya gusenga bakabanza kuyavunjisha mu maShilling kugira ngo babone ayo batura. Mu rusengero rwitwa Namugongo Martyrs Church niho uyu Pastori yamaganye iyo migenzereze y’Abayoboke be. Yagize ati: “Hari bamwe muri mwe usanga bafite amadolari bakuye mu […]Irambuye
GhanaSat-1 yubatswe n’abanyeshuri bo muri All Nations University y’ahitwa Koforidua yoherejwe kuri Orbit mu isanzure iturutse kuri International Space Station. Abantu 400 bari muri uyu mugi wo mu majyepfo ya Ghana bakurikiranye Live uko kohereza iki cyogajuru bigenda basabwe n’ibyishimo gihagurukijwe. Ni umushinga umaze imyaka ibiri ukorwa ku nkunga y’ikigo Japan Aerospace Exploration Agency (JAXA). […]Irambuye
Abakoresha ururimi mu mibonano (oral sex) Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) rirababurira ko iki gikorwa kiri gukwiza indwara yitwa Gonorrhea igoye cyane kuvura ndetse ubundi ntibinashoboke. Iyi ndwara yandurira mu mibonano mpuzabitsina no gukoresha ururimi muri yo iri gukwirakwira bidasanzwe kandi ari nako itakibashwa n’imiti ya antibiotics yayishoboraga. Ubu ngo buri mwaka abantu […]Irambuye
Muraho neza basomyi! Ndi umusore uri mu kigero cy’imyaka 32, ubwo nari mfite imyaka 15 navuye iwacu mu cyaro nza mu mugi wa Kigali ngo nshake ubuzima kuko ku ivuko twari tugowe n’ubukene nkababazwa cyane no kubona barumuna banjye bicira isazi mu jisho kuko Papa atahahaga, utwo yabonaga twose yatujyanaga mu kabare. Nkigera mu mugi […]Irambuye
Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli yatangaje ko yanze kwitabira ubutumire 60 bwamusabaga kujya hanze y’igihugu nyuma y’aho abereye Perezida mu myaka ibiri ishize. Magufuli yabwiye abaturage ko ashaka gukorera Tanzania mbere na mbere. Ku wa kabiri tariki 4 Nyakanga ubwo yari mu gace ka Sengerema ageza ku baturage umuyoboro w’amazi meza nibwo yabitangaje. […]Irambuye
Abahanga mu byataburuwe mu matongo (archaeologists) bo muri Mexique baherutse gucukura ahantu bavumbura ibikanka 650 bitabye mu butaka mu buryo bukoranye ubuhanga bw’abubatsi. Ibyo bavumbuye byabaye ikimenyetso simusiga gishyigikira inyandiko z’abanyamateka zivuga ko aba Aztecs bahoze batamba ibitambo by’abantu barimo cyane cyane abagore n’abana ndetse n’abanzi babaga bafatiwe ku rugamba. Ubwami bw’aba Aztecs bahoze mu […]Irambuye