Bibiliya ibivugaho iki? Ubuhanuzi ni ubutumwa bwahumetswe n’Imana: mu yandi magambo akaba ari iyerekwa ryaturutse ku Mana. Bibiliya ivuga ko abahanuzi “bavugaga ibyavaga ku Mana, kuko babaga bayobowe n’Umwuka Wera” (2 Petero 1:20, 21). Ubwo rero umuhanuzi ni umuntu wakira ubutumwa buturuka ku Mana akabugeza ku bandi. — Ibyakozwe 3:18. Ubutumwa buturuka ku Mana bwageraga […]Irambuye
Uyu mugabo wahoze ari igihangange muri NBA kuri uyu wa kabiri yafashe indege ku kibuga cy’indege mu Bushinwa yerekeza i Pyongyang muri Korea ya ruguru gusura mucuti we Perezida Kim Jong Un wamwakiriye neza ubwo ahaheruka. Leta ya USA (iwabo wa Rodman) imaze igihe irebana ay’ingwe na Pyongyang ndetse yashyizeho amatangazo ko Abanyamerika badakwiye gutemberera […]Irambuye
Ku italiki 20, Mutarama 2017 nibwo Perezida Donald Trump yarahiriye gutangira imirimo ye nk’Umukuru w’igihugu wa USA ku mugaragaro. Nyuma y’aho we n’umugore we bagombaga kwimukira muri White House i Washington. Trump yimukiye muri iriya nzu ariko umugore we Melanie Trump aranga, ngo yagombaga kubanza kwita ku mwana we muto Barron Trump yari akiri ku […]Irambuye
Ubujura bw’amatungo magufi cyane cyane ihene bwugarije abaturage bo mu tugari twa Gisanze na Mataba mu murenge wa Rubengera twegereye umugezi wa Muregeya utandukanya akarere ka Rutsiro na Karongi. Ababiba ngo ihene bajyakuzigurisha mu igo cy’Abashinwa kiri aho hafi y’umugezi nk’uko byemezwa n’abayobozi b’ibanze ba hano. Mu kabwibwi kuri uyu wa kane abaturage bifatiye umusore […]Irambuye
Ubundi ingagi ntizibyazwa n’abantu ariko mu cyumweru gishize ingagi abantu bakoze ikidasanzwe babyaza ingagi ku nshuro ya mbere. Iyi ngagi yaraye kubise ijoro ryose ibyara bucyeye kuwa gatanu ushize. Ni mu kigo kibamo ingagi muri Philadelphia,US. Iyi ngagi ngo kubyara byari byayigoye cyane maze iratabarwa abantu barayifasha. Ingagi ni inyamaswa zifite byinshi zihuriyeho n’abantu niyo […]Irambuye
Iki ni igitekerezo cyamaze kwigirwa umushinga n’intiti muri science zo mu bihugu byinshi byo kw’Isi byibumbiye mu kigo cyashinzwe n’umuherwe w’Umurusiya Igor Ashurbeyli kitwa Aerospace International Research Center. Mu bantu bagera kuri Miliyoni basabye kuzajya kuba muri uriya mudugudu wiswe Asgardia harimo Abanyarwanda 37 nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Asgardia. Kugeza ubu abantu bo mu […]Irambuye
Police ya Mozambique yaburiye abagabo bafite uruhara ko bashobora kwibasirwa n’abantu bakora imigenzo mibi nyuma y’ako hari batanu bishwe mu kwezi gushize babaciye imitwe bakayitwara. Abagabo batanu bafite uruhara babasanze bishwe baciwe imitwe n’ibice bimwe byabo by’umubiri bakebwe mu gace kitwa Zambezia nk’uko bivugwa n’ibinyamakuru byaho. Umuvugizi wa Police ya Mozambique avuga ko bafashe abantu […]Irambuye
Mu kwa gatanu 1944 Intambara ya kabiri y’isi yari irimbanyije, Abongereza n’inshuti zabo z’Abanyamerika n’abandi barwana n’ingabo za Hitler. Howard Linn yari afite imyaka we, yari umusirikare w’umunyamerika urwanira mu kirere. Indege yabo B-24 Liberator irasa za Bombe ihaguruka mu Bwongereza igiye kurasa ahitwa Brunswick mu Budage. Linn byarangiye aguye mu cyaro cyo mu Budage, […]Irambuye
Polisi mu gihugu cya Tanzania yataye muri yombi umuhanzikazi uzwi cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana, Rose Muhando ashinjwa kwambura urusengero rwitwa AICT Singida amashilling 950 000. Muhando yatawe muri yombi ku wa mbere nk’uko Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Singida, ACP Debora Mgiligimba yabitangaje ngo Rose Muhando yafatiwe mu Karere ka Ikungi nyuma y’uko […]Irambuye
Ni ubwato bwitwa MSC ni bwo ku isi kugeza ubu bufite ubushobozi bwo gucumbikira abantu 6 850 bafite aho barira, bidagadurira, bivuriza, bakinira imikino itandukanye n’aho basohokera muri Week-end bakabyina. Ubu bwato bupima toni 200 000 bumwe muri bwo bukaba bwaramuritswe mu mpera z’icyumweru gishize ubundi buzamurikwa hagati y’umwaka wa 2022 na 2026. MailOnline ivuga […]Irambuye