Nyuma yo kubura ibiganza byombi, asigaye yifashisha umunwa n’ibirenge bye mu bukorikori bwe! Uwareba ibihangano bikorwa n’uyu Mushinwa, ntiwamenya ko atagira ibiganza ahubwo yikoreshereza umunwa n’ibirenge mu bukorikori bwe. Huang Guofu yamugaye afite imyaka 4 ariko ubu agerageza gukoresha bimwe mu bice by’umubiri asigaranye akazi kagakozwe n’ibiganza. Photo: Umunyabugeni w’umushinwa Huang Guofu Uyu mugabo Huang […]Irambuye
FENG SHUI ni uburyo bwa kera bwakoreshwaga cyane n’abashinwa mu gutaka(Aesthetic), bashingiye ku mitere y’ikirere n’imiterere y’ibyo ku isi, hagamijwe gutera imbere mu gukora ibintu binoze. Ijambo FENG SHUI ntiryakomeje gukoreshwa mu bugeni gusa, ahubwo ryaje gukoreshwa no mu bindi. Muri ibyo, hari FENG SHUI isobanura isesengura ry’imiterere ‘ibihe (umwaka, ukwezi, umunsi cyangwa isaha), ukurikije […]Irambuye
Umunyeshuri w’umukobwa wiga muri kaminuza ya Toppenisch High School y’i Washington iherereye muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika yabeshye ko atwite mu gihe kingana n’amezi agera kuri atandatu kugirango abashe kubona ibisubizo ku bibazo yibazaga ku mushinga yari afite w’akazi. Gaby Rodriguez w’imyaka 17 wamenyekanye cyane muri Leta zunze Ubumwe z’ Amerika, kubera ikinyoma cye, […]Irambuye
Inzoga ikozwe muri Viagra ku isoko mu minsi mike! Mu gihugu cy’Ubwongereza, ku munsi w’ubukwe bw’igikomangoma William na Kate Middleton ni bwo iriya nzoga izamurikirwa abasomyi ndetse ngo amacupa atari make yatangiye kohererezwa kiriya gikomangoma. Mu by’ukuri urwengero rwiswe Royal Virility Performance rwashyiriweho umunsi w’ubukwe bw’igikomangoma William na Kate Middleton, buteganyijwe kuba kuya 29 z’uku […]Irambuye
Abaperezida 5 bo muri Africa badakunda gukoresha internet. Nubwo ikoranabuhanga rya internet rikomeje gutera imbere muri Afrika, hari abakuru b’ibihugu bimwe na bimwe bumva ko ritabareba. Nyuma y’urutonde rugaragaza abaperezida 5 bo muri Afrika bakunda gukoresha cyane internet, cyane cyane zimwe mu mbuga zihuza abantu bagahana ibitekerezo nka Facebook na Twitter. Socialbakers.com rwasohoye urutonde rw’abaperezida batanu […]Irambuye
Uzajya ujyana urwaye baguhe umushya Kunshuro yambere, abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Minneapolis (Minneapolis Heart Institute) iherereye muri Leta ya Minnesota muri Leta Nzunze Ubumwe z’Amerika, bashoboye gukora imitima y’abantu muri Laboratoire. Iyi mitima nubwo itaratangira gutera (battement du coeur) bizeye ko izatangira gukora mu byumweru bike biri imbere. Muri 2008, aba bashakashatsi bari bakoze […]Irambuye
Waba uzi ibiribwa byaguteza ibibazo utwaye imodoka yawe ? Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubwishingizi mu gihugu cya leta zunze ubumwe za amerika (compagnie d’assurance américaine) bwashyize ahagaragara urutonde rw’ibiribwa bibujijwe gufatwa igihe umuntu ari kuri volant atwaye imodoka. muri byo harimo icyayi, isupu n’ibindi biribwa biboneka muri icyo gihugu bishobra ku kurangaza utwaye imodoka ukaba wakora […]Irambuye
Bikabyo original yanditse amateka kubera telephone, Amaze kumenyekana kubera guhamagara kuma Radio Umuseke.com: Bikabyo original ni muntu ki? Bikabyo original : Nitwa NZAYISENGA Callixte ntuye ikarongi ndi umufotozi nkakaba ntarigeze niga ariko maze gukura nize icyo bitaga ikigoroba kandi burya irema abatindi ninayo ibogosha ubu nanjye naramenyekanye. photo:Bikabyo ubaye umustar kubera gutanga ibitekerezo ku maradio […]Irambuye
Iyi nzu izagira metero 1609 yitwa “Kingdom Tower” iri kubakwa muri Arabie Saoudite ikazasumba cyane iyari ndende kurusha izindi ubu kwisi yose ya Burj Khalifa izwi cyane kw’izina rya Burj Duubai. Igikomangoma Al Waleed Bin Talal akaba na patron wa Kingdom Holding Company niwe wemeje iyubakwa ry’iyi nzu idasanzwe. Dubai muri Emirats Arabes Unis niho […]Irambuye
Biratangaje ariko ni ukuri, president wa Republic Tcheque ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri muri Chili camera zamubonye yiba ikaramu zimushyira ku mugaragaro. Vaclav Klaus uyu mukambwe akaba yaracunze benshi ngo bahanze amaso president wa Chili bari bafatanyije gutanga iki kiganiro, maze ashora akaboko aho iyo karamu yari ayikubita mw’ikoti arangije afunga […]Irambuye