*Ati “ Utekereza ko aje gukira ashatse yafata inzira hakiri kare”, *Ngo uzashaka kwikubira ibya rubanda ntazihanganirwa… * Yabasabye kuryama nyuma bakabyuka mbere *Ati “Mwikora ikintu kuko mwumvise ko Perezida aza gusura uturere muyobora…” Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yabivuze kuri uyu wa 20 Werurwe atangiza itorero ry’abayobozi b’uturere barimo Njyanama na Nyobozi z’uturere n’Umugi […]Irambuye
Isoko mpuzamahanga riherereye mu murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi abarirema batangaza ko kuba iri soko ritubakiye ridafite n’ubwiherero bibangamiye abahacururiza, iri soko rikaba rimaze igihe kigera ku myaka 50 riremera aha. Iri soko rya Bugarama riremwa n’abavuye mu Rwanda, Congo na Burundi, abaturage bo mu Rwanda barirema bavuga ko bahora basaba ubuyobozi kuryubaka no […]Irambuye
Kuva bamugura mu mezi abiri ashize yari atarikina kubera imvune ariko ubu rutahizamu Jacques Tuyisenge wa Gor Mahia yo muri Kenya yagarutse mu kibuga mu mukino wa gicuti ikipe ye yatsinze Uropa FC 4-0 kuri iki cyumweru. Jacques Tuyisenge wavuye muri Police FC, yakinnye umukino we wa mbere mu ikipe ye nshya, yaherukaga gukina tariki […]Irambuye
Ntaganzwa Ladislas wafatiwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo muri Ukuboza 2015 yagejejwe mu Rwanda saa tanu n’igice kuri iki cyumweru n’indege ya UN. Uyu mugabo aje kubazwa ibyaha bya Jenoside ashinjwa kuba yarakoreye mu cyahoze ari Komine Nyakizu muri Butare. Ntaganzwa yahoze ari Burugumesitiri wa Komini ya Nyakizu muri Perefegitura ya Butare. Yari umwe […]Irambuye
Mu itangazo Umuseke waboneye copy ndetse riri kuri twitter ya Guverinoma y’u Rwanda rikaba ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, riravuga ko muri Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Minisitiri Gasinzigwa yasimbuwe na Dr Diane Gashumba. Kamanzi Jackline yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri iyo Minisiteri. Abandi bayobozi bashyizweho na Perezida Paul Kagame, ni Umulisa Henriette wagizwe Umunyamabanga Mukuru […]Irambuye
Bamwe mu banyeshuri baganiriye n’Umuseke kuri uyu wa Gatanu ubwo bari bamaze guhabwa za mudasobwa zo kuzakoresha mu myigire yabo bavuze ko bazagorwa no kwishyura ibihumbi 17 buri kwezi kuri ziriya mashini kuko ngo bakiri abanyeshuri. Buri machine ifite agaciro k’amafaranga ibihumbi 246Rwf kandi ngo izishyurwa mu mezi 18. Iki gikorwa cyabereye muri Kaminuza y’u […]Irambuye
*Nibura Isange One Stop Center ya Nyagatare yakira buri kwezi hagati ya 30 na 50 bahohotewe, *Iyo ari mu gihe cy’ihinga ibyaha biragabanuka, ku mweru w’imyaka bikiyongera. Abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikigo Isange One Stop Center kibarizwa mu bitaro bya Nyagatare, mu Ntara y’Uburasirazuba, ibaha ubufasha bwihuse ku buryo bibarinda guhura n’indwara zitandukanye […]Irambuye
Perezida Kagame ubwo yasuraga Akarere ka Rutsiro umwaka ushize abaturage baturutse mu Karere ka Karongi bamugejeje ho ikifuzo cy’uko yabatera inkunga y’ifumbire y’ishwagara kuko ngo bahinga ntibeze kubera ubutaka bwaho ngo bwakayutse bukaba busharira. Icyo gihe Umukuru w’igihugu yarayibemereye ndetse bidatinze ihita itangira kuzanwa ibikwa n’abashinzwe ubuhinzi mu Karere ka Karongi ku biro by’utugali tumwe […]Irambuye
Kuri uyu wa kane tariki ya 17 Werurwe, Kaminuza Gatolika y’u Rwanda ikorera i Save mu karere ka Gusagara ikagira na Campus ku i Taba mu karere ka Huye, yatanza impamyabumenyi ku banyeshuri 610 baharangije mu mwaka w’ashuri 2014-15, muri bo 60% ni abagore ndetse ni na bo biganje mu bagize amanota ya mbere bahembwe. […]Irambuye
Kuri uyu wa Kane ubwo yasubizaga ibibazo Komisiyo y’Abadepite ishinzwe uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside yagejejweho n’abatuye Akarere ka Burera, Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Vincent Biruta yasobanuye ko bamwe mu baturage batanze biriya bibazo bijyanye no kudahabwa ibyemezo by’ubutaka kandi batuye mu bishanga, ngo ntibari babikwiriye kuko ibishanga ari umutungo wa Leta. Abaturage batuye […]Irambuye