*Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yaganiriye n’Umuseke kuri gahunda ya E-Recruitment, *E-Recruitment ni gahunda yo gutanga akazi binyuze kuri Internet, *Ubwo yasobanurwaga tariki 4/4/2016, hari abavuze ko itashobora guca ikimenyane na ruswa mu itangwa ry’akazi, *Hari igihe kizagera mu Rwanda gukora ikizamini cyanditse n’icyo kuvuga bibere kuri Internet. Mu kiganiro kirekire Umuseke […]Irambuye
Mu kiganiro yatanze mu ihuriro mpuzamahanga ku bukungu “World Economic Forum (WEF)”, Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika ikwiye gutera intambwe ndende iyigeza ku rwego rumwe n’ibindi bice by’isi mu iterambere, kugira ngo itazahora irwana no kugera ku iterambere abandi barenze. Iki kiganiro cyahujwe no gufungura WEF ya 2016 ibera mu Rwanda, cyibanze ku mpinduramatwara […]Irambuye
Umujyi wa Gicumbi uragenda utera imbere bigaragara kimwe n’imijyi nka Musanze, Rubavu, Huye na Muhanga. Ubuyobozi bwa Gicumbi burasaba ko abayituye n’abaza kuyitura bubahiriza igishushanyo mbonera kugira ngo mu gihe kizaza batazagira umujyi utuwe mu kajagari. Umaze nk’imyaka 10 atagera mu mujyi wa Byumba iyo ahinjiye abona ko hari kinini cyahindutse, amazu y’ubucuruzi yawuzamutsemo hamwe […]Irambuye
Muri Petit Stade i Remera Eric Dusingizimana aracyakubita (Cricket Batting) agapira, ubu amaze gukora amasaha 26 (ubwo twandikaga iyi nkuru) mu masaha 51 agomba kumara agaca umuhigo wa Guinness World Records ubu ufitwe n’umuhinde Virag Mare. Mu gitondo kuri uyu wa kane Umuseke wasubiyeyo, umunyamakuru wacu avuga ko ku maso ubona agifite imbaraga mu buryo […]Irambuye
Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko umunyemari Gaspard Milimo wari uzwi cyane mu bikorwa by’ubucuruzi muri Kigali n’amazu y’ubucuruzi yari afite Nyabugogo, yitabye Imana azize uburwayi mu bitaro i Nairobi muri Kenya. Gaspard Milimo, yari amaze iminsi aba muri Kenya, yamenyekanye cyane kubera ahanini inyubako ye y’ubucuruzi iherereye muri Nyabugogo Umujyi wa Kigali wari uyobowe na […]Irambuye
Camp Kigali – Mu nama mpuzamahanga ya World Economic Forum on Africa iri kubera i Kigali, uyu mugoroba habaye ikiganiro nyunguranabitekerezo cyari gifite intero ivuga ngo ‘Partnership and doing Business in Africa”. Cyari kiyobowe (Moderator) na Tony Blair naho abatanga ibitekerezo b’ibanze ari Perezida Paul Kagame n’umushoramari Howard Buffet washoye mu buhinzi mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye
*Imitwe ya Politiki, Minisiteri, Societe Civile,…barasabwa gushyiraho umukozi ushinzwe imibanire mu bakozi, *Gusenya ntibyatawara imyaka 100 ngo kubaka bitware 22 – Uyobora ‘Ndi Umunyarwanda *Ishyaka UDPR uko barwanyaga amacakubiri mbere ya Jenoside ngo n’ubu bakomeje urugendo Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge yahurije hamwe abafatanyabikorwa bayo barimo ibigo bya Leta, imiryango itegamiye kuri Leta, imitwe ya Politiki, amadini, […]Irambuye
*Yayoboye MINISANTE mu Rwanda hari abaganga 200 gusa *Ubwe yagiye muri Cuba gushaka abaganga baraza batanga umusanzu *Ku gihe cye imiti igabanya ubukana bwa SIDA yaguraga 400 000Rwf ku kwezi *Ubu ayoboye ‘Association Les Amis du Collectif des Parties Civiles pour le Rwanda’ Dr Ezéchias Rwabuhihi yayoboye Minisiteri y’Ubuzima mu bihe bitoroshye, nyuma y’imyaka itanu […]Irambuye
Kuva saa mbili za mu gitondo kuri uyu wa gatatu kugeza kuwa gatanu saa tanu zuzuye!!!! Adahagaze ijoro n’amanywa agomba gukubita (batting) agapira ka Cricket abantu bateye. Eric Dusingizimana araharanira guca umuhigo ufitwe n’umuhinde wamaze amasaha 50 akora ‘batting’ we akagira nibura amasaha 52 maze akajya muri GUINESS WORLD RECORDS!!!! Buri saha afatamo iminota itanu […]Irambuye
Leta ya Vladmir Putin iritegura kugerageza igisasu karahabutaka cyo mu bwoko bwa Missile gishobora gushwanyaguza igihugu kingana n’Ubufaransa cyangwa Leta ya Texas ya USA. Ni igisasu cy’imbaraga kirimbuzi kitigeze kibaho mbere, kiswe ‘Satan 2’. Nta koranabuhanga rya gisirikare rishoboka rya antimissile rishobora guhagarika iki kintu. Izina ryacyo nyaryo ni “RS-28 Sarmat”, gikoreshejwe ikoranabuhanga ridasanzwe ryo […]Irambuye