‘Bunyankungu Model Village’ umwe mu midugudu y’ikitegererezo yatangiwe kugeragezwa na Leta muri Politiki yo guteza imbere ibyaro n’imiturire igezweho. Ni umudugudu wakorewe inyigo mbere y’uko wubakwa, utangira kubakwa ngo uzahabwe amazi, amashanyarazi, imihanda ikase neza, Internet, amashuri n’ivuriro hafi ube uw’ikitegererezo koko. Ntibyagezweho ariko kugeza ubu, nta mazi meza, nta mashanyarazi, nta shuri hafi nta […]Irambuye
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Claver Gatete arahakana amakuru avuga ko u Rwanda rwamaze gufata umwanzuro wo kuva mu mushinga wa Gariyamoshi y’umuhoora wa Ruguru uzaturuka Mombasa muri Kenya ukagera i Kigali. Uyu mushinga umaze imyaka itatu kuko wumvikanyweho n’ibihugu by’u Rwanda, Uganda na Kenya mu mwaka wa 2013, usa n’utarasobanuka neza igihe uzagerere mu Rwanda […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yakiriye ku nshuro ya mbere Ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda Pan Hejun, baganira ku mishinga inyuranye irimo no kwagura imwe mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali ku burebure bwa Kilimetero 54. Nyuma yo kubonana na Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi, Ambasaderi Pan Hejun yabwiye […]Irambuye
*Ikigo ngororamuco cy’abagore harabura amafaranga ngo cyubakwe *Ingufu nke zishyirwa mu gukumira ko urundi rubyiruko rujyanwa Iwawa *Umwaka utaha abajya Iwawa bazikuba kabiri bagere ku bihumbi bine Minisitiri Philbert Nsengimana n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga kuri uyu wa gatatu bari imbere ya Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo by’igihugu y’Inteko Ishinga Amategeko aho basobanuye ko hakiri […]Irambuye
Umuyobozi mushya w’Akarere ka Karongi Ndayisaba François ngo agiye kuvugurura urwego rw’ubuhinzi ku buryo yiteguye guhangana n’ubukene bukabije buri ku kigero cyo hejuru muri aka Karere, ndetse byagenda neza bukaranduka burundu, 21,3% by’Abanyakarongi bafite ubukene bukabije. Aka Karere gakunze kwitirirwa icyahoze ari Kibuye gatuwe n’abaturage basaga 331,000, ni agace k’amahirwe menshi kubera imishinga minini, imito […]Irambuye
Abaturage babarirwa mu magana bakora imirimo yo gucukura amaterasi ndinganire mu murenge wa Remera mu kagali ka Bugera kuri uyu wa gatatu mu gitondo bataye akazi bajya mu mihanda berekeza ku murenge wa Remera bagaragaza akababaro bafite kandi basaba ko bishyurwa amafaranga bakoreye. Aba baturage bavuga ko bamaze amezi atatu badahembwa, bavuga ko ubuzima bubakomereye […]Irambuye
Abacururiza mu isoko rya Karugira i Gikondo imvura iyo iguye cyangwa izuba ryinshi ibicuruzwa byabo birangirika, bakinubira ko bavanywe mu isoko rya Kigarama rigasenywa mu 2013 babwirwa ko rizuzura mu mezi 15 none hakaba hashize imyaka hafi itatu, ndetse ubu nta n’ikizere bafite ko rizubakwa. Muri iri soko iyo imvura iguye benshi bahagarika ubucuruzi, iyo […]Irambuye
*Abanyamadini basaba abiciwe gutanga imbabazi no kubatazibasabye kuko byomora ibikomere *Abanyamadini biyemeje kuvana Abanyarwanda n’abatuye isi ku banyamadini bagize uruhare muri Jenoside. *Abanyamadini bumvikanye ‘Kuvana urujujo mu banyarwanda ku bayobozi n’amatorero n’amadini bagaragaweho icyaha cya Jenoside’ Mu nama nyunguranabitekerezo kuri gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yahuje abayobozi b’abamadini n’amatorero na Komisiyo y’Ubumwe n’ubwiyunge, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’iyi […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo ari i Roma mu Butaliyani aho yagiye kwitabira inama ya Italy-Africa Ministerial Conference itangira kuri uyu wa gatatu. Iyi nama igamije gukomeza cyangwa gutangiza (aho butari) ubufatanye bw’Ubutaliyani n’ibihugu bya Africa mu bijyanye n’ubuhinzi, ikoranabuhanga n’ibijyanye n’ingufu zitangiza ibidukikije. Iyi nama iritabirwa cyane cyane […]Irambuye
Karongi – Aganira n’abaturage ba Karongi kuri uyu wa kabiri, Perezida Kagame yababwiye ko bagomba guhindur aimyumvire bakagira imikorere yihuta iganisha ku majyambere. Muri uku kubonana n’abaturage akaba yumvise ibibazo by’abaturage asiga hari bimwe ashinze abayobozi gukemura. Byinshi mu byo bamubajije bishingiye ku mitungo. Perezida yanenze ko ibibazo nk’ibi bimugeraho bigaragaza icyuho hagati y’abaturage n’abayobozi. […]Irambuye